skol
fortebet

Imikino

Sekamana Maxime yasheshe amasezerano afitanye na Rayon Sports mu gihe Kimenyi Yves yayireze muri FERWAFA

Kimenyi Yves yareze Rayon Sports muri FERWAFA kubera ko yamwimye urwandiko rwo kumurekura (…)

Murenzi Abdallah wayoboye Rayon Sports yahaye inama ikomeye abafana bayo

Uwahoze ari umuyobozi wa Rayon Sports,Murenzi Abdallah ubu uyobora FERWACY yasabye abakunzi ba (…)

Foden na Greenwood birukanwe mu ikipe y’Ubwongereza kubera kwinjiza mu mwiherero abakobwa

Umutoza w’ikipe y’igihugu y’Ubwongereza yamaze kwirukana abakinnyi 2 barimo Phil Foden na Mason (…)

Abakinnyi 2 b’ikipe y’Ubwongereza bafatanwe abakobwa muri hoteli muri Iceland

Ba rutahizamu babiri b’Ubwongereza barimo uwitwa Mason Greenwood w’imyaka 18 na Phil Foden (…)

FERWAFA yamaze gufatira ibihano Rayon Sports kubera kunanirwa kwishyura Minnaert

Komisiyo y’imyitwarire ya FERWAFA yamaze gutangaza ko ifatiye icyemezo Rayon Sports cy’uko (…)

Aragurisha za whisky yahawe kuri buri sabukuru ye mu myaka 28 kugira ngo agure inzu

Kuva avutse, buri mwaka ku isabukuru ye se amuha impano y’icupa rya whisky rimaze imyaka 18, uyu (…)

Perezida Kagame yavuze ku makimbirane ari mu ikipe Rayon Sports n’uwo yashinze kuyakemura

Nyakubahwa Paul Kagame yatangaje ko nubwo adaheruka iby’imipira yo mu Rwanda ariko yizeye ko (…)

Anthony Joshua yishumbushije umugore wa Rutahizamu Riyad Mahrez

Umukinnyi w’iteramakofi,Anthony Joshua ukina mu rwego rw’abaremereye yagaragaye yasohokanye (…)

Abanyamuryango ba Rayon Sports bandikiye Perezida Kagame bamutakambira ngo abakize icyemezo cya RGB

Bamwe mu banyamuryango ba Rayon Sports bandikiye umukuru w’igihugu batakamba ngo abafashe (…)

Karekezi Olivier arateganya gusubira i Burayi kubera ibibazo biri muri Kiyovu Sports

Umutoza mushya wa Kiyovu Sports,Karekezi Olivier umaze ukwezi kumwe ageze i Kigali,yatangiye (…)

Misiri yatangije iperereza ku gikombe cy’Afurika cy’umwimerere cyaburiwe irengero

Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Misiri (EFA) ryatangije iperereza ryo kumenya irengero (…)

Yaya Toure yirukanwe mu mukino yiteguraga gukina kubera gushaka kugura indaya

Kizigenza Yaya Toure wamenyekanye muri Manchester City no muri FC Barcelona yirukanwe mu mukino (…)

Chelsea yaguze umukinnyi wa 06 muri uyu mwaka wujuje miliyoni 230 z’amapawundi yashoye ku isoko

Ikipe ya Chelsea FC yaraye itangaje ko isinyishije Umudage witwa Kai Havertz wakiniraga ikipe ya (…)

Meddie Kagere yashyize hanze ubutumwa busa n’ubusezera ikipe ya Simba SC

Ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatanu, akoresheje imbuga nkoranyambaga zirimo Instagram na Twitter, (…)

Lionel Messi yemeje ko atakivuye mu ikipe ya FC Barcelona

Umukinnyi w’ibihe byose akaba na kapiteni wa FC Barcelona,Lionel Messi yamaze kwemeza ko (…)