skol

Mu mahanga

Uwari ukuriye abaganga ba Papa Francis Yasobanuye ibyaranze amasaha ye ya nyuma

Sergio Alfieri, ukuriye ishami rishinzwe abaganga babaga indwara zo mu nda mu bitaro bya (…)

Moon Jae-in wabaye Perezida wa Koreya y’Epfo akurikiranyweho guha akazi umukwe we

Ubushinjacyaha muri Koreya y’Epfo bwatangaje ko Moon Jae-in wayoboye iki gihugu kuva mu 2017 (…)

Perezida Macron na Rajoelina basinye amasezerano yo kubaka urugomero

Perezida w’u Bufaransa Emmanuel Macron yabonanye na mugenzi we wa Madagascar Andry Rajoelina, (…)

Elon Musk na Minisitiri w’Imari batukaniye muri White House

Umushoramari Elon Musk uri no mu butegetsi bwa Donald Trump na Minisitiri w’Imari muri Amerika, (…)

Trump yakuriye Zelensky inzira ku murima

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yibasiye Volodymyr Zelensky wavuze ko (…)

Abanyeshuri bose guhera ku bana b’imyaka 6 mu bushinwa bagiye kujya bigishwa ubwenge buhangano

Ministeri y’uburezi mu gihugu cy’ubushinwa yamaze gutangazako guhera tariki ya 1 Nzeri uyu (…)

U Burusiya bwasubukuye ibitero kuri Ukraine

Kuri uyu wa Mbere tariki ya 21 mata 2025 ingabo z’u Burusiya zasubukuye imirwano muri Ukraine (…)

RDC: Ishyaka rya Kabila ryahagaritswe

Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), yahagaharitse ibikorwa bya Politiki (…)

Israel yahagaritse Visa z’Abadepite b’Abafaransa bashyigikiye Palestine

Guverinoma ya Israel yahagaritse Visa z’Abadepite b’Abafaransa bashyigikiye ko habaho Leta ya (…)

Israel iri mu mugambi wo kugaba ibitero kuri Iran

Leta ya Israel irimo gutegura kugaba ibitero ku bigo bikora intwaro za nucléairemuri Iran, (…)

U Buholandi bugiye gufunga Ambasade yabwo i Burundi

Guverinoma y’u Buholandi yatangaje ko igiye gufunga Ambasade zayo mu bihugu bitandukanye birimo (…)

Tunisie: Umushoramari yakatiwe gufungwa imyaka 66

Urukiko rwo muri Tunisie rwakatiye Abanyapolitiki, abashoramari ndetse n’abanyamategeko bakomeye (…)

Urukiko rwategetse Trump kuba ahagaritse kwirukana abimukira bo muri Venezuela

Urukiko rw’Ikirenga rwa Leta Zunze Ubumwe za Amerika rwahagaritse by’agateganyo ishyirwa mu (…)

Hamas yasabye guhabwa imfungwa zose z’Abanya-Palestine ngo intambara ihagarare muri Gaza

Umuyobozi w’umutwe wa Hamas muri Gaza, Khalil Al-Hayya, yatangaje ko nta masezerano y’agahenge (…)

Abanyeshuri b’abanyamahanga biga muri Amerika bahangayikishijwe n’imibereho yabo

Abanyeshuri b’abanyamahanga biga muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika bahangayikishijwe n’imibereho (…)