Umukino ubanza wa CAF Champions League wahuzaga Zanaco FC na APR FC urangiye amakipe yombi anganya ubusa ku busa. Umukino wabereye I Lusaka muri Zambia.
N’ubwo bari bagiye bifuza igitego cyo...
Umukino w’umunsi wa 25 wa shampiyona wagombaga guhuza ikipe ya Mukura Victory Sports na Bugesera FC kuri uyu wa Gatandatu wamaze kwimurirwa ku Cyumweru mu gihe kandi n’umukino wa Police FC na APR...
Ikipe ya APR BBC yatsinze AS Douanes yari imbere y’abafana bayo muri Sénégal amanota 66-61, ibona intsinzi ya kabiri mu mikino itatu imaze gukina muri BAL 2024, Sahara...
Ntakirutimana Isaac,wari umufana ukomeye wa Rayon Sports, wamenyekanye cyane ku izina rya Sarpong, avuga ko nyuma yo gutera umugongo iyi kipe yari yarihebeye akajya muri APR FC, yirukanywe mu nzu...
Uyu munsi, Ikipe y’Ingabo z’Igihugu APR FC nitsinda AS Kigali mu mukino w’ikirarane w’umunsi wa 26 wa Primus National League irahita yegukana igikombe, kiza kuba igikombe cya 22 yaba...
Ikipe ya APR FC biravugwa ko yakunze kizigenza Stéphane Aziz Ki ukinira Young Africans ndetse igerageza no kubaza igiciro cye gusa icibwa akayabo k’amadolari.
Uwari umutoza wongerera imbaraga abakinnyi ba APR FC, Umunya- Tunisia Dr Adel Zrane, yitabye Imana aguye mu rugo iwe kuri uyu wa Kabiri, tariki ya 2 Mata...
Chairman wa APR FC, Col Richard Karasira, yatangaje ko abagereranya Ikipe y’Ingabo z’Igihugu na Rayon Sports nk’abakeba, bibeshya cyane kuko aya makipe yombi ntaho ahuriye mu bikombe afite ku buryo...
Perezida w’ikipe ya Gasogi United,Kakooza Nkuriza Charles uzwi nka KNC, yatangaje ko ikipe ye yiganjemo abakinnyi bato ntawe itatsinda mu Rwanda ndetse ko ibanga ryatumye basezerera APR FC mu...
Amakuru aravuga ko FERWAFA yamaze gukuraho imikino y’ibirarane yagombaga gukinwa n’amakipe y’ibigugu ya hano mu Rwanda, APR FC na Rayon Sports,yo kuwa 25...
Umutoza Thierry Froger utoza APR FC n’abo bakorana batumijwe mu nama idasanzwe n’ubuyobozi bw’ikipenyuma yo gutsindwa ibitego 6-1 na Pyramids FC yo mu Misiri.
Umutoza wa APR FC, Thierry Froger, yemeje ko Nshimirimana Ismaël ’Pitchou’ atazaboneka ku mukino iyi kipe izakina na Pyramids FC mu gushaka itike igana mu matsinda ya CAF Champions...
Kuri uyu wa Kabiri Saa 16:45, nibwo APR FC ihaguruka I Kigali yerekeza i Cairo mu Misiri, gukina umukino wo kwishyura w’ijonjora rya kabiri rya CAF Champions League izahuramo na Pyramids...
Ikipe ya Pyramid iri mu Rwanda gukina na APR FC mu mukino ubanza w’ijonjora rya nyuma mu gushaka itike yo kwerekeza mu matsinda y’imikino ya CAF Champions...
Ikipe ya Pyramids FC izahura na APR FC yagiye Istanbul muri Turkia kwitegura Umwaka mushya w’imikino iwabo mu Misiri no kwitegura CAF Champions League umukino izahuramo na APR FC Kuwa 15 Nzeri...
Ikipe ya MUKURA VS yerekanye ko izaba ikanganye mu mwaka w’imikino utaha nyuma yo guhagama APR FC bakanganya 0-0, mu mukino wa gicuti wo kwizihiza isabukuru yayo y’imyaka 60 imaze...
Umugaba Mukuru w’Ingabo z’u Rwanda, Lt Gen Mubarakh Muganga yakiriye abatoza bashya ba APR FC mu biro bye; bari baherekejwe na Chairman w’Ikipe, Lt Col Richard Karasira na Team Manager, Rtd Cpt Eric...
Ikipe ya APR Volleyball Club mu bagabo na Police Women Volleyball Club mu bagore, ni zo zegukanye igikombe cy’irushanwa ryo Kwibohora ku nshuro ya 29, Liberation Cup...