Munyaneza Didier ukina umukino wo gusiganwa ku magare yongeye kwereka abanyarwanda ko atakiri umwana ubwo yegukanaga agace ka kabiri k’isiganwa ritegura ‘Tour du Rwanda 2018’ kavaga i Karongi...
Rugambwa Jean Baptiste wari umuyobozi wa Les Amis Sportif, ikipe yo gusiganwa ku magare ikomeye ya hano mu Rwanda, ibarizwa mu karere ka Rwamagana yakoze impanuka ahita yitaba Imana kuri iki...
Nakabonye nyina w’ umwana washimuswe
Mu murenge wa ZAZA wo mu karere ka Ngoma kuri uyu wa Gatandatu tariki 19 Gicurasi habonetse umurambo w’ umwana w’ umuhungu w’ imyaka 5 wigaga muri gardienne ya...
Umusore witwa Bimenyimana Reverien w’imyaka 28 mu kagari ka Kagano Umurenge wa Kitabi yafashwe na polisi y’ u Rwanda yihambiriye ku mubiri we ibiro 10 by’urumogi arenzaho...
Girubuntu Jeanne d’Arc uherutse gutangaza ko asezeye ku mukino wo gusiganwa ku magare,yarokotse impanuka ikomeye y’imodoka ubwo yarimo afasha imyitozo abandi bakinnyi ba Les Amis Sportifs y’i...
Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Kane tariki 15 Werurwe 2018 inzu ya La Palisse Hotel ya Gashora yakubiswe n’inkuba irashya irakongoka. Iyi nyubako yahiriyemo ibikoresho birimo na mudasobwa....
Hadi Janvier na bagenzi be ntibagikinnye irushanwa ryagombaga gutangira ku munsi w’ejo muri Cameroon rya Tour du Cameroon nyuma y’aho ubuyobozi bwaryo butangaje ko risubitswe.
Hadi Janvier agiye...
Umusore Niyonshuti Adrien uri mu ikipe y’u Rwanda iri mu mikino y’Afurika,yatewe n’abajura bamena inzu ye bamwiba buri kimwe yavunikiye ubwo yari mu myiteguro yo guhagararira igihugu. Aba bajura...
Minisitiri w’umuco na Siporo Uwacu Julienne yatangaje ko yifuza ko abakinnyi b’umukino wo gusiganwa ku magare bakwiye kurenga amarushanwa yo muri Afurika bagaharanira guhangana mu yakinirwa hanze...
Umukecuru witwa Sesiliya aravuga ko yakuwe ku rutonde rw’abafashwaga na Leta binyuze muri gahunda ya VUP bavuga ko yapfuye nyamara akiriho,Ubuyobozi bw’Umurenge wa Remera buvuga ko amakuru...
Mu gitondo cyo ku wa 29 Ukuboza umwaka ushize, Polisi mu karere ka Gatsibo yafashe uwitwa Uwimbabazi Aline ahekeye umwana we w’amezi agera kuri atandatu y’amavuko hejuru y’amasashi 120 y’inzoga...
Ikipe izahagararira u Rwanda muri La Tropicale Amissa Bongo yamaze kumenyekana aho izaba irimo abasore 2 bakomeye nka Valens Ndayisenga na Areruya Joseph uherutse kwegukana Tour du Rwanda....
Kuri iki Cyumweru tariki 3 Ukuboza 2017, Perezida w’ u Rwanda Paul Kagame n’ umufasha we Jeannette Kagame bitabiriye siporo rusange ngarukakwezi mu mihanda itarangwamo ibinyabizi.
Iyi siporo iba...
Abantu bafite ubumuga bishimira ko Leta y’u Rwanda isigaye ibitaho by’ umwihariko, gusa ngo babangamiwe no kuba insimburangingo ziri ku giciro kitoroheye buri wese no kuba ziboneka hake...
Mu gihugu cy’ Ubuhinde mu mujyi wa Mumbai, umugore yatwikishijwe acide n’umugabo we amuhora ko ngo yashatse akazi atamujyishije inama.
Umugabo witwa roobab Ali Sheik wo mu gace ka Malwani ho mu...
Hashize iminsi mu Itorero Inkuru Nziza mu Rwanda ishyamba atari ryeru mu bapasiteri; bamwe bambuwe inshingano, abandi bakimurwa ntibemere, bagakemangwa ko nyirabayazana ari isakara ry’amashusho...
Nyuma y’umwaka yari amaze adakina,uwahoze ari kapiteni w’ikipe y’igihugu Hadi Janvier yatangaje ko iki gihe cyose yari amaze adakina yakumburaga guhatana ndetse no gusohoka mu gikundi aho yavuze ko...
Madamu Jeannette Kagame avuga ko intego u Rwanda rufite ari ukugira umuryango ukungahaye kandi ubasha kwigira. Ibi yabivugiye mu Karere ka Kirehe ubwo yatangizaga gahunda y’ubukangurambaga ku...
Ishyirahamwe ry’umukino wo gusiganwa ku magare ryamaze gutangaza abakinnyi 28 bagomba kwitabira umwiherero wo kwitabira irushanwa ngarukamwaka ryo gusiganwa ku magare rya Tour du Rwanda aho...
Kuri uyu wa gatandatu Taliki ya 09 Nzeri 2017 harakomeza shampiyona y’igihugu yo gusiganwa ku magare izwi nka Rwanda Cycling Cup hakinwa irushanwa ryitwa Central Challenge, aho mu cyiciro...
Umubyeyi w’imyaka 20 y’amavuko utatangajwe amazina utuye mu murenge wa Nyamirambo mu karere ka Nyarugenge avuga ko atazongera kubyara ukundi bitewe n’uburyo ngo atitaweho aho yari yagiye kubyarira...
Ibyaranze tariki ya 23 Nyakanga birimo kuba Autriche-Hongrie yarahaye gasopo ubwami bwa Serbia kubera ibyaha by’iyicwa ry’igikomangoma Francois Ferdinand byanabaye intandaro y’intambara ya mbere...
Ibyaranze tariki ya 19 Nyakanga harimo n’ijyaho rya Guverinoma ya mbere ya nyuma ya Jenoside yakorewe Abatutsi.
Turi tariki ya 19 Nyakanga ni umunsi wa 200 mu minsi 365 igize uyu mwaka. Iminsi...