Rutahizamu w’ikipe y’Igihugu Amavubi na Rayon Sports FC, Sugira Ernest we n’abandi bantu 15 bari bagiye gukoresha imodoka mu igaraje ry’ahazwi nko kwa Mutwe mu Murenge wa Rwezamenyo mu Karere ka...
Amakuru avuga ko Hiannick Kamba wahoze akinira ikipe ya Schalke 04 yo mu Budage yasanzwe ari muzima ari mu Budage, nyuma y’imyaka ine bitangajwe ko yapfuye.
bu bwato bwo mu bwoko bwa 120ft luxury buhagaze miliyoni 7 z’amadorali, bwahiriye mu mugezi witwa Biscayne Bay, uherereye Miami uhura n’inyanja ya Atlantic kugeza ubu amakuru aravuga ko mu bari...
Ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yavuze ko yakubitiye inshuro inyeshyamba za CNRD cyangwa FDLR ahitwa Katasomwa mu birindiro byazo byo muri Kalehe mu ntara ya Kivu...
Amakuru aravuga ko mu cyumweru gitaha ikipe ya Rayon Sports izatangaza ko umutoza ukomeye wo mu gihugu cya Ghana witwa Charles Kwablan Akunnor [CK Akonnor] ariwe ugomba gusimbura Roberto Oliveira...
Umushoferi wari utwaye imodoka ya Toyota RAC 785 B, yayitaye mu muferege ahunga Polisi yari imukurikiye nyuma yo gutahura ko yari atwaye magendu ya Caguwa yari akuye...
Umuhanzi Diamond Platnumz ukunzwe cyane muri Afrika,yaciye ibintu mu binyamakuru ndetse no ku mbuga nkoranyambaga ubwo yagiranaga ikiganiro na Radio ye nshya Wasafi FM akamena amabanga menshi...
Umwana w’uruhinja w’amezi 11 witwa Maxim Sagalakov yishwe atawe mu muriro na nyirakuru ndetse na sekuru bari basigaranye ubwo nyina yari asohotse mu rugo.
Kubyuka kare, koga amazi akonje, gukurikiza amasaha y’ikiruhuko mu kazi ukora no kumva umuziki ni bimwe mu bintu abahanga bemeza ko kubikurikiza mu buryo buhoraho bituma umunsi ukugendekera neza...
Umunyamideli Shaddy Boo wahoze ari umugore wa Producer Meddy Saleh banafitanye abana, avuga ko mu myaka amaze akoresha imbuga nkoranyambaga amaze kunguka byinshi, ngo kuri we umukobwa wambaye ‘Uko...
Kicukiro ahazwi nka Sahara umugore yatwikiye umugabo we mu nzu ahagana saa tanu z’ijoro ryo kuri uyu wa Gatatu rishyira kuri uyu wa kane, ubuyobozi bw’umurenge wa Niboye bwatangaje ko kubw’amahirwe...
Ni ikintu gitangaje kuri buri wese wakumva ko amategeko 10 Imana yahaye Mose wo muri Bibiliya, yapfa guhindurwa cyangwa se kuvongerwa na buri wese. Gusa, mu minsi mike ishize Umushumba mukuru wa...
Abanyeshuri b’ abahungu biga mu ishuri ryisumbuye ryitiriwe Baptiste de Fraternit (ESBF ) rihereye mu karere ka Rubavu bari mu gahinda batewe no kuba icumbi bararagamo ryafashwe n’ inkongi y’...
Hari inyubako za Hotel Nyungwe Ni Iwacu Gakondo bivugwa ko ari iza Bamporiki Edouard, Umujyi wa Kigali urimo gusenya, nk’uko amashusho yakwirakwiriye kuri X...
Umuryango wa Afrika y’Amajyepfo SADC wari uherutse kwamagana ibyavuye mu matora mu buryo bw’agateganyo muri RDC,wamaze kuva ku izima ushimira Felix Tshisekedi ndetse usaba abakongomani bose...
Peter Okoye umwe mu bagize P-Square yavuze impanga ye Paul iramutse iretse ingeso yo kumusuzugura n’umuryango we bakongera bagahuza bagashimisha abafana babo nkuko...
Umuhanzikazi ukorera umuziki we mu Gihugu cya Uganda uzwi nka Fille Mutoni yongeye gusubirana n’umugabo we Edwin Katamba uzwi nka MC Kats nyuma y’igihe batabana n’abantu badatekereza ko bakongera...
Usanga rimwe na rimwe umuntu akubwira ati “nabaho sinjya mbira ibyuya,” undi nawe akakubwira ati “mpora ntutubikana n’iyo hakonje mba ndi kubira ibyuya.”