skol

Mu mahanga

Ubutabera bwa Romania bwatangiye gukurikirana bamwe mu bacancuro barwaniye muri RDC

Ubushinjacyaha bw’igisirikare cya Romania bwatangiye gukurikirana bamwe mu bacancuro bakomoka (…)

Putin na Zelensky biteguye kumvikana

Perezida Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika yatangaje ko Vladimir Putin w’u Burusiya (…)

Inyeshyamba za RSF zarashe indege y’Igisirikare cya Sudani

Inyeshyamba za Rapid Support Forces (RSF) zavuze ku wa Kane ko zarashe indege ya gisirikare ya (…)

Abadepite b’Abafaransa bateguye imyigaragambyo yo kwamagana Visit Rwanda

Ku Cyumweru tariki ya 6 Mata, i Paris mu Bufaransa hateganyijwe imyigaragambyo yiswe iyo (…)

Perezida wa Koreya y’Epfo yirukanwe ku butegetsi

Kuri uyu wa gatanu tariki ya 04 mata 2025 Urukiko Rukuru rushinzwe kubahiriza itegeko nshinga (…)

Igihugu cya Hongrie cyatangaje ko giteganya kuva muri ICC

Leta ya Hongrie yatangaje ko igiye kuva mu Rukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha (ICC) nyuma y’aho (…)

Ibiro bya perezida wa America byahakanye ibyo guhagarika Elon Musk ku mirimo ashinzwe

Ibiro bya Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika byahakanye amakuru avuga ko umuherwe Elon (…)

Perezida Putin agiye kwinjiza mu gisirikare abarenga ibihumbi 160

Igisirikare cy’u Burusiya kigiye kwinjiza abantu ibihumbi 160 mu gisirikare mu rwego rwo (…)

Umunyapolitiki Marine Le Pen yambuwe uburenganzira bwo kugira umwanya yiyamamariza mu gihe cy’imyaka itanu

Umunyapolitiki utavuga rumwe n’ubutegetsi bw’u Bufaransa, Marine Le Pen, yahamijwe n’urukiko (…)

Leta ya Myanmar yatangaje ko abarenga 2000 bamaze kwicwa n’umutingito

Guverinoma ya Myanmar yatangaje ko abarenga 2,056 bamaze guhitanwa n’umutingito wibasiye icyo (…)

Cap. Dadis Camara wigeze kuyobora Guinnea Conakry yahawe imbabazi na Perezida Doumbouya

enerali Mamadi Doumbouya, Perezida w’inzibacyuho muri Guinnea Conakry, yahaye imbabazi Capitaine (…)

U Burusiya bwigambye kuzamara abasirikare ba Ukraine

Perezida Vladimir Putin w’u Burusiya yateguje ko u Burusiya buzamara abasirikare ba Ukraine mu (…)

Abahagarariye AFC/M23 bagiye muri Qatar

Abahagarariye ihuriro AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (…)

AFC/M23 yatangiye gutegura ibisasu biri mu kibuga cy’indege cya Goma

Ihuriro AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ryatangiye (…)

Koreya y’Epfo: Urukiko rwagaruye Minisitiri w’Intebe ku butegetsi

Urukiko rwa Koreya y’Epfo rwanze ko Minisitiri w’Intebe Han Duck-soo ava ku butegetsi rumugarura (…)