Umutoza Ole Gunnar Solskjaer wa Manchester United udakundwa n’abakunzi b’iyi kipe benshi yemerewe kongererwa andi masezerano ndetse akongererwa n’umushahara.
Umuhanzikazi Cecile Kayirebwa ari mu bahanzi bageze muri ½ cy’irushanwa mpuzamahanga ry’abanditsi b’indirimbo (International Composition Competition 2020).
Umutoza wa Chelsea,Frank Lampard,yavuze ko nubwo umukinnyi we Timo Werner ari mu bihe bibi ariko bibaho mu mupira w’amaguru ndetse azava mu bihe bibi arimo akongera gutsinda ibitego byinshi...
Umuhanzi Bruce Melodie uherutse kunengwa n’Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Urubyiruko n’Umuco, Bamporiki Edouard, hari ubutumwa yamugeneye naho kuri Pasteri Zigirinshuti ngo...
Abaperezida ba Afrika ni bamwe mu bayobozi berekana imideli ku isi mu mateka yabayobozi. Bose bafatana uburemere imyambarire kuko isa nk’aho yinjiye mu buzima bwa politiki. Aba ba perezida bazi...
Rutahizamu Sugira Ernest wongeye gutizwa mu ikipe ya Rayon Sports yatangaje ko yishimiye kuba avuye mu maboko meza ya APR FC akongera kujya mu yandi ya Rayon Sports yanakiniye mu mwaka w’imikino...
Nyuma yo kunanirwa kumvikana na APR FC ku bijyanye no kuba yakongererwa amasezerano, Dr Nabil Bekroui wari umutoza wungirije muri iyi kipe yatangaje ko agomba gutandukana na yo akava mu Rwanda...
Amakuru ari kwandikwa n’ibitangazamakuru bitandukanye byo mu gihugu cya Uganda arimo kuvuga ko Zari Hassan na Papa w’abana be babiri Diamond Platnumz bagiye gusubirana bakongera guhuza urugwiro...
Kompanyi y’indege za kajugujugu zitwara abantu muri US,yitwa Island Express,yakongeje uburakari bwa benshi ubwo yatangazaga ko Kobe Bryant n’abandi bantu 8 bari kumwe mu ndege yabahitanye bagize...
Perezida wa Ghana Nana Akufo-Addo ubwo yagezaga ijambo ku banyagihugu kuri radio na televiziyo by’igihugu yabatangarije urutonde rw’ibiribwa gakondo 11 bakwiye kurya mu rwego rwo kwirinda icyorezo...
Nyuma y’aho leta y’u Rwanda ifatiye umwanzuro wo guhagarika insengero n’imisigiti mu rwego rwo guhangana na Coronavirus iri koreka imbaga,bamwe mu bapasiteri batangiye koherereza abayoboke babo...
Ku wa kabiri, abaganga bavuze ko umurwayi wa kabiri yakize virusi itera sida nyuma yo kuvurwa ingirangingo fatizo, nyuma yo kubona ko nta ndwara yanduye nyuma y’amezi 30 ahagaritse kwivuza...
Rutahizamu wa Juventus,Cristiano Ronaldo,yahamagaye perezida wa Real Madrid witwa Florentino Perez amubwira ko akumbuye iyi kipe ndetse amusaba ko yakongera kumuha amahirwe yo...
KENNI BALLO umusore w’umunyakenya utuye mu murwa mukuru Nairobi avuga ko yashenguwe cyane n’urukundo akunda umwuzukuru wa ARAP MOI ,bityo akaba yiteguye kumukwa inka zigera ku 1000 ngo ni yo...
Igitaramo ‘Ikirenga mu Bahanzi’ ni igitaramo gishingiye ku guteza imbere umuco biciye ku bahanzi, aho hazashimirwa umuhanzi wamamaje umuco nyarwanda mu Rwanda ndetse no mu mahanga, kizajya kiba...
Umutegetsi wo ku rwego rwo hejuru muri Tanzania washyizeho uburyo bwo kuneka abahuza ibitsina b’igitsina kimwe yahanishijwe na Leta Zunze Ubumwe z’Amerika kutinjira muri iki...
Akarere ka Nyagatare bamwe mu baturage bo mu murenge wa Katabagemu barasaba leta gukurikirana ikibazo cy’amarozi ari mu baturage ngo kuko kimaze gufata indi...
Mu gace ka Baruwa kari mu Mujyi wa Lagos (Nigeria), umupasiteri wasengeraga umukirisito ngo imyuka mibi imuvemo, yamutwitse akoresheje lisansi arashya arakongoka...
Umwarimukazi wo mu mashuli abanza utuye ahitwa Kibingoti mu ntara yitwa Kirinyaga ari mu marira n’agahinda kubera amahano yakoze ashaka gutwika inzoka yari imuteye birangira atwitse inzu ye...