skol
fortebet

Imikino

Murenzi Abdallah yagizwe perezida w’inzibacyuho wa Rayon Sports [KOMITE]

Urwego rw’igihugu rw’imiyoborere,RGB,rwatangaje ko Murenzi Abdallah wigeze kuba umuyobozi wa (…)

Cristiano Ronaldo na Messi ntibabonetse mu bakinnyi 3 bagomba gutoranywamo uwitwaye neza I Burayi

Abakinnyi 3 barimo Robert Lewandowski, Manuel Neuer na De Bruyne nibo batoranyijwe na UEFA (…)

Thiago Alcantara yanze gukora umuhango umenyerewe muri Liverpool kubera impamvu itangaje

Umukinnyi mushya wa Liverpool, Thiago Alcantara,yanze gukora umuhango wo kwifotoreza ku cyapa (…)

KNC watangaje ko agiye guhanganira ibikombe na APR FC yavuze akayabo yashoye ku isoko

Umuyobozi w’ikipe ya Gasogi United,Kakoza Nkuriza Charles yatangaje ko uyu mwaka baguze (…)

FC Barcelona yagurishije Luis Suarez mu ikipe iyigora cyane

Ikipe ya Barcelona yemeye kureka rutahizamu Luis Suarez akerekeza mu ikipe mukeba ya Atletico (…)

Mose yambukije abisirayeli inyanja itukura ariko ntiyageze mu gihugu cy’isezerano-Ubutumwa Sadate yageneye aba Rayons

Uwari umuyobozi w’ikipe ya Rayon Sports Munyakazi Sadate,wakuweho uyu munsi, yanditse ubutumwa (…)

Frank Lampard yahishuye ko umunyezamu usimbura Kepa yakoze ikizamini cy’Ubuzima

Umutoza wa Chelsea,Frank Lampard yahumurije abakunzi b’iyi kipe atangaza ko umunyezamu Kepa (…)

Imyanzuro yafashwe na RGB nyuma y’isesengura ku bibazo bya Rayon Sports

Kuri uyu wa Kabiri tariki ya 22 Nzeri 2020,nibwo Minisiteri ya Siporo n’Urwego rw’igihugu (…)

Munyakazi Sadate na Komite ye yose bakuweho nyuma y’ibibazo bikomeye byari mu ikipe

Komite ya Rayon Sports yari iyobowe na Munyakazi Sadate yegujwe n’inama ikomeye yahuje (…)

Ivan Rakitic yahishuye uko Messi na Suarez batari inshuti ze

Umukinnyi wo hagati Ivan Rakitic wari umaze imyaka 6 mu ikipe ya FC Barcelona yavuze ko mu (…)

Rayon Sports yasinyishije Ghislain Armel warangaranwe na Kiyovu Sports

Rutahizamu Armel Ghislain wakiniraga ikipe ya Kiyovu Sports yamaze gusinya amasezerano mu ikipe (…)

Frank Lampard yatangaje abakinnyi 3 yishimiye mu mukino yatsinzwemo na Liverpool

Umutoza wa Chelsea,Frank Lampard yatangaje ko nubwo yaraye atsinzwe na Liverpool ibitego 2-0 (…)

Sadio Mane yafashije Liverpool gushegesha Chelsea FC y’abakinnyi 10

Ikipe ya Liverpool ikomereje aho yasoreje Shampiyona y’umwaka ushize yatwaye yanikiye amakipe (…)

Kyle Walker yarakajwe no kumenya ko umukunzi we yamuciye inyuma kandi we yarabikoze inshuro zitabarika

Umukinnyi wa Manchester City,Kyle Walker,ari mu gahinda kenshi ko kuba yamenye ko umukunzi we (…)

Tottenham yagaruye kizigenza yirereye Gareth Bale

Ikipe ya Tottenham yamaze gutangaza ko yagaruye umunya Wales,Gareth Bale imukuye mu ikipe ya (…)