skol
fortebet

Imikino

Hamenyekanye impamvu y’urugendo rwa Lionel Messi muri Saudi Arabia

Ku munsi w’ejo taliki 1 Gicurasi 2023 ni bwo byari biteganyijwe ko abakinnyi ba Paris (…)

KNC yatagaje ko azirukana abakinnyi be ashinja kugurisha imikino byatumye gasogi icika intege

Perezida wa Gasogi United, Kakoza Nkuriza Charles (KNC), yavuze ko hari abakinnyi agiye (…)

Sudan y’Epfo, yakuwe mu mikino y’igikombe cya Afurika cya U17. kubera iki?

Sudan y’Epfo, yakuwe mu mikino y’igikombe cya Afurika cy’abatarengeje imyaka 17 (AFCON U17) iri (…)

Ikipe ya Volleyball ya APR yatandukanye n’umutoza wayo

Ikipe ya APR mu mukino wa Volleyball mu bagabo yamaze gusezerera umutoza wayo mukuru, Mutabazi Elie.

Rayon Sports yatsinze Espoir FC yotsa Igitutu Kiyovu Sports muri Shampiyona

Ikipe ya Rayon Sports yatsindiye Espoir i Rusizi Ibitego 2-1,mu mukino w’umunsi wa 27 wa (…)

APR FC na Kiyovu Sports zirangayeho zitakaza amanota y’ingenzi muri shampiyona

Ikipe ya Kiyovu Sports yirangayeho, inganya na Mukura VS ubusa ku busa mu mukino w’Umunsi wa 27 (…)

Perezida Kagame yagaragaje ko abuzukuru be ari abafana bashya ba Arsenal FC

Perezida Kagame yagaragaje ko abuzukuru be babiri ari abafana bashya ba Arsenal FC abereye (…)

Munyantwali Alphonse arahabwa amahirwe yo kuba Perezida wa FERWAFA

Munyantwali Alphonse wamenyekanye muri politiki arahabwa amahirwe mensho yo kuba umuyobozi (…)

Uwabaye Guverineri mu ntara ebyiri yagizwe umuyobozi wa Police FC

Ikipe ya Police Football Club yatangaje ko yabonye umuyobozi mushya usimbura ACP Yahaya (…)

Abakinnyi babiri ba FC Barcelona banze kuyifasha kugarura Lionel Messi

Ikipe ya FC Barcelona yakomwe mu nkokora n’abakinnyi bayo babiri banze kugabanya umushahara (…)

Yaretse umupira w’amaguru ku myaka 29 kugira ngo ajye gusambana n’ibyamamare

Uwahoze ari kizigenza muri Premier League mu makipe nka Bolton, Crystal Palace na Aston (…)

Umutoza ugiye gutoza Chelsea yasabye kugurirwa abakinnyi babiri akunda

Umutoza Mauricio Pochettino uri hafi kwerekeza mu ikipe ya Chelsea nyuma yo kugirana ibiganiro (…)

Umukunzi wa Cristiano Ronaldo yasubije abakomeje kuvuga ko bagiye gutandukana

Georgina Rodriguez yahatiwe guhakana ibivugwa ko Cristiano Ronaldo ’amuhaze’ nyuma y’uko bivuzwe (…)

Izina rya Pelé ryahawe igisobanuro kidasanzwe mu nkoranyamagambo yo muri Brazil

Pelé, izina ry’iritazirano rya kizigenza mu mupira w’amaguru uherutse gupfa, ryahawe igisobanuro (…)

Biravugwa ko Cristiano Ronaldo n’umukunzi we batameranye neza

Cristiano Ronaldo na Georgina Rodriguez bongereye ibihuha bivuga ko umubano wabo umeze nabi (…)