skol
fortebet

Imikino

Arteta yatangaje icyatumye Arsenal isitara kuri Westham bikayibuza amahirwe ku gikombe

Umutoza Mikel Arteta yavuze ko ikipe ye ya Arsenal yabuze ubuhanga bwo kwica umukino bituma (…)

Rayon Sports yatsinze Bugesera FC isatira ikipe za mbere

Ikipe ya Rayon Sports yatsinze Bugesera FC ibitego 2-0 mu mukino w’Umunsi wa 26 wa Shampiyona (…)

Rutahizamu Ciro Immobile yarokotse impanuka ikomeye y’imodoka

Umukinnyi w’umupira w’amaguru mu Butaliyani Ciro Immobile yajyanywe mu bitaro nyuma y’uko (…)

Abafana ba Chelsea batuye umujinya umuherwe wayo nyuma yo gutsindwa

Umwe mu baherwe baguze Chelsea, Todd Boehly, yatuwe umujinya n’abafana bari barakaye ubwo ikipe (…)

Uko umutoza wa APR FC yakubise hasi ikoti ry’ikipe bikamuviramo ikarita itukura

Umutoza wungirije wa APR FC, Jamel Eddine Neffati,yahawe umutuku mu mukino iyi kipe yanganyije (…)

Gasogi United yahagamye APR FC biha amahirwe Kiyovu Sports yihanije AS Kigali

APR FC yongeye guhagamwa na Gasogi United, zinganya ubusa ku busa mu mukino w’Umunsi wa 26 wa (…)

Menya abakinnyi batanu bagize ibigwi bikomeye mu mikino bambaye nomero 23

Nimero ni kimwe mu bintu by’ingenzi bihabwa umukinnyi mushya mu gihe asinye mu kipe,ndetse kuri (…)

Hamenyekanye icyo Leroy Sane yasabye abayobozi ba Bayern Munich nyuma yo gukubitwa na Mane

Rutahizamu wa Bayern Munich,Leroy Sane,uheruka gukubitwa na Sadio Mane nyuma y’uko yari amututse (…)

Umutoza Klopp yahaye igisubizo gitangaje abamubajije niba azashora akayabo ku isoko

Umutoza wa Liverpool, Jurgen Klopp, yagereranije ibiganiro byo gushora amafaranga menshi ku (…)

Umukinnyi wa Maroc yahishuye ko yishimiye kubona Cristiano Ronaldo asohoka mu kibuga arira

Umukinnyi wa Morocco Sofianne Boufal yahishuye ko yishimiye kubona Cristiano Ronaldo asohoka mu (…)

Umusifuzi wakubise inkokora myugariro wa Liverpool yaciriwe urubanza

Umusifuzi wo ku ruhande wagaragaye atera inkokora myugariro Andy Robertson nta gihano azahabwa (…)

Umukinnyi Man United yagenderagaho ntazongera gukina muri uyu mwaka w’imikino

Myugariro ukomeye Lisandro Martinez ntazongera kugaragara mu ikipe ya Manchester United mu (…)

CAF yahaye ibihano bikarishye abasifuzi batanditse ikarita y’umuhondo ya Kevin Muhire

Impuzamashyirahamwe y’umupira w’amaguru muri Afurika,CAF yahagaritse abasifuzi basifuye umukino (…)

Kylian Mbappé yashyizwe ku rutonde rw’abantu 100 bavuga rikijyana ku isi

Kylian Mbappé w’imyaka 24 yashyizwe ku rutonde rw’abantu 100 bakomeye ku isi mu 2023 rwakozwe (…)

Sadio Mane yafatiwe ibihano nyuma yo gukubita mugenzi we bakinana igipfunsi mu maso

Ikipe ya Bayern Munich yahagaritse Sadio Mane nyuma yo gukubita igipfunsi mu maso Leroy Sane Ku (…)