Imikino ya Olimpike ikinirwa ku rubura (2018 Winter Olympics) izabera muri Koreya y’Amajyepfo mu kwezi gutaha, itumye Koreya ya ruguru n’iya Amajyepfo bidacana uwaka bijya mu biganiro kubera...
Umforomo uri mu kigero cy’ imyaka 40 wo kigo nderabuzima cya Rubaya mu karere ka Gicumbi ari mu maboko ya polisi akurikiranyweho icyaha cyo guhohotera umugore w’ imyaka 35 wari wamugannye ngo...
Inkubi y’umuyaga uturutse mu Nyanja y’Ubuhinde biravugwa ko igeze muri Tanzania yerekeza mu Rwanda aho uyu muyaga mu gihe gito ushobora kugaragara mu duce dutandukanye...
Kuwa Gatandatu taliki ya 27 Nyakanga 2019, Leta ya Uganda yataye muri yombi abarobyi 30 bo muri Kenya, nyuma yo kubafata baroba mu kiyaga cya Victoria kiri muri...
Intagondwa mu majyaruguru ashyira uburasirazuba bwa Mali zishe abasirikare 53 n’umuturage w’umusivile umwe mu gitero ku kigo cya gisirikare, nkuko byatangajwe na leta y’iki...
Ingabo za Repubulika iharanira demokarasi ya Kongo [FARDC] zatangaje ko zafashe umuyobozi wungirije wa special Force muri FDLR [CRAP],witwa Asifiwe Manudi Nshimiyimana mu bitero bya Sokola 2...
Urwego rw’Igihugu rushinzwe kwihutisha Iterambere (RDB) rwashyikirije Polisi Sitasiyo ya Kinigi, abagabo umunani bashinjwa gutaburura imbogo yari yatabwe mu Murenge wa Musanze mu Karere ka...
Itangazo ryavuye mu Biro bya Minisitiri w’Intebe ku mugoroba wo kuri uyu 25/5/2020 rivuga ko “Perezida wa Repubulika” yabaye abahagaritse ku myanya yabo Guverineri w’Intara y’Amajyepfo Emmanuel...
Kuri uyu wa Gatanu tariki ya 29 Mutarama Polisi y’u Rwanda ikorera mu Karere ka Gakenke muri Sitasiyo ya Gakenke yafashe moto yo mu bwoko bwa TVS nyuma y’uko abantu bataramenyekana bari bamaze...
Umuhanzi akaba n’umunyemari Kakooza Nkuriza Charles uzwi kandi nka KNC, yavuze ko atari asanzwe akurikirana hafi ibikorwa bya Miss Rwanda, ariko ko kuri iyi nshuro ya 10 ashyigikiye umukobwa witwa...
Igisirikare cya Republika ya demokarasi ya Kongo, kuri iki cyumweru cyishe inyeshyamba 10 zo mu mutwe w’iterabwoba wa ADF mu karere kahungabanyijwe n’intambara mu majyaruguru...
Perezida wa Zambia uri ku butegetsi muri iki gihe yavuze ko amatora rusange arimo n’aya perezida yabaye ku wa kane "atakozwe mu bwisanzure no mu mucyo".
Kuri uyu wa Gatanu mu Turere 27 two hirya no hino mu Rwanda hakozwe amatora y’abagize Komite Nyobozi barimo ba Meya bagarutse nka Richard Mutabazi wa Bugesera,Sebutege Ange wa...
Kuvugurura ubwikorezi mu mazi ya Nyabarongo ni wo mwanzuro mugari wafatiwe ku Kamonyi mu nama y’umutekano yahuje ubuyobozi bw’Intara y’Amajyepfo n’iy’Amajyaruguru.
Ibi byakozwe hagamijwe guca...