Uyu mwaka ushobora kutazorohera ibigugu byifuza kwambura Liverpool igikombe cya UEFA Champions League kuko ikomeje gusya itanzitse mu gihe FC Barcelona na Chelsea zahuye n’akazi gakomeye mu rugo...
Ubutunzi nk’imwe mu kingi z’ubuzima bwiza, abantu batuye isi bahora mu ntambara yo gushaka ubutunzi ndetse benshi muri iyi nkundura banahata ubuzima. Ese ni nde ibi wabiraze abatuye isi? Ese kuki...
Umunsi wa 3 wa UEFA Champions League warangiye buri wese yemeye ko umutoza Frank Lampard ashobora kuzaba umutoza ukomeye kuko yasanze Ajax iwayo iyitsindaigitego 1-0 mu gihe Liverpool,Inter Milan...
Amakipe ahabwa amahirwe yo kwegukana igikombe cya UEFA Champions League muri uyu mwaka w’imikino ariyo Liverpool na FC Barcelona yagowe no kubona amanota imbere y’abafana bazo kuko yabonye ibitego...
Nk’ibisanzwe irushanwa rya UEFA Champions League 2019/2020 ryatangiranye ingufu aho amakipe y’ibigugu arimo FC Barcelona,Inter Milan na Liverpool atabashije kubona amanota 3 ku mukino w’umunsi wa...
Luis Enrique wahoze atoza FC Barcelona n’ikipe y’igihugu ya Espagne, yasezeye ku mukobwa we w’imyaka icyenda y’amavuko witabye Imana azize kanseri y’amagufwa [...
Rutahizamu wa Chelsea Christian Pulisic yanze kujya mu ikipe ya Manchester United mu mwaka ushize kubera ko se umubyara yanga Jose Mourinho utajya uha amahirwe abana...
Umukobwa witwa Ekaterina Karaglanova w’imyaka 24 wigaruriye benshi kuri Instagram,yasanzwe yishwe n’abagizi ba nabi bakoresheje icyuma barangije bamushyira mu gikapu kuwa Gatanu w’icyumweru...
Amakuru aravuga ko ikipe ya Real Madrid ikomeje gushaka uko yubaka igice cyayo cy’ubusatirizi aho yiteguye gutanga akayabo ka miliyoni 74 z’amapawundi kugira ngo igure rutahizamu Pierre Emerick...
Abafana ba Manchester United ntibishimiye abakinnyi ikipe yabo iri gushaka kugira ngo yiyubake,kubera ko benshi ari abasanzwe bakina mu makipe aciriritse.
Ikipe ya Ajax Amsterdam yatunguye abatuye isi yose ubwo yasangaga Real Madrid ku kibuga cyayo,iyisengerera ibitego 4-1 mu mukino wo kwishyura wa 1/16 cya UEFA Champions League wabereye Santiago...
Kuri uyu wa mbere tariki ya 17 Ukuboza habaye tombola y’uko amakipe yageze muri 1/8 cya Champions League azahura, Manchester United yatomboye Paris Saint-Germain mu gihe Liverpool yatomboye Bayern...
Amakipe 2 yo mu Bwongereza,Liverpool na Tottenham Hotspurs yari yitezwe cyane mu mikino ya nyuma y’amatsinda ya UEFA Champions League 2018/2019,kuko gutsinda gusa imikino ya nyuma bitari bihagije...
Rutahizamu Ousmane Dembele wa FC Barcelona yakoze agashya ku Cyumweru agera ku myitozo irangiye bituma abakinnyi bagenzi be n’abafana bagwa mu kantu kubera imyitwarire mibi y’uyu mufaransa ikomeje...
President Yoweri Museveni has directed the heads of various security agencies to discourage their officers from using teargas, rubber, bullets and live ammunition when dealing with riots.
These...
Rutahizamu wa PSG Kylian Mbappe ukunzwe na benshi mu bakunzi ba ruhago kubera ubuhanga afite kandi akiri muto,yatangaje ko ukuntu yishimira igitego yipfumbase yabikomoye ku muvandimwe we ubwo...
Over 41 000 children and adults in the WHO European Region have been infected with measles in the first 6 months of 2018. The total number for this period far exceeds the 12-month totals reported...
Jailed Kyadondo East MP Robert Kyagulanyi (Bobi Wine) has hired on retainer a US based law firm named Amsterdam & Partners LLP, following his arrest on August 14th and detention at the...
Perezida w’ u Rwanda akaba n’ umuyobozi w’ Umuryango w’ Afurika Yunze ubumwe Paul Kagame yavuze ko hari inyungu nini ku mpande zombi mu bufatanye bwa Afurika na BRICS kandi nibikomeza ubu bufatanye...