Myugariro Salomon Bindjeme wakiniraga APR FC, yavuze ko abatoza ba APR FC batamubereye abantu beza, ahishura ko umubi cyane ari Umutoza wungirije, Karim...
Myugariro Rwatubyaye Abdul yatangaje ko APR FC ayifata nka se mu gihe Rayon Sports ayifata nk’umugabo wa kabiri w’umubyeyi bityo ko APR FC ariyo iganje mu mutima we...
Ikipe ya APR FC isezerewe mu mikino ya CAF Confederations Cup nyuma yo gutsinda Djoliba AC ibitego 2-1 isezererwa kubera igiego cyo hanze. Djoriba AC yishimanye n’abafana ba Rayon Sports...
Ikipe ya AS Kigali na APR FC zatsinze imikino yazo kuri uyu wa Kane, zikomeza kwanikira mukeba wazo Rayon Sports ihugiye mu mikino ya CAF Confederations...
Myugariro mushya wa AS Kigali Rusheshangoga Michel yishyuye APR FC yamwirukanye igitego mu minota y’inyongera bituma inganya uyu mukino w’umunsi wa mbere wa shampiyona yayoboye...
Ikipe ya APR FC n’umuyobozi wungirije wayo, Maj. Gen Mubarakah Muganga bamenyesheje Ikipe y’igihugu ’Amavubi’ ko abakinnyi bayo 11 yahamagaye bazaboneka ku wa 2 Ugushyingo barangije kuzuza gahunda...
Ikipe ya APR FC yahabwaga amahirwe menshi yo kunyagira Marines FC bahuje kuba bose ari amakipe ya gisirikare,ntiyatengushye abakunzi bayo kuko yayitsinze ibitego 6-0 mu gihe AS Kigali bahanganiye...
Ubwo yari mu nteko rusange ya FERWAFA yatorewemo perezida mushya wa FERWAFA,Nizeyimana Mugabo Olivier,Umuyobozi wa APR FC,Lt Gen Mubarakh Muganga yahishuye menshi mu makuru ari mu ikipe ya APR...
Mu mukino w’abakeba uba utegerejwe na benshi,Ikipe ya Rayon Sports yanganyije na APR FC 0-0 bituma iyi kipe y’ingabo z’igihugu iguma ku mwanya wa mbere.
Muri uyu mukino w’umunsi wa 19 wa shampiyona...
Igitego cya Niyigena Clement ku munota wa nyuma w’inyongera cyahesheje APR FC intsinzi kuri Kiyovu Sports, ihita ifata umwanya wa mbere muri shampiyona,mu gihe Rayon Sports na AS Kigali zarangaye...
Ikipe y’abagore ya APR y’umukino wa Basketball [APR W BBC yatwaye igikombe cya shampiyona nka basaza babo itsinze amanota 62 kuri 61 ya REG W BBC mu mukino wa...
Ikipe ya APR FC yanyagiye Gorilla FC ibitego 4-1,biyifasha kongera kugaruka mu bihe byiza no gushimangira umwanya wa mbere, nyuma y’imikino 2 yari ishize...
Kuri uyu wa Gatandatu, saa cyenda z’amanywa kuri Kigali Pelé Stadium, ikipe ya APR FC irakira Rayon Sports mu mukino w’umunsi wa 24 wa shampiyona uba ari uwa 102 hagati y’aya makipe...
• Mulisa yatangaje ko ibyo guhitamo abakinnyi babanza mu kibuga ari umwanzuro w’umutoza
• Jimmy Mulisa yatangaje ko APR FC yiteguye kwitwara neza imbere ya Bugesera...
Ikipe ya APR FC iri mu biganiro bya nyuma n’abasore 3 bakomeye barimo Mugiraneza Jean Baptiste uzwi nka Migi,IRANZI Jean Claude na Nshuti Dominique Savio. Iyi kipe y’ingabo z’igihugu yiteguye...
Ikipe ya APR FC yashyize ingufu mu mukino wa Rayon Sports mu rwego rwo kwihimura kuri Rayon Sports iherutse kuyitsinda mu mukino wa super cup ibitego 2-0,wakinwe inshuro 2 kubera ikibazo...
Kapiteni Migi afashije APR FC gukura amanota y’ingenzi I Huye,nyuma yo gutsinda igitego ku munota wa nyuma cyabahesheje intsinzi ubwo bari bahanganye na Mukura VS yabagoye ku buryo bukomeye...
Umuyobozi wungirije wa Rayon Sports,Muhirwa Freddy yatangarije abakinnyi ba Rayon KO nibatsinda APR FC kuwa Gatandatu w’iki cyumweru buri wese azahabwa agahimbazamusyi kagera ku bihumbi 300...
Impinduka zikomeye z’abatoza b’ikipe ya AS Kigali,Mateso Jean de Dieu na Kodo mu gice cya kabiri,zifashije AS Kigali gukura inota rimwe ku ikipe ya APR FC mu mukino w’umunsi wa 26 wa shampiyona y’u...
Ikipe ya AS Muhanga itunguye benshi mu bakunzi ba ruhago mu Rwanda,kuko yatsinze APR FC ibitego 2-1,mu mukino w’umunsi wa 28 wa shampiyona,ikoma mu nkokora urugendo rwayo rwo gushaka...
Ikipe ya APR FC yatangiye neza inzira yo kwiyunga n’abakunzi bayo ba batishimye,kuko banze kuza kuyishyigikira kuri uyu wa Gatatu, mu mukino ubanza wa 1/16 cy’igikombe cy’Amahoro yatsinzemo...
Umutoza mukuru wa APR FC,Zlatko Krmpotic,wari wanzwe cyane na bamwe mu bakinnyi n’abafana b’iyi kipe ye,yagaragaye afite igikapu we n’umugore we berekeje ku kibuga cy’indege aho bivugwa ko yamaze...
Hakizimana Muhadjiri uzwi cyane nka rutahizamu wa APR FC, avuga ko irushanwa rya CECAFA Kagame Cup rishobora kuba ari ryo rya nyuma akiniye ikipe ya APR FC mbere yo kwerekeza mu indi kipe yo...
Ikipe ya APR FC niyo ya nyuma isezerewe rugikubita mu irushanwa rya CECAFA Kagame Cup ryaberaga mu Rwanda nyuma yo gusezererwa muri ¼ na AS Maniema Union kuri penaliti 4-3 nyuma y’aho iminota 90...