skol
fortebet

Imikino

Mikel Arteta yatangaje ikintu cyamutunguye kuri myugariro Gabriel

Umutoza wa Arsenal,Mikel Arteta,yavuze ko atatunguwe n’uko Willian yitwaye kubera ko amaze (…)

Jurgen Klopp yahishuye ukuntu yakanguye Sir Alex Ferguson mu rukerera amumenyesha ko yatwaye igikombe

Umutoza wa Liverpool, Jurgen Klopp,yasobanuye ukuntu yakanguye Sir Alex Ferguson saa kumi (…)

Mason Greenwood uherutse gusambanira muri Hoteli yarimo ikipe y’Ubwongereza yagaragaye mu yandi makosa akomeye

Rutahizamu Mason Greenwood w’imyaka 18 ukinira Manchester United yongeye kugaragara anywa (…)

Umukobwa wo muri Iceland yavuze ku bihe byiza aherutse kugirana na Phil Foden bikamuviramo kwirukanwa mu ikipe y’igihugu

Umukobwa witwa Lara Clausen w’imyaka 19 uherutse kurarana n’umukinnyi Phil Foden muri Hoteli (…)

Arsenal yatangiye neza Premier League 2020/2021 ishimisha abakunzi bayo

Ibifashijwemo na ba rutahizamu bayo bahagaze neza,ikipe ya Arsenal yatsinze Fulham mu mukino (…)

FERWAFA yahinduye gahunda y’imikino ya shampiyona y’u Rwanda

Ishyirahmwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda ‘FERWAFA’, ryandikiye aabanyamuryango baryo aribo (…)

Eden Hazard yongeye gukora ikosa ryababaje ikipe ya Real Madrid

Umukinnyi ukina asatira mu ikipe ya Real Madrid,Eden Hazard,yongeye kurakaza umutoza Zinedine (…)

Mesut Ozil yabwiwe icyo agomba gukora kugira ngo agaruke mu ikipe ya Mbere muri Arsenal

Umukinnyi Mesut Ozil umaze igihe adakina mu ikipe ya Arsenal,yabwiwe n’ubuyobozi bw’ikipe (…)

Mikel Arteta yazamuwe mu ntera kubera kwitwara neza mu mezi 9 gusa amaze muri Arsenal

Ikipe ya Arsenal yatangaje ko yazamuye mu ntera umutoza wayo Mikel Arteta imukura ku kuba (…)

Biravugwa:APR FC yahaye akayabo Tuyisenge Jacques ayisinyira imyaka 2

Rutahizamu Tuyisenge Jacques waherukaga gutandukana n’ikipe ya Petro Atletico yo muri (…)

Cristiano Ronaldo yatangaje ikintu kimubangamiye cyane muri iki gihe nyuma yo gukora agahigo

Kizigenza Cristiano Ronaldo uherutse gukora agahigo ko kuba umukinnyi wa mbere ku mugabane w’I (…)

Minisitiri wa Siporo yatangaje igihe ntarengwa ibibazo bya Rayon Sports bizaba byabonewe umuti urambye

Minisitiri wa siporo mu Rwanda,Munyangaju Aurore Mimosa yatangaje ko ibibazo biri mu ikipe ya (…)

Cristiano Ronaldo yakoze amateka atarakorwa n’undi mukinnyi wese I Burayi

Rutahizamu Cristiano Ronaldo wo mu gihugu cya Portugal,yaraye akoze agahigo ko kuba umukinnyi wa (…)

Isonga FA nayo yareze Rayon Sports kuyima indezo y’abakinnyi yareze

Ibirego birega Rayon Sports muri FERWAFA bikomeje kwiyongera kuko nyuma ya Kimenyi Yves wayireze (…)

Abakobwa batumye Greenwood na Foden birukanwa mu ikipe y’Ubwongereza bahishuye byinshi birimo ko bifuzaga gutera akabariro n’abakobwa 4

Umukobwa witwa Nadia Sif Lindal Gunnarsdottir w’imyaka 20,yahishuye ko ariwe wagiranye ibihe (…)