Kuri uyu wa Gatanu taliki ya 27 Nzeri 2019, hirya no hino mu Gihugu habaye amatora yo gusimbura abayobozi b’uturere baherutse kwegura no kweguzwa aho mu karere ka Musanze Madamu Nuwumuremyi...
Kuva Joe Biden yatangazwa ko yatsindiye kuba Perezida w’Amerika - na Kamala Harris akaba Visi Perezida we, ubutumwa bw’abategetsi batandukanye ku isi bwakomeje kwisukiranya - bwinshi muri bwo...
Polisi yo mu gihugu cy’u Bufaransa yarashe abantu babiri bari mu modoka bahita bapfa, nyuma y’amasaha make Perezida Emmanuel Macron amaze gutorerwa manda ya...
Amatora ya Perezida muri Kenya yabaye kuri uyu wa Kabiri tariki ya 09 Kanama 2022, nyuma yuko ibiro by’itora bifunguye ku isaha ya saa kumi n’ebyiri za mu gitondo (6h), ni ukuvuga saa kumi n’imwe...
Umukandida w’ishyaka riri ku butegetsi Bola Tinubu yatangajwe ko yatsinze amatora y’umukuru w’igihugu muri Nigeria.
Uyu munyapolitike w’imyaka 70 yagze amajwi angana na 36% muri aya matora yateje...
Perezida wa Repubulika ya demukarasi ya Congo, Félix Tshisekedi, yatangaje ko nta ruhare uwo yasimbuye ku butegetsi, Joseph Kabila, yagize ngo atsinde amatora y’Umukuru w’Igihugu mu mwaka...
Repuburika Iharanira Demokarasi ya Congo yavuze ko abasaga Miliyoni 1.5 bari mu bice bigenzurwa na M23 batemerewe kwitabira amatoro y’umukuru w’Igihugu atekanijwe mu kuboza uyu mwaka...
Urwego rw’igihugu rushinzwe abinjira n’abasohoka muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, DGM, rwatangaje ko imipaka yo ku butaka y’iki gihugu irara ifunzwe...
Perezida Putin yatsinze amatora yo ku cyumweru mu Burusiya, ku bwiganze bw’amajwi 87%, urebye nta gushidikanya kwari kuriho ko azatsindira manda ya gatanu.
Komisiyo y’Amatora yari yavuze ko ku isaha ya saa ine (10h30 a.m) yakira inyandiko z’ibisabwa Umukandida wigenga Phillipe Mpayimana.
Ari mu ivatiri y’umweru yo mu bwoko bwa Toyota Carina itariho...
Emmanuel Macron yatsindiye kuba Perezida w’u Bufaransa, mu matora y’Umukuru w’igihugu w’ u Bufaransa yabaye kuri uyu wa 7 Gicurasi 2017, umukandida akaba atsinze Marine Le Pen bari bahanganye ku...
Umuvugizi w’Itorero ADEPR, Bishop Jean Sibomana atangaza ko adafunze kandi ko akiri mu mirimo ye y’Ubuyobozi bw’Itorero binyuranye n’amakuru yari yiriwe avugwa ndetse agatangaza ku munsi w’ejo.
Aya...
Kuri iki cyumweru Tariki ya mbere Mutarama 2017 nibwo Umunyarwanda Mpayimana Philippe ubarizwa muri Diaspora nyarwanda mu Ubufaransa yashyize ahagaragara itangazo avuga ko aziyamamariza kuyobora...
Nyuma y’imyaka igera kuri ine; Musabwa Bibarwa Patrick wamamaye nka Kitoko aragera mu Rwanda kuri uyu wa Gatatu w’iki cyumweru tariki ya 12 Nyakanga 2017.
Kitoko aherutse gushyira hanze Indirimbo...
Diane Rwigara wari watanze kandidatire ku mwanya wa Perezida wa Repubulika y’ u Rwanda akaba ataremerewe kwiyamamaza yatangaje ko atazitabira amatora y’ umukuru w’ igihugu avuga ko komisiyo y’...
Ihere ijisho uko ibyamamare byo mu Rwanda byari mu barenga miliyoni esheshatu bitabiriye itora rya Perezida wa Repubulika kuri uyu wa Gatanu tariki ya 4 Kanama 2017.
Abanyarwanda bujuje...
Urukiko rw’ ikirenga mu gihugu cya Kenya kuri uyu wa Gatanu tariki 1 Nzeli 2017 rwasheshe ibyavuye mu matora ya Perezida wa Kenya aheruka rutegaka ko andi matora azakorwa bitarenze iminsi 60....
Perezida w’ u Rwanda Paul Kagame yagaragaje ko mbere y’ uko u Rwanda rwinjira mu matora y’ umukuru w’ igihugu hari inshuti ze z’ abanyamahanga zamubgiriye inama z’ uko akwiye kubigenza agakomeza...