Ku mukino wa AS Kigali na Kiyovu Sports, abasifuzi bayobowe na Twagirumukiza Abdul Karim bari bambaye utwuma tubafasha gutumanaho ku byemezo bifatwa mu...
Ishyirahamwe ry’Umupira w’amaguru mu Rwanda,FERWAFA, yatangaje ko APR FC izakina ikirarane cyayo na Sunrise FC ku wa 25 Ukwakira 2023, mu gihe Rayon Sports izakina na Police FC kuri iyo...
Abakunzi ba Rayon Sports bamereye nabi ubuyobozi bw’Umujyi wa Kigali buri kubategeka gukorana na Urid Technologies mu kwishyuza umukino wayo na Al Hilal Benghazi kandi iyi kompanyi ishinjwa...
Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA) ryatanze Stade ya Huye nk’ikibuga u Rwanda ruzakiriraho Mozambique mu mukino w’Umunsi wa Gatanu wo mu Itsinda L ryo gushaka itike y’Igikombe cya...
Ikipe ya Rwamagana City FC itarorohewe n’urugendo rwo kubona itike ya 1/2 kubera akagambane k’abashinzwe umupira w’amaguru,yatsinze Interforce FC ibitego 2-0 mu mukino ubanza wa ½ cy’irangiza mu...
Amakipe ya Marines FC, Etincelles na Rutsiro FC nyuma yo gusabwa gushaka ikibuga cyo kwakiriraho imikino ya Rwanda Premier League kitari Stade Umuganda, basubije FERWAFA ko nta handi bifuza...
Umuyobozi wa FERWAFA,Nizeyimana Olivier,yatangaje ko CAF yemeye kuzubakira u Rwanda stade nini iri ku rwego mpuzamahanga yiyongera ku zihasanzwe.
Ubwo yari yatumiwe mu kiganiro “Kick-Off” cya...
Umuyobozi wa APR FC, Lt Gen Mubarakh Muganga yaraye agiranye ikiganiro n’abanyamakuru nyuma y’inteko rusange ya FERWAFA,aho yagarutse ku makuru ari muri ARP FC n’ahazaza...
Ku ya 13 Ukwakira 2020, Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA) ryashyize hanze ingengabihe y’amarushanwa y’umwaka utaha w’imikino wa 2020/2021, igaragaza ko shampiyona ya 2020-2021 mu...
Minisiteri ya Siporo yamenyesheje amashyirahamwe y’imikino ko ashobora gutangira gusubukura amarushanwa n’imyitozo ku makipe, mu gihe ryamaze gutegura no kumenyesha MINISPORTS uburyo bwo kwirinda...
Umuyobozi wa komisiyo y’abasifuzi mu ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda (FERWAFA), Gasingwa Michel yasabye urwego rw’igihugu rw’Ubugenzacyaha , RIB kuza gukora iperereza kuri ruswa ikomeje...
FERWAFA yamaze kwemeranya n’ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru muri Tanzania ko amakipe y’ibihugu byombi yazakina umukino wa gicuti wo kuyafasha kwitegura imikino yo mu matsinda yo gushaka itike yo mu...
Nyuma y’igihe kinini Amavubi atabona umukino wa gicuti,byarangiye FERWAFA yumvise ubusabe bwa benshi ishaka umukino wa gicuti na Repubulika iharanira Demokarasi ya Kongo iri mu makipe agira...