Rutahizamu Hakizimana Muhadjiri yongeye kugaragaza ko ari kabuhariwe mu gutera coup Franc kuko ebyiri yinjije hamwe na penaliti bifashije APR FC gutsinda Bugesera FC ibitego 3-0,mu mukino w’umunsi...
Rutahizamu Micheal Sarpong yatangaje ko ahora yibuka ko uwamuzanye mu ikipe ya Rayon Sports yamubwiye ko APR FC ariwe mukeba ukomeye wayo ndetse abafana bayo bagukunda iyo ubafashije...
Kuri uyu wa Gatanu ikipe ya APR FC yamurikiye abakinnyi bayo umutoza wayo mushya Zlatko Krmpotić w’imyaka 60 ukomoka muri Serbia ndetse n’abakinnyi bashya bagera kuri 4 barimo Usengimana...
Mu mikino y’umunsi wa 13 yakomeje kuri iki Cyumweru taliki ya 06 Mutarama 2019,ikipe ya Marines FC yahagamye Mukura VS I Rubavu banganya igitego 1-1 mu gihe APR FC yaherukaga kubabaza abakunzi...
Rutahizamu Btiringiro Lague ahaye abafana ba APR FC noheli nziza nyuma yo kuyifasha gutsinda Kiyovu Sports igitego 1-0 mu mukino w’umunsi wa 10 wa shampiyona wabereye kuri stade ya Kigali I...
Myugariro wa APR FC Manishimwe Emmanuel uzwi nka Mangwende amaze imyaka igera kuri 2 akundana na Uwase Claudio, umuyobozi wa Fan Club Intare za APR FC ndetse biravugwa ko bazarushinga mu mpera...
Ikipe ya APR FC ikomeje kwiyubaka kuko yamaze gusinyisha umwe mu bakinnyi bakiri bato bari kuzamuka neza, Ntwari Evode wasoje amasezerano n’ ikipe ya AS Kigali yakiniraga mu mwaka w’imikino...
Umutoza Haringingo Francis utoza Mukura VS yatangaje ko nyuma y’umukino baheruka gukina na APR FC bagatsindwa igitego 1-0 I Huye,atishimiye imisifurire ndetse afite impungenge ko byakomeza kubaho...
Mu mukino w’ikirarane wari witezwe na benshi,ikipe ya APR FC yishyuye Police FC igitego yari yayitsinze mu gice cya mbere bigoranye,amakipe yombi anganya igitego...
Ikipe ya APR FC ibashije kubyitwaramo neza mu mukino ubanza wa 1/8 cy’igikombe cy’Amahoro,itsinda La jeunesse ibitego 3-0 mu mukino wabereye kuri stade ya Kigali yari yuzuye amazi kubera imvura...
Ikipe ya APR FC yanyagiye Giticyinyoni ibitego 9-0 mu mukino wo kwishyura w’igikombe cy’Amahoro wabaye kuri uyu wa Gatandatu kuri stade ya Kigali i Nyamirambo byaje bikurikira 4-1 yayitsinze mu...
Ikipe ya APR FC yahiriwe n’urugendo rwo kwerekeza I Gicumbi kuko ihavanye impamba y’ibitego 4-0 mu mukino wayo usoza igice kibanza cya shampiyona.
Ikipe ya Gicumbi FC yari imbere y’abakunzi bayo...
Ikipe ya APR FC itsinzwe igitego 1-0 na Djoriba FC mukino ubanza wa CAF Confederations Cup wabereye muri Mali.
Uyu mukino waranzwe no kwitwara neza k’umunyezamu Kimenyi Yves wakuyemo imipira...
Umutoza w’ikipe ya Rayon Sports yatangaje ko yababajwe no gutsindwa na APR FC ku mukino wa 3 w’igikombe cy’Amahoro ndetse yifuza kuyihoreraho ku mukino wo ku munsi w’ejo.
Uyu mutoza umaze gutsinda...
Mu rwego rwo gukaza imyiteguro y’umukino w’ishyiraniro uzabahuza,ikipe ya Rayon Sports n’iya APR FC zaraye zigeze mu Rwanda,nta karuhuko zahaye abakinnyi bazo,zahise zijya mu mwiherero mu rwego rwo...
Benshi mu bakunzi ba Ruhago mu Rwanda bategerezanyije ubwuzu umukino urahuza ikipe ya Rayon Sports na APR FC kuri iki cyumweru saa 15h30 kuri stade Amahoro I Remera.
Uyu mukino w’ishyiraniro ni...
Abakinnyi b’ikipe ya APR FC n’umutoza wayo Jimmy Mulisa batangaje ko bagiye mu gihugu cya Seychelles kongera kunyagira ikipe ya Anse Reunion nkuko babigenje mu mukino ubanza wabereye I Kigali ubwo...
Ikipe ya APR FC irakomereza imyiteguro y’umukino wa Anse Reunion yo muri Seychelles I Shyorongi aho isanzwe ikorera bikayifasha gutsinda ikipe ya Rayon Sports.
Nyuma yo gutsinda ikipe ya Rayon...
Umutoza w’ikipe ya APR FC Mulisa Jimmy aratangaza ko yiteguye kongera gushimisha abafana b’iyi kipe kuri uyu Gatatu mu mukino araza guhuramo na Musanze nyuma yo gutakaza amanota ku mukino...
Umutoza w’ikipe ya Kiyovu Sports, Cassa Mbungo aratangaza ko yiteguye gukuraho igisebo ikipe ye ya Kiyovu ifite kuri APR FC aho imaze imyaka 10 itayitsinda ndetse benshi mu bakunzi b’umupira...
Kuri uyu wa Gatatu nibwo imikino yo ku munsi wa 2 w’igikombe cy’agaciro Development Fund aho ikipe ya Police FC imaze gutsindwa n’ikipe ya APR FC ibitego mu mukino watangiye ku I saa cyenda...
Umukinnyi ukina hagati mu ikipe ya APR FC Mukunzi Yannick ntari bujyane n’ikipe ya APR FC mu mikino yo Kwitegura umwaka w’imikino utaha w’imikino aho biri kuvugwa ko uyu musore yifuza ko iyi kipe...
Umukino ubanza wa CAF Champions League wahuzaga Zanaco FC na APR FC urangiye amakipe yombi anganya ubusa ku busa. Umukino wabereye I Lusaka muri Zambia.
N’ubwo bari bagiye bifuza igitego cyo...
Umukino w’umunsi wa 25 wa shampiyona wagombaga guhuza ikipe ya Mukura Victory Sports na Bugesera FC kuri uyu wa Gatandatu wamaze kwimurirwa ku Cyumweru mu gihe kandi n’umukino wa Police FC na APR...
Ikipe ya Pyramids FC izahura na APR FC yagiye Istanbul muri Turkia kwitegura Umwaka mushya w’imikino iwabo mu Misiri no kwitegura CAF Champions League umukino izahuramo na APR FC Kuwa 15 Nzeri...
Ikipe ya MUKURA VS yerekanye ko izaba ikanganye mu mwaka w’imikino utaha nyuma yo guhagama APR FC bakanganya 0-0, mu mukino wa gicuti wo kwizihiza isabukuru yayo y’imyaka 60 imaze...