skol

Mu mahanga

Amerika yambuye Visa abanyeshuri bakabakaba 1500 kuva Trump yasubira ku butegetsi

Leta Zunze Ubumwe za Amerika zambuye Visa abanyeshuri ba kaminuza zitandukanye 1489 kuva tariki (…)

Amerika yatangaje ko yaba igiye kureka kuba umuhuza wa Ukraine n’u Burusiya

Leta Zunze Ubumwe za Amerika zatangaje ko zishobora kureka kuba umuhuza mu biganiro by’amahoro (…)

Abagera kuri 58 bamaze guhitanwa n’ibitero Amerika yagabye muri Yemen

Ibitero by’indege byagabwe na Leta Zunze Ubumwe za Amerika ku cyambu cya Ras Isa muri Yemen (…)

Trump yongeye gushinja Congo kohereza muri Amerika abimukira bakoze ibyaha bikomeye

Perezida Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika yongeye gushinja ‘Congo’ kohereza mu (…)

Zelensky yashinje u Bushinwa guha intwaro u Burusiya

Perezida wa Ukraine, Volodymyr Zelenskyy, yatangaje ko u Bushinwa buri gufasha u Burusiya, (…)

Qatar yiyemeje kuba umuhuza mu kibazo cya Ukraine n’u Burusiya

Umuvugizi wa Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga muri Qatar, Majed Mohammed Al-Ansari, yatangaje ko (…)

Elon Musk yahonze umugore miliyoni 15$ ngo atazagaragaza ko babyaranye

Ashley St.Clair uherutse kubyara umwana wa 14 wa Elon Musk, yatangaje ko uyu munyemari yamuhaye (…)

Trump yateye utwatsi ibitero simusiga Israel yiteguraga kugaba kuri Iran

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump yamaganye icyifuzo cya Israel cyo kugaba (…)

Amerika ishobora kugabanya inkunga yahaga Loni na OTAN

Leta Zunze Ubumwe za Amerika iri gusuzuma umushinga wo guhagarika inkunga hafi ya zose (…)

Hakomeje kwibazwa ikihishe inyuma y’ibiganiro bwa Amerika n’Uburayi

Kuri uyu wa Kane intumwa zidasanzwe za Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika (USA) Donald (…)

Amerika yagejeje umusoro w’ibicuruzwa biva mu Bushinwa kuri 245%

Leta Zunze Ubumwe za Amerika zatangaje ko zongereye umusoro w’ibicuruzwa biva mu Bushinwa ho (…)

Trump agiye gufunga Ambasade za Amerika hafi 30

Ubutegetsi bwa Perezida Donald Trump burateganya gufunga za Ambasade na consulat za Amerika mu (…)

Muri Sudani abasivili barenga 400 baguye mu bitero bya RSF

Umuryango w’Abibumbye uvuga ko ibitero biheruka kugabwa mu cyumweru gishize byagizwemo uruhare (…)

Uburusiya na Amerika byananiwe kumvikana kuguhagarika intambara y’Uburusiya na Ukraine

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Burusiya, Sergei Lavrov, yavuze ko bikigoranye cyane (…)

Trump yavuze ko ashinja Zelensky gutangiza intambara nyuma y’igitero gikomeye cyagabwe n’Uburusiya

Perezida w’Amerika Donald Trump yashinje Perezida wa Ukraine Volodymyr Zelensky gutangiza (…)