skol
fortebet

Imikino

Umunya Slovenia Tadej Pogacar yateye intambwe ikomeye yo kwegukana Tour de France 2020

Nubwo atahabwaga amahirwe kubera imbaraga z’ikipe itari ku rwego rwo hejuru yo kumufasha (…)

Thiago Alcantara yahishuye abakinnyi batumye afata umwanzuro wo kwerekeza muri Liverpool

Umukinnyi Thiago Alcantara wamaze kwerekeza mu ikipe ya Liverpool yatangaje ko mbere yo (…)

Kiyovu Sports yashyizeho ibisabwa ku muntu ushaka kuba Perezida wayo bigonga Juvenal wifuzwa na bamwe

Komisiyo y’amatora muri Kiyovu Sports yatangaje ibisabwa kuri buri wese wifuza kwiyamamariza (…)

Mikel Arteta yatangaje ikintu cyamuteye ubwoba cyane akimara guhabwa akazi ko gutoza Arsenal

Umutoza wa Arsenal,Mikel Arteta yatangaje ko akimara guhabwa akazi ko gutoza iyi kipe yo mu (…)

Liverpool yasinyishije umukinnyi wo hagati uri mu beza cyane ku isi

Ikipe ya Liverpool yemeje ko yamaze gusinyisha umunya Espagne witwa Thiago Alcantara wakinaga (…)

Nta mukinnyi utakwifuza gukinira APR FC itwara ibikombe-Tuyienge Jacques

Rutahizamu mushya w’ikipe ya APR FC Tuyisenge Jacques yatangaje ko aje muri iyi ikipe gutanga (…)

Minisiteri ya siporo yavuze aho ikibazo cya Rayon Sports kigeze n’igihe umupira w’amaguru uzasubukurirwa

Minisitiri wa Siporo,Munyangaju Aurore Mimosa, yatangaje ko imyitozo y’amakipe izatangira mu (…)

Tuyisenge Jacques yerekanwe ku mugaragaro nk’umukinnyi mushya wa APR FC [AMAFOTO]

Ikipe ya APR FC yatangaje ku mugaragaro ko yamaze gusinyisha rutahizamu w’ikipe y’igihugu (…)

Quique Setien wahoze atoza FC Barcelona agiye kuyijyana mu nkiko

Uwari umutoza wa FC Barcelona mu mwaka w’imikino ushize, Quique Setien n’abamwungirije batangaje (…)

Messi na Cristiano Ronaldo bananiwe kwinjira mu rutonde rw’abakinnyi

Ba kizigenza Lionel Messi na Cristiano Ronaldo ku nshuro ya mbere mu myaka irenga 10 bombi (…)

Ifoto ya Lionel Messi ari kwihanagurira inkweto yaciye ibintu

Kizigenza Lionel Messi uherutse gufata umwanzuro wo kuguma muri FC Barcelona yatunguye benshi (…)

Bayisenge Emery yabonye ibyangombwa bimwemerera gukinira ikipe ya AS Kigali

Myugariro w’Ikipe y’Igihugu ‘Amavubi’, Emery Bayisenge yamaze kubona ibyangombwa byo kuva mu (…)

Gareth Bale wari uhanganye cyane na Zidane agiye kugaruka mu Bwongereza

Amakuru aravuga ko Gareth Bale araza kugaruka muri Tottenham mu mpera z’iki cyumweru (…)

Munyakazi Sadate yavuze impamvu 2 zatumye yihagararaho akanga kwegura muri Rayon Sports

Umuyobozi w’ikipe ya Rayon Sports,Munyakazi Sadate,umaze iminsi yotswa igitutu na bamwe mu (…)

Mwishywa wa Adebayor wari wamaze gusinyira ikipe ya Rayon Sports ntabwo azaza kuyikinira

Rutahizamu w’umunya Togo akaba na mwishywa wa Emmanuel Adebayor witwa Alex Nyarko Harley,wari (…)