Umutoza mushya wa FC Barcelona,XAVI yiteguye gukaza amategeko agenga abakinnyi be kugira ngo agarure ibihe byiza muri Barcelona, nyuma yo kuyobora imyitozo ye ya mbere nk’umutoza.
Uyu mutoza...
Umutoza wa Manchester United, Ole Gunnar Solskjaer, n’abayobozi be bashya kugira ngo barebe abakinnyi bazagura aho bivugwa ko iyi kipe y’ubukombe igiye kugura abakinnyi 4...
Umutoza wa Chelsea,Thomas Tuchel,yavuze ko atazigera aba umupolisi w’abakinnyi be ngo ajye abaca amande y’urudaca nkuko Frank Lampard yasimbuye yabigenzaga buri gihe bigatuma bamwe...
Mu nama yateranye haganirwa ku kibazo cy’Ikipe ya Amagaju FC, yandikiye FERWAFA isaba ko imikino yayo ya Kamarampaka mu gushaka amakipe azamuka mu cyiciro cya mbere, yasubikwa kubera abakinnyi 11...
Nyuma yo kunyagirwa na Bayern Munich ibitego 8-2,ikipe ya FC Barcelona irashaka kwirukana abakinnyi bayo bo mu ikipe ya mbere benshi uretse abakinnyi 4 batanga...
Ikipe ya FC Barcelona ikomeje gukora ibishoboka byose kugira ngo ibone umusimbura wa Luis Suarez aho yiyemeje gutanga abakinnyi bayo babiri barimo Nelson Semedo na Carles Alena yarangiza...
Perezida wa Rayon Sports Munyakazi Sadate yashimiye Minisitiri wa siporo kubera ubutumwa yahaye abakinnyi mu mikino itandukanye muri iki gihe abanyarwanda basabwe kuguma mu rugo kubera icyorezo...
Ikipe ya Chelsea FC yaraye igabanyirijwe ibihano yemererwa kugura abakinnyi mu kwezi kwa Mbere 2020 ariyo mpamvu yiyemeje kujya ku isoko igatangira kwiyubaka ishoye akayabo ka miliyoni 150...
Abakinnyi baguzwe ku munota wa nyuma muri Premier League batumye kuri iyi mpeshyi hasohorwa miliyari imwe na miliyoni 41 z’amapawundi, habuze gato ngo akureho umuhigo wa miliyari imwe na miliyoni...
Umukinnyi wo hagati Scott McTominay avuga ko hri igihe urwambariro rwa Manchester United rwari rumeze nabi cyane mu myaka yashize ariko ubu abakinnyi "bari inyuma cyane" ya Erik ten...
Amakipe ya Premier League mu Bwongereza muri iyi mpeshyi yashoye imari iri munsi gato y’iyo yashoraga mu myaka ishize mu kugura abakinnyi, ariko aracyaruta cyane ay’izindi shampiyona zikomeye i...
Umutoza wa Tottenham,Jose Mourinho,yatangaje ko atishimiye uko abakinnyi be bakinnye ku munsi w’ejo byabaviriyemo gutsindwa na Everton mu rugo igitego 1-0 ndetse barushwa umupira...
Umutoza wa Manchester City,Pep Guardiola yatangaje ko igihembo cy’umukinnyi mwiza gisigaye kigenewe abakinnyi ba Liverpool gusa nyuma y’aho kuri uyu wa Gatanu itsinda ry’abanyamakuru bandika mu...
Mu ijoro ryakeye, abayobozi, abatoza, abakinnyi na bamwe mu bakunzi ba Rayon Sports bahuriye mu birori byo kwizihiza Umuganura mu rwego rwo kwishimira ibyiza iyi kipe yagezeho no gutekerereza...
Hirya no hino mu binyamakuru hari gucicikana urwandiko mourinho yandikiye abakinnyi be mu mwaka wa 2006 ababwira uko bagombaga guhangana n’abakinnyi ba FC Barcelona muri 1/16 cy’irangiza cya UEFA...
Ku mugoroba wo kuri uyu wa kabiri tariki ya 25 Nzeri 2018 nibwo abakinnyi ba Rayon Sports bageze ku kibuga cy’indege cya Kigali aho bageze bakakirwa n’abafana ndetse na bandi bayobozi, aho byari...
Ibya Mourinho na Manchester United bikomeje kuzamba kuko kuva berekeza mu mwiherero wo kwitegura umwaka w’imikino utaha muri USA,ikipe iri gutsindwa umusubirizo ndetse abakinnyi bamwe batashatse...
Gushwana hagati y’umutoza wa Rayon Sports Ivan Minnaert n’abatoza bamwungirije ndetse n’abakinnyi nibyo bibaye intandaro yo kubura igikombe cya shampiyona yari ihataniye na APR FC na AS...
Abakinnyi b’ikipe ya Manchester City nibo biganje mu ikipe y’umwaka mu Bwongereza,nyuma yo kwegukana igikombe cya shampiyona hasigaye imikino 5 yose ngo shampiyona irangire aho ifitemo abakinnyi 5...