Umutoza wa Chelsea,Frank Lampard biravugwa ko ashaka kugurisha abakinnyi 8 asanzwe akoresha kugira ngo akusanye amamiliyoni yo kugura abandi bakomeye bo kumufasha kuzitwara neza mu mwaka w’imikino...
Umutoza mushya wa Arsenal,Mikel Arteta,yabwiye abakinnyi be ko atajya ajenjeka ngo yihanganire imyitwarire mibi bityo umukinnyi uzitwara nabi batazashobokana.
Uyu munsi ku mbuga nkoranyambaga hiriwe amakuru avuga ko abasirikare bakuru mu ngabo z’u Rwanda basuye abakinnyi ba APR FC kuri uyu wa kabiri taliki ya 18 Ukuboza 2019,hanyuma bakabemerera...
Amakipe akomeye mu Rwanda arimo APR FC na Rayon Sports yamaze gutangaza urutonde rw’abakinnyi 20 azakoresha mu mikino ya CECAFA Kagame Cup izatangira kuwa Gatandatu taliki ya 06 Nyakanga...
Abafana ba Manchester United ntibishimiye abakinnyi ikipe yabo iri gushaka kugira ngo yiyubake,kubera ko benshi ari abasanzwe bakina mu makipe aciriritse.
Umutoza wa Manchester United, Ole Gunnar Solskjaer yatangaje ko nubwo kongera kugira Manchester United ikipe ikomeye bizatinda ariko yiteguye kwirukana abakinnyi bose badatanga umusaruro mu mpera...
Umutoza Unai Emery umaze umwaka atoza ikipe ya Arsenal yatangaje ko abakinnyi be bose bitwaye neza muri uyu mwaka w’imikino ariko ku isonga haza Lucas Torreira na Matteo Guendouzi baziye...
Umutoza wa Arsenal,Unai Emery yatangaje ko gutsindwa cyane mu mikino basuye amakipe bahanganye muri Premier League atari ikosa rye ahubwo abakinnyi be batajya bubahiriza ibyo aba yababwiye mbere...
Ubuyobozi bw’ikipe ya Rayon Sports bwafashe umwanzuro wo guha abakinnyi ikiruhuko kingana n’icyumweru cyose,nyuma yo gutsindirwa na APR FC ku munsi wa nyuma w’igikombe cy’intwari, igitego...
Ikipe ikomeye muri RDC,AS Vita Club iri mu biganiro n’abakinnyi b’abanyarwanda barimo rutahizamu Jacques Tuyisenge ukinira Gor Mahia na Abdul Rwatubyaye ukina mu bwugarizi bwa Rayon...
Abakinnyi ba Hilal SC El Obeid yo muri Sudani bitegura umukino wo kwishyura na Mukura VS, bageze i Kigali ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Gatatu, bafatwa n’amasaha y’isengesho mu idini ya Islam biba...
Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru ku mugabane w’I Burayi UEFA ryamaze gushyira hanze ikipe y’ibihe byose ya UEFA Champions League aho zombi zifitemo abakinnyi...
Umutoza wa Manchester United yongeye kwibasira abakinnyi be bakiri bato ko batajya bitanga uko bikwiriye aho yavuze ko abakinnyi be 4 barimo Luke Shaw, Anthony Martial, Jesse Lingard na Marcus...
Ubuyobozi bw’ikipe ya Manchester United bugiye gufatira abakinnyi bayo ibihano bikarishye kubera ko bigaragambije bakanga kwitabira ikirori cy’umwe mu baterankunga biyi...
Umutoza wa Manchester United,Jose Mourinho yashinje abakinnyi be kutitanga uko bikwiriye aho yavuze ko bitanze 30 ku ijana mu mukino baraye banganyije na Wolves igitego...
Umuyobozi wa Rayon Sports Muvunyi Paul yasuye ikipe mu myitozo ya nyuma yo kwitegura Enyimba yabaye ku munsi w’ejo kuri stade ya Kigali aho yifurije intsinzi abakinnyi ndetse abasaba gukomeza...
Ku munsi w’ejo nibwo ikipe ya Rayon Sports yatangiye imyitozo yo kwitegura umukino wa ¼ cya CAF Confederations Cup bafitanye na Enyimba FC muri Nigeria gusa abakinnyi 10 nibo bayikoze gusa mu gihe...
Ikipe ya Rayon Sports yongeye gukora amakosa nkayo iheruka gukora ubwo yagabanyaga abakinnyi bayo amafaranga yasaruye mu mikino ya CAF Confederations Cup aho kuri ubu yahembye abakinnyi berekeje...
Umuyobozi w’uruganda rwenga inzoga SKOL Ivan Wulffaert yakoreye ibirori abakinnyi ba Rayon Sports , abashimira ukuntu bahesheje u Rwanda ishema mu mikino ya CAF Confederation Cup ndetse abemerera...
Umutoza w’ikipe ya Rayon Sports yabwiye abakinnyi be ko buri wese agomba kwitegura gukina kubera imikino myinshi iyi kipe ifite mu marushanwa atandukanye.
Nyuma y’aho Chelsea FC inyagiwe na West bromo ibitego 5-2,abakinnyi babiri barimo Antonio Rudiger n’umunyezamu wa kabiri Kepa Arrizabalaga barwanye batabarwa na bagenzi...