skol
fortebet

Imikino

Umukinnyi wa La Jeunesse wakubise umusifuzi yahawe igihano gikomeye

Urukiko rw’Ibanze rwa Nyamabuye rwakatiye umukinnyi wa La Jeunesse Salomon Oleko, igifungo (…)

Muhire Henry wari Umunyamabanga Mukuru wa FERWAFA n’abandi bakozi basezeye

Umunyamabanga Mukuru wa FERWAFA, Muhire Henry Brulart, yasezeye ku mirimo ye nyuma y’umunsi umwe (…)

Habaye impinduka ku mukino wa Police FC na APR FC

Umukino w’ishiraniro ugomba guhuza Police FC yakira APR FC kuwa Gatandatu tariki 22 Mata 2023 (…)

Umutoza w’Amavubi yahishuye ukuri ku byavuzwe ko yifuza gusesa amasezerano

Biravugwa ko umutoza w’ikipe y’Igihugu y’u Rwanda Amavubi,Carlos Ferrer yamaze gusaba (…)

Man City na Inter Milan zageze muri 1/2 cya UEFA champions League

Ikipe ya Manchester City yasezereye biyoroheye Bayern Munich iyitsinze ibitego 4-1 mu mikino (…)

INTARE FC yanze gukina umukino yari ifitanye na Rayon Sports iterwa mpaga

Ikipe ya INTARE FC yanze gukina umukino wa 1/8 wo kwishyura na Rayon Sports ivuga ko itanyuzwe (…)

Nizeyimana Olivier yeguye ku buyobozi bwa FERWAFA

Nizeyimana Olivier watorewe kuyobora FERWAFA yandikiye Inama y’Inteko Rusange ayimenyesha ko (…)

Cristiano Ronaldo yanize umuntu mu kibuga bitangaza benshi

Umunyabigwi mu mupira w’amaguru,Cristiano Ronaldo,yanize umukinnyi bari bahanganye ariko (…)

Real Madrid yasezereye biyoroheye Chelsea mu gihe AC Milan yisubije icyubahiro

Real Madrid na AC Milan zakatishije itike ya 1/2 cya Champions League,nyuma yo kwitwara neza mu (…)

Hamenyekanye akayabo Sadio Mane yaciwe azira gukubita Sane bakinana

Sadio Mane yitoreje hamwe na bagenzi be bakinna muri Bayern Munich mbere y’umukino wo kwishyura (…)

Real Madrid yibasiye FC Barcelona iheruka kuyikora mu jisho

Real Madrid yasubije perezida wa Barcelona, ​​Joan Laporta, wavuze ko mu mateka iyi kipe yo mu (…)

Umuyobozi wa APR FC yanenze bikomeye imyitwarire y’abakinnyi bayo muri shampiyona

Mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere, Umuyobozi wa APR F.C yaganirije abakinnyi, abatoza ndetse (…)

Umuhanzikazi yahishuye uko yamaze amajoro menshi adasinzira kubera Cristiano Ronaldo

Umukinnyi wa filime akaba n’umuhanzikazi ukomoka muri Espagne, Sonia Monroy yashinje Cristiano (…)

Gabriel Jesus yavuze icyo Arsenal yakora kugira ngo itware igikombe

Rutahizamu w’ikipe ya Arsenal Gabriel Jesus yavuze ko iyi kipe yabo igomba gukoresha imbaraga (…)

Rayon Sports yatandukanye n’umunyezamu Kabwili utarayifashije

Umunyezamu w’ikipe y’abato ya Tanzania, Ramadhani Kabwili yamaze gutandukana n’ikipe ya Rayon (…)