skol
fortebet

Imikino

Benjamin Mendy wafungiwe gufata ku ngufu arashinjwa gutera inda umukobwa bahuriye mu biruhuko

Myugariro wa Man City,Benjamin Mendy afite umwana yabyaye mu ibanda n’umukobwa bahuriye mu (…)

Man United izahurira na Man City ku mukino wa nyuma wa FA Cup bwa mbere mu mateka

Myugariro Victor Lindelof niwe wateye penaliti yafashije Manchester United kugera ku mukino wa (…)

"Reka ibyo guhembwa no kurya ikibazo”-Umutoza wa Etincelles FC

Umutoza wa Etincelles FC, Bizumuremyi Radjab, yatangaje ko abakinnyi be babayeho ubuzima bugoye (…)

Rayon Sports yatsinze Rwamagana City mu mukino wakinwe iminsi ibiri

Ikipe ya Rayon Sports yatsinze Rwamagana City ibitego 2-1mu mukino w’ikirarane cyo ku munsi wa (…)

FERWAFA yahishuye igihe nuko umukino wa Rayon Sports na Rwamagana City uzasubukurwa

Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA) ryatangaje ko umukino wa Rayon Sports na (…)

Mashami yanenze abasifuzi banze igitego cye nyuma yo kuganira

Umutoza wa Police FC, Mashami Vincent yanenze imisifurire nyuma yo kwimwa igitego cyari cyemejwe (…)

Police FC yatsinze APR FC bishyira Kiyovu Sports ku isonga

Ikipe ya Police FC yaherukaga gutsinda APR FC muri 2012,yongeye kuyitsinda muri 2023 ibitego (…)

Harry Maguire ayoboye urutonde rw’abakinnyi 12 Man United ishaka kurekura

Ikipe ya Manchester United ishobora kugurisha abakinyi bagera kuri 12 mu mpeshyi igiye kuza (…)

Arsenal yakomeje gutera umugongo igikombe cya shampiyona

Umutoza wa Arsenal,Mikel Arteta yemeje ko agifite amahirwe yo gutwara igikombe cya shampiyona (…)

Ibyaranze abayoboye FERWAFA nyuma ya Jenoside yakorewe Abatutsi

Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda (FERWAFA) ryashinzwe mu mwaka wa 1976 rikaba rimaze (…)

FC Barcelona yasabye ikintu gitangaje Lionel Messi kugira ngo imugarure

Bivugwa ko ikipe ya FC Barcelona ishaka guha Lionel Messi 15% gusa y’umushahara y’umushahara (…)

Juventus mu byishimo nyuma yo gusubizwa amanota 15 yari yanyazwe

Ibihano bya Juventus byo gukurwaho amanota 15 kubera gushinjwa kwitwara nabi mu kugura abakinnyi (…)

Manchester United yasezerewe nabi na Sevilla umutoza wayo avuga amagambo akomeye

Mu mikino yo kwishyura ya 1/4 cy’irangiza cya Europa League,ikipe ya Sevilla yakiriye Manchester (…)

Imyitwarire ya Cristiano Ronaldo yatumye asabirwa kwirukanwa muri Arabie Saoudite

Umunyamategeko Prof. Nouf bin Ahmed yasabiye Cristiano Ronaldo kwirukanwa ku butaka bwa Arabie (…)

Karangwa Jules niwe wabaye Umunyamabanga mukuru wa FERWAFA by’agateganyo

Umunyamabanga Mukuru wa FERWAFA, Muhire Henry Brulart, yasezeye ku mirimo ye, asimburwa (…)