Umuhanzi Bruce Melodie niwe uyoboye abahanzi b’Abanyarwanda kuri ubu nyumayo gukora amateka yo kuba umuhanzi Nyarwanda wa mbere utsindiye Trace Awards.
Si rimwe si kabiri umunyamuziki w’umunya-Tanzania, Naseeb Abdul Juma Issack [Diamond] yumvikanye mu itangazamakuru avuga ko afite amashyushyu yo gutaramira mu nyubako y’imyidagaduro ya BK Arena...
Umuhanzi Hakizimana Amani uzwi nka Ama G The Black nyuma yo kumara iminsi ataboneka mu bitangazamakuru yasobanuye ko yari yarabuze kubera impamvu z’uburwayi.
Umubyeyi wa Jay Z uri mubahanzi bakunzwe ku Isi Gloria Carter, yeruye kumugaragaro ko ari umutinganyi maze asezerana kubana akaramata n’umugore mugenzi we witwa Roxanne Wilshire bamaze imyaka 7...
Umuhanzi Adedeji Adeleke uzwi nka Davido uri mu bahanzi bageterejwe i Kigali muri iyi mpeshyi arashinjwa guca inyuma umugore we Chioma, agatera inda abakobwa babiri mu bihe bimwe.
Ibinyamakuru...
Umuhanzi w’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, Israel Mbonyi yemeje ko afite umukunzi n’ubwo atifuza kumutangazaho byinshi.
Uyu muhanzi ukunzwe na benshi biganjemo ab’igitsina gore, ni kenshi...
Stromae, umuhanzi w’icyamamare mu njyana ya Pop yahagaritse gahunda y’ibitaramo yateganyaga gukorera i Burayi, avuga ko ashaka kwibanda ku buzima bwe.
Uyu muririmbyi w’Umubiligi, ufite inkomoko mu...
Gen Muhoozi Kainerugaba yatangaje ko yifuza kugira uruhare no gutanga umusanzu we mu kubaka ikibumbano cy’umuraperi Tupac Amaru Shakur wamenyekanye nka 2Pac umaze igihe yitabye...
Umuhanzi wo muri Tanzania Raymond Shaban Mwakyusa wamamaye nka Rayvanny, nyuma yo gutesha Paula Kajala, umuhanzi Harmonize washakaga ko baryamana, aravugwaho kwambura uyu muhanzi umukunzi mushya...
Amashusho ari mu ndirimbo nshya y’umuhanzi Sam Smith yise ‘I’m not here to make friends’ akomeje kuvugisha benshi ku bakoresha imbugankoranyambaga bavuga iyi ndirimbo yari ikwiye kugira amabwiriza...
Umuhanzikazi Beyoncé Giselle Knowles Carter wari umaze imyaka ine atagaragara mu bitaramo yaserukanye n’umukobwa we w’imyaka 11 Blue Ivy Carter mu gitaramo yakoreye i...
Justin Bieber uherutse guhagarika ibitaramo yari afite bitandukanye kubera uburwayi afite ari mu bahanzi bamaze gutangazwa ko azatarama mu kiriyo cya TakeOff uherutse kwitaba Imana mu rwego rwo...
Umuhanzi uri mu bakunzwe cyane mu Bwongereza no ku isi,Harry Styles,niwe Mwongereza w’icyamamare uri munsi y’imyaka 30 ukize cyane kurusha abandi kuko abarirwa akayabo ka miliyoni 116 z’amapawundi....
Coolio, umuhanzi w’injyana ya rap wo muri Amerika wamenyekanye cyane kubera indirimbo ye ‘Gangsta’s Paradise’ yakunzwe n’abatari bake yitabye Imana ku myaka...