Abakinnyi 10 bari mu ikipe ya Portugal yatwaye Euro ya 2016,ntibahamagawe n’umutoza Fernando Santos ubwo yatangazaga 23 azitabaza mu gikombe cy’isi kigiye kubera mu...
Umutoza wa Manchester United Jose Mourinho ashobora kwirukanwa mbere y’uko shampiyona itangira kubera umwuka mubi ari guteza mu ikipe ashinja ubuyobozi bwe ko bwanze kumugurira abakinnyi kandi iyi...
Perezida wa Rayon Sports Muvunyi Paul yatangaje ko bamwe mu bakinnyi barangije amasezerano muri iyi kipe bashobora kugenda bose gusa bari kuvugana n’abakinnyi benshi bagomba kuza kubasimbura aho...
Mu gihe benshi bari bazi ko umunyamakuru Rutamu Eie Joe yavuye mu itangazamakuru kubera gusezererwa kwa Argentina mu gikombe cy’isi,Gakumba Patrick inzobere mu gushakira abakinnyi amakipe...
Umutoza wa Manchester United akomeje kwandagaza abakinnyi be kubera imyitwarire idahwitse mu kibuga aho ku munsi w’ejo bananiwe gutsinda Southampton bakanganya 0-0 mu mukino batsinzwemo ibitego...
Rutahizamu Lionel messi yatumye abakinnyi ba Real Madrid bibasirirwa cyane mu binyamakuru no ku mbuga nkoranyambaga kubera ko uruhare amaze kugira mu bitego bya FC Barcelona muri La Liga uyu...
Kuri uyu wa Gatanu ikipe ya APR FC yamurikiye abakinnyi bayo umutoza wayo mushya Zlatko Krmpotić w’imyaka 60 ukomoka muri Serbia ndetse n’abakinnyi bashya bagera kuri 4 barimo Usengimana...
Umutoza mushya wa Real Madrid,Zinedine Zidane wavuze ko yagarutse gusubiza Real Madrid ku murongo,yahawe akayabo ka miliyoni 300 y’amapawundi yo kugura abakinnyi aho ku isonga havuzwe abakinnyi...
Impuzamashyirahamwe y’umupira w’amaguru ku isi yasohoye urutonde ngarukamwaka rw’abakinnyi 100 ba mbere bakomeye ku isi, aho Lionel Messi yasimbuye Cristiano Ronaldo ku mwanya wa mbere kuri uru...
Abakinnyi b’ikipe ya Arsenal barakajwe cyane n’ubusabe bw’abayobozi babo babegereye bakababwira ko bifuza ko bazagabanya umushahara wabo mu gihe cyose bazaba bananiwe kubona itike yo kwerekeza mu...
Ikipe ya FC Barcelona biravugwa ko ishaka kugurisha bamwe mu bakinnyi bayo benshi badatanga umusaruro uko babisabwa aho ngo abakinnyi 3 gusa barimo Lionel Messi, Frenkie de Jong na Marc-Andre...
Ubuyobozi bwa Manchester United bwasabye abakinnyi bayo kwitegura kugaruka mu myitozo tariki ya 18 Mata uyu mwaka,ndetse no kwimesera imyenda yabo y’akazi aho gutegereza ko...
Umutoza wa Real Madrid,Zinedine Zidane n’abakinnyi be babwiwe n’ubuyobozi ko muri iyi mpeshyi nta bakinnyi bashya bazagura ahubwo bagiye kugarura abakinnyi babo batijwe nka Martin Odegaard na Dani...
Umutoza wa Chelsea,Frank Lampard yatangaje ko nubwo yaraye atsinzwe na Liverpool ibitego 2-0 muri Premier League,ariko hari abakinnyi 3 bamukoze ku mutima muri uyu mukino utamworoheye na busa...