skol
fortebet

Imikino

Abafana ba Chelsea bakoze igikorwa kidasanzwe mu mukino batsinzwemo na Brentford

Ikipe ya Chelsea ikomeje kujya ahabi nyuma yo gutsindwa imikino itanu yikurikiranya kandi muri (…)

Man City yanyagiye Arsenal iyikura ku cyizere cyo kwegukana shampiyona

Ku kibuga cyayo Etihad Stadium, ikipe ya Manchester City y’umutoza Guardiola yanyagiye Arsenal, (…)

Rayon Sports yihimuye kuri Police FC iyitsinda mu mukino yakiriye mu gikombe cy’Amahoro

Ikipe ya Rayon Sports yatsinze Police FC ibitego 3-2 mu mukino ubanza wa 1/4 cy’Igikombe (…)

Mikel Arteta yahishuye uburyo arakoresha agafata Erling Haaland

Umutoza Mikel Arteta yatangaje ko uburyo bumwe bwo gufata kizigenza Erling Haaland ari (…)

Biravugwa ko Intare FC ishobora kudobya umukino wa Rayon Sports na Police FC

Kuri uyu wa Gatatu tariki ya 26 Mata 2023,nibwo Police FC irakira Rayon Sports mu mukino ubanza (…)

Mikel Arteta yahishuye ikintu gikomeye yasabye abakinnyi be ku mukino wa Man City

Mikel Arteta yiteguye kwica umwe mu bakinnyi be uragaragaza ubwoba ku mukino ukomeye ikipe ye ya (…)

Hamenyekanye igihe Perezida mushya wa FERWAFA azatorerwa

Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda ryatumiye abanyamuryango baryo mu nama y’Inteko (…)

U Rwanda rwatanze stade rwifuza kwakiriraho imikino isigaye ya CAF

Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA) ryatanze Stade ya Huye nk’ikibuga u Rwanda (…)

APR FC yasezereye Marines FC byoroshye iba iya mbere igeze muri 1/2 cy’Igikombe cy’Amahoro

Ikipe ya APR FC yabaye ikipe ya mbere yageze muri 1/2 cy’Igikombe cy’Amahoro nyuma yo gutsinda (…)

Inyoni yari itumye abakinnyi ba Arsenal y’abagore bahitanwa n’indege

Indege yari itwaye ikipe y’abagore ya Arsenal isubiye i London nyuma y’umukino wa Champions (…)

Tottenham yahishuye akayabo izaca Man United ishaka Harry Kane

Ikipe ya Tottenham yiyemeje kugora Manchester United ishaka kizigenza wayo Harry Kane mu mpeshyi (…)

Yasambanyije abagore 1000 abifashijwemo no kuba umukinnyi udakina

Umunya Brazil,Carlos Kaiser yamaze imyaka 13 yitwa ko ari umukinnyi wabigize umwuga nyamara nta (…)

Chelsea yamaze kumvikana n’umutoza wa gatanu mu mwaka w’imikino umwe

Umunya Argentina,Mauricio Pochettinonari hafi kumvikana na Chelsea kugira ngo imuhe akazi muri (…)

Perezida Samia Suluhu yahaye agahimbazamusyi kadasanzwe Yanga na Simba SC

Perezida wa Tanzania,Madamu Samia Suluhu yemereye amakipe y’ibigugu muri Tanzania,Simba SC na (…)

Wayne Rooney yahishuye umukinnyi ukwiye gutwara Ballon d’Or uyu mwaka

Ikipe ya Manchester City iracyafite imbaraga zo guhatanira igikombe cya Premier League, (…)