skol
fortebet

Imikino

Kiyovu Sports yirukanye abakinnyi 7 nyuma yo kwigaragaza ku isoko

Kiyovu Sports yatandukanye n’abakinnyi 7 barimo n’abayifashije mu mwaka w’imikino ushize, nyuma (…)

Habonetse abantu 22 banduye COVID-19 mu Rwanda hakira abandi 31

Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko uyu munsi tariki ya 15 Nzeri 2020,mu bipimo 1,687 byafashwe mu (…)

Pierre-Emerick Aubameyang yongereye amasezerano y’igihe kirekire mu ikipe ya Arsenal

Ikipe ya Arsenal yamaze gutangaza ko kapiteni wayo w’imyaka 31,Pierre-Emerick Aubameyang,yamaze (…)

Amagambo Jose Mourinho aheruka kubwira abakinnyi be yatangiye kumugiraho ingaruka

Bamwe mu bakinnyi ba Tottenham ntibishimiye ko umutoza wabo yabise abanebwe nyuma yo gutsindwa (…)

FC Barcelona yafashe icyemezo gikomeye nyuma yo kwisubiraho kwa Lionel Messi

Ikipe ya FC Barcelona iri mu byishimo by’uko kapiteni wayo Lionel Messi yisubiyeho agahindura (…)

Neymar Jr ashobora gufatirwa ibihano bikarishye kubera imyitwarire mibi yagize ku mukino wa Marseille

Rusahizamu Neymar Jr w’ikipe ya PSG ashobora guhagarikwa imikino 7 ndetse akanacibwa amafaranga (…)

Umukinnyi wo mu Budage yavuye mu kibuga ajya gukubita umufana wari muri stade [AMAFOTO]

Myugariro w’ikipe ya Hamburg witwa Toni Leistner yakoze agashya ubwo bari bamaze kunyagirwa (…)

Lionel Messi yigaranzuye Cristiano Ronaldo ku rutonde rw’abakinnyi binjije menshi mu 2020

Rutahizamu Lionel Messi wa Barcelona ni we mukinnyi w’umupira w’amaguru winjiza amafaranga (…)

FERWAFA yashyize hanze amabwiriza atoroshye amakipe agomba gukurikiza kugira ngo imikino isubukurwe mu Rwanda

Kuri uyu wa Mbere tariki ya 14 Nzeri 2020,FERWAFA yerekanye ibigomba kuzuzwa n’amakipe yo mu (…)

Cristiano Ronaldo yahize abandi bakinnyi mu kugurira umukunzi we impeta ihenze cyane [AMAFOTO]

Rutahizamu w’ikipe y’igihugu ya Portugal na Juventus,Cristiano Ronaldo,yaciye agahigo ko kuba (…)

Rayon Sports yishyuye umutoza Ivan Minnaert wari uyimereye nabi

Ikipe ya Rayon Sports iratangaza ko yamaze gukemura ikibazo cy’ideni rya miliyoni zisaga 14 Frw (…)

Jose Mourinho yanenze bikomeye abakinnyi be batsindiwe mu rugo na Everton

Umutoza wa Tottenham,Jose Mourinho,yatangaje ko atishimiye uko abakinnyi be bakinnye ku munsi (…)

Frank Lampard yasubije Jurgen Klopp uherutse kwibasira Chelsea ko yakoresheje amafaranga menshi igura abakinnyi

Nyuma yo gutukana mu mukino wa shampiyona baheruka guhura,Frank Lampard na Jurgen Klopp bongeye (…)

Se wa Bukuru Christophe ukinira APR FC yahitanwe n’uburwayi

Ikipe ya APR FC yatangaje ko se wa Bukuru Christophe usanzwe ayikinira mu kibuga hagati, (…)

Kylian Mbappe yahaye PSG ubutumwa bwatumye amakipe akomeye ku isi akangarana

Rutahizamu Kylian Mbappe ukinira ikipe ya PSG yabwiye abayobozi be ko mu mpeshyi y’umwaka utaha (…)