Minisitiri w’intebe wa Ethiopia, Abiy Ahmed, w’imyaka 43, niwe wamaze gutangazwa ko yatsindiye igihembo cy’amahoro cyitiriwe Nobel gitangwa na komite yo muri Norvege itanga ibi...
Inyeshyamba yitwa Caporal Ndayizeye Emmanuel,iri mu zateye mu karere ka Musanze zikicisha abantu, yafashwe n’abaturage ku munsi w’ejo,ishyikirizwa inzego zishinzwe...
Abanyarwanda babiri, Jean de Dieu Uwihanganye wamamaye mu itangazamakuru rya hano mu Rwanda nka MC Henri Jado na Usher Komugisha, bari ku rutonde rw’Abanyafurika bakiri bato bahesheje ishema...
Umukozi wa RIB bivugwa ko yitwa Mugunga Yves yagonzwe n’ ikamyo yo muri Kenya yabuze feri ahagana saa 7h15 kuri uyu wa gatatu tariki 2 Ukwakira,ubwo yari mu kazi ke kuri Station ya...
Rutahizamu mushya wa Gasogi United,Tidiane Kone,yavuze ko nubwo yaje mu ikipe izamutse mu cyiciro cya mbere vuba,yiteguye kubabaza ikipe ya Rayon Sports yamurekuye akagenda mu ntangiriro z’umwaka...
Ikipe ya Gasogi united y’umushoramari KNC iri mu biganiro bya nyuma na rutahizamu wahesheje ikipe ya Rayon Sports igikombe cya shampiyona ya 2016-2017,Tidiane Kone kugira ngo aze kuyifasha...
Kuri uyu wa kabiri tariki 24 Nzeri 2019 Minisiteri y’Ubuzima (MINISANTE) yakoze umwitozo wo kwirinda no kurwanya Ebola wabereye mu bitaro bitandukanye byo mu Mujyi wa Kigali birimo ibitaro...
Icyamamare ku mbuga nkoranyambaga Zarinah Tlale uzwi nka Zari Hassan yarakariye abafana be bo hirya no hino ku isi nyuma y’ifoto yashyizwe hanze numwe mubo bari kumwe akiyita ko ariwe King...
Ikipe ya Kiyovu Sport Club yamaze kwirukana abakinnyi icyenda yari yaraguze mu mpeshyi z’uyu mwaka wa 2019 mu gihe biteguraga umwaka w’imikino wa 2019-2020.
Abahagarariye Leta y’u Rwanda na Uganda bateraniye i Kigali uyu munsi taliki ya 16 Nzeri 2019 biga ku ishyirwa mu bikorwa ry’amasezerano aherutse gusinyirwa muri Angola,aho mu ngingo zirindwi...
Ikipe ya Mukura VS yambuye igikombe cy’Agaciro Rayon Sports yari imaze imyaka 2 yikurikiranya igitwara,iyitsinda ibitego 2-1 mu mukino wa nyuma wafatiwemo ibyemezo bikarishye birimo penaliti 2...
Umunyezamu wahoze muri Rayon Sports Bikorimana Gerrard afashije ikipe ye nshya ya Mukura VS gusezerera APR FC muri ½ cy’imikino y’Agaciro Tournament nyuma yo kunganya ibitego 2-2 hakitabazwa...
Abayobozi ba Uganda nabo mu Rwanda bazahurira i Kigali ku wa Mbere w’icyumweru gitaha mu biganiro bigamije kurebera hamwe ishyirwa mu bikorwa ry’amasezerano y’ubwumvikane hagati y’ibihugu byombi...
Gasogi United yatsindiye gukina icyiciro cya mbere mu mwaka utaha w’imikino wa 2019/20 ikomeje kwiyubaka, aho yasinyishije rutahizamu Athassi Fabrice Merlin wakiniraha ya Union de Douala yo mu...
Nyuma y’amasezerano aherutse gushyirwaho umukono hagati y’u Rwanda na Uganda, itsinda ry’abayobozi hagati y’ibihugu byombi rigizwe n’Abaminisitiri, bari kwiga ku nama ihuriweho izaganira ku ishyirwa...
Benshi mu rubyiruko rutandukanye cyane cyane urutuye mu mujyi wa Kigali, mu turere twa Nyarugenge, Kicukiro,na Gasabo, rwemeza ko ijambo “Kumanuka Kizimbabwe”, rurikoresha rushaka kuvuga ikorwa...
Kuri uyu wa Gatatu taliki ya 21 Kanama 2019 nibwo perezida Kagame na Museveni wa Uganda bemeye gushyira umukono ku masezerano agamije gufatanya n’umutekano yitezweho kurangiza burundu ikibazo ibi...
Perezida Paul Kagame, Yoweri Kaguta Museveni wa Uganda, João Lourenço wa Angola na Felix Tshisekedi wa RDC basinye amasezerano bahuriyeho uko ari bane y’ubufatanye...
Ikipe ya Internazionale Milano yo mu gihugu cy’Ubutaliyani, yemeje ko yamaze gusinyisha Umubiligi Romelu Lukaku wakiniraga Manchester United yo mu gihugu...
Abakinnyi b’Abanyarwanda bakina umukino wo gusiganwa ku magare mu ikipe ya Benediction Excel Energy baraye bakomerekeye mu Gace ka Kabiri ka Tour de la RDC ubwo bari mu gikundi kinini bahanganira...
Ikipe ya Gasogi united iherutse kwegukana igikombe cya shampiyona y’icyiciro cya kabiri mu Rwanda,yamaze gusinyisha umutoza Guy Bukassa watozaga AS Nyuki yo muri RDC ndetse akaba n’umutoza...
Perezida Felix Tshisekedi wa RDC,yasinye ku itegeko rishyiraho guverinoma nshya mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere taliki ya 26 Kanama 2019,nyuma y’amezi 7 yari ashize arahiriye kuyobora iki...