Abaturage bo mu Mirenge yo mu Karere ka Rubavu, Intara y’Iburengerazuba, baravuze ko bafite impungenge ku bujura bwibisha intwaro gakondo zirimo imihoro,bukomeje kwaduka aho batuye.
Umwe mu...
Mu Kagari ka Cyangugu mu Murenge wa Kamembe mu Karere ka Rusizi, abaturage basanze umuntu badasanzwe bazi muri ako gace, mu nzu ya mugenzi wabo, afite inyundo n’icyuma, bikekwa ko yari aje...
Abayobozi batandukanye b’umupira w’amaguru bakomeje gushaka cyane Christian Atsu wakiniye Chelsea na Newcastle muri Premier League uheruka kugwirwa n’ibikuta by’amazu biturutse ku mutingito wibasiye...
Abasirikare bakuru batandukanye bo mu Ngabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC) ndetse na bamwe mu bakuru muri Polisi y’icyo gihugu, bitandukanyije na yo bajya mu barwanyi ba M23,...
Abantu babarirwa mu bihumbi bakomeje gusaba kurera wa mwana w’umukobwa wavukiye mu bikuta by’inzu yasenyutse mu burasirazuba bushyira uburengerazuba bwa Syria biturutse ku mutingito wo ku wa mbere....
Rutahizamu Zlatan Ibrahimovic yavuze ko akiri umukinnyi wo ku rwego rwo hejuru ndetse yiyumva nk’imana.
Uyu mugabo w’imyaka 41, yavuze ko nubwo yagize imvune zigatuma adakina.yizeye ko mu gihe...
Repubulika ya Demokarasi ya Congo yinjije abacanshuro bashya bagera ku 130,mu rwegi rwo gushaka uko yakwigaranzura umutwe wa M23 uyimereye nabi ndetse ushobora kuyifatana umujyi wa Goma.
Aba...
Icyamamare mu njyana ya Pop na R&B,Rihanna yagartse ku rubyiniro nyuma y’imyaka 5 yarateye umugongo muzika aho kuri iki cyumweru yaririmbye mu gice cya mbere cy’umukino wa nyuma wa Super Bowl...
America irashinja u Rwanda kohereza ingabo zarwo mu gihugu cy’abaturanyi cya Repuburika ya Demokarasi ya Congo, ibyita ubushotoranyi bwa Kigali mu kuvogera ubusugire bw’ikindi...
Ubufasha bwahabwaga abaturage bari mu kaga muri Kivu ya ruguru hifashishijwe ikirere bwahagaritswe mu gihe kitazwi, by’umwihariko mu kirere cy’umugi wa...
Mu gihe hagiye kuba Inama ya 18 y’Umushyikirano,abantu bo mu nzego zitandukanye batangaje ibyo bashaka ko byaganirwaho bigakemurwa.
Iyi nama y’Umushyikirano iteganyijwe ku ya 27 na 28 Gashyantare...
Mu rukundo kwishima no kubabara n’ibintu bisanzwe gusa umukunzi wawe ashobora no kubabara badaturutse ku mpamvu z’urukundo rwanyu gusa impamvu iyo ariyo yose nk’umukunzi wawe ni ngombwa ko umufasha...
Ipapayi ni kimwe mu mbuto zikunzwe kandi bizwi ko ifite akamaro kenshi mu mibereho myiza ya muntu gusa usanga akenshi imbuto zayo zijugunywa kuko bitazwi ko hari icyo zamara ku buzima...
Abantu benshi mu Rwanda bavuze ku mabwiriza y’ikigo cya leta gishinzwe ipiganwa mu bucuruzi no kurengera umuguzi ko ubu inyama zemewe kugurishwa ari izimaze nibura amasaha 24 mu byuma bikonjesha....
Umukobwa yaciye ibintu ku mbuga nkoranyambaga nyuma yo guta umutwe bikomeye agashaka gutwika imodoka y’umukunzi we kubera ko yari amufashe amuca inyuma.
Uyu mukobwa ukomoka mu mujyi wa Nairobi...
Ku ya 18 Werurwe 2023, Polisi y’u Rwanda ikorera mu karere ka Kamonyi yerekanye abagabo babiri bafashwe bari mu bucuruzi bw’amababuye y’agaciro bunyuranyije n’amategeko.
Abafashwe ni umugabo...
Nick Cannon uzwiho kugira abana benshi ku bagore batandukanye yavuze imyato Mariah Carey wahoze ari umugore we avuga ko kuva yabaho atarabona undi muntu umeze nka Mariah kubera ubugwaneza...
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa Uganda uri mu Rwanda yashimye u Rwanda ko rwemereye Sosiyete y’ubwikorezi bwo mu kirere ya Uganda, Uganda Airlines gukorera ingendo mu Rwanda.
Ibi yabitangarije...
Amashusho y’umukinnyi w’ikipe y’igihugu ya Argentine na Paris Saint-Germain, u abyinisha umugore we, Antonella Roccuzzo akomeje kuzamura amarangamutima ya benshi ku mbuga nkoranyambaga ndetse...