skol
fortebet

Politiki

Uturere 9 turimo n’aka Rubavu kamaze iminsi turarara tubonye abayobozi bashya

Uturere tune mu Ntara y’Iburengerazuba hamwe na tune mu Ntara y’Amajyaruguru n’Akarere ka (...)

Itegeko rishya UK yasinye n’u Rwanda rishobora kugera ku ntego? Ni iki gishobora kuryitambika?

Inzobere mu mategeko zagize uruhare mu rubanza ku Rwanda – cyangwa zashyigikiye ikirego kuri (...)

Leta yakuyeho amafaranga yakwaga kuri serivisi 10 zirimo izerekeye ubutaka

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame, yakuyeho amafaranga yakwaga kuri serivisi 10 (...)

Ubwongereza bwiyemeje kwihutisha cyane gahunda yo kuzana abimukira mu Rwanda

Minisitiri w’Ubutegetsi wa UK,James Cleverly, yavuze ko Ubwongereza bugomba noneho "kugira (...)

Amasezerano Mashya Ku Bimukira yasinywe agamije kongerera imbaraga Ayayabanjirije

Minisitiri w’ububanyi n’amahanga w’u Rwanda na mugenzi we ushinzwe ibibera imbere mu Bwongereza (...)

Abimukira :’Ni uwuhe mwenda u Rwanda rufitiye Ubwongereza’?

Uyu munsi nyuma y’iminsi 20 Urukiko rw’Ikirenga rw’Ubwongereza rutegetse ko umugambi wa leta (...)

UPDATE:Minisitiri w’ubutegetsi wa UK yageze mu Rwanda gusinya amasezerano ku bimukira

James Cleverly ni Minisitiri wa gatatu w’ubutegetsi bw’igihugu w’Ubwongereza yageze mu Rwanda (...)

Lt Gen (rtd) Charles Kayonga yabonye imirimo mishya

Inama y’Abaminisitiri yateranye kuri uyu wa 29 Ugushyingo iyobowe na Minisitiri w’Intebe Dr (...)

Kibeho: Ibihumbi bisaga 18 by’aba Kirisitu bazindukiye kwizihiza isabukuru y’amabonekerwa

Abantu babarirwa hagati y’ibihumbi 18 na 20, muri iri joro ryo ku wa 27 Ugushyingo 2023 (...)

Bugesera: Ubuyobozi bugiye guhagurukira abana bato bakora uburaya biyise ’sunika simbabara’

Ubuyobozi bw’Akarere ka Bugesera bwatangaje ko bugiye gukurikirana ikibazo cy’abana bari hagati (...)

Abimukira nti bakwiye kubura aho bahabwa amahirwe u Rwanda ruhari-Y.Makolo

U Rwanda nk’igihugu cyo muri Afurika gikomeje kugaragaza ubudasa, kirifuza kuba icy’amahirwe ku (...)

U Rwanda n’Ubwongereza bari kunoza amasezerano azoroshya gahunda yo guhana abimukira

Umuvugizi wa Guverinoma, Yolande Makolo yabwiye Televiziyo yo mu Bwongereza Sky News ko harimo (...)

U Rwanda rwasubije Perezida Tshisekedi wemeje ko bazagaba intambara ku Rwanda

Umuvugizi wungirije wa Guverinoma y’u Rwanda, Alain Mukuralinda, yashimangiye ko amagambo (...)

Guverinoma y’u Rwanda yavuze ku byo kwima ubuhungiro impunzi yashinjwe

Perezida w’urukiko rw’ikirenga rw’Ubwongereza Robert John Reed yavuze ko mu myanzuro yagendeweho (...)

Perezida Kagame yaganiriye na mugenzi we Ndayishimiye bahuriye mu nama y’i Riyadh

Perezida Paul Kagame na mugenzi we w’u Burundi Evariste Ndayishimiye, uwa Mozambique Fiilip (...)

0 | ... | 60 | 75 | 90 | 105 | 120 | 135 | 150 | 165 | 180 | ... | 1905