Umukinnyi ukina hagati mu kibuga mu ikipe ya APR FC ndetse no mu ikipe y’igihugu AMAVUBI, Yannick Mukunzi, yatangaje ko impamvu yamuteye gukubita umukinnyi wa Kiyovu bikanamuviramo ikarita...
Umukinnyi w’ ikipe ya APR FC ukina hagati mu kibuga asatira izamu n’ikipe no mu ikipe y’igihugu Amavubi, Hakizimana Muhadjiri bakunze kwita Walcott, agiye gukina umukino wa Police afite ideni...
Umuzamu wa Rayon Sports n’ikipe y’igihugu y’u Rwanda Amavubi, Ndayishimiye Eric uzwi nka Bakame, yatangaje ko ikintu cyatumye acikiriza amashuri ntabashe kurangiza byibuze ayisumbuye, ari uko yahaye...
Umuzamu wa Bugesera FC n’ikipe y’igihugu y’u Rwanda ’Amavubi’, Kwizera Olivier yifurije umwaka mushya, Perezida wa Repubulika y’ u Rwanda Perezida Paul Kagame na nyirakuru wamureze kuva mu bwana...
Umukinnyi mpuzamahanga w’unya Rwanda ukinira ikipe ya AS Vita Club yo muri Repubulika iharanira Demukarasi ya Congo, akaba na rutahizamu w’Amavubi, Sugira Ernest, atangaza ko hanze ya ruhago ikindi...
Ndayishimiye Eric uzwi nka ’Bakame’, akaba umuzamu w’ikipe y’igihugu Amavubi na Rayon Sports, yatangaje ko icyamuteye kuva muri APR FC agasinyira Rayon Sports kandi ari mukeba wa APR FC, ari uko iyi...
Rutahizamu wa Police Football Club, n’Amavubi, Danny Usengimana avuga ko impamvu yamuteye kongera amasezerano muri Police FC ari ukubera ibibazo by’umuryango we kuko ntayandi mahitamo yari afite....
Rutihazamu w’umunyarwanda ukinira ikipe ya AS Vita Club, Sugira Ernest yagaragaye ku rutonde rw’abakinnyi 26 umutoza wa AS Vita Club, Frolent Ibenge Ikwanga azifashisha mu mikino nyafurika...
Tariki ya 14 Gashyantare buri mwaka isi yose iba yizihiza umunsi w’abakundanye uzwi mu rurimi rw’amahanga nka ‘St Valentin’. Na hano mu Rwanda warizihijwe maze bamwe mu bakinnyi ba ruhago hano mu...
Myugariro w’ikipe y’igihugu Amavubi na Rayon Sports, Rwatubyaye Abdul yashyize ahagagaragara bimwe mu ibisobanuro bya zimwe muri tatuwaje(Tattoo)ziri ku mubiri we.
Uyu musore ukina mu bwugarizi...
Nyuma y’amezi ane; Iranzi Jean Claude na Uwera Aline basezeranye kubana akaramata, dore ko bari bakundanye igihe kinini bibarutse imfura yabo y’umuhungu mu ijoro ryo kuri uyu wa 20 Gashyantare...
Rwatubyaye Abdul, myugariro w’ikipe y’igihugu Amavubi yamaze kubona license ya FERWAFA imwemerera guhita atangira gukinira ikipe ya Rayon Sports ku mugaragaro.
Uyu musore yavuye mu ikipe ya APR...
.Ntabwo narinzi ko Ama G ashobora kundirimba...
.Ntabwo ndi Ikiryabarezi
.Abantu bansaba ko iriya ndirimbo nayihagarika..
Rwatubyaye Abdul, umukinnyi w’ ikipe ya Rayon Sports akaba na...
Umutoza w’ikipe ya Rayon Sports Masudi Djuma avuga ko atazibagirwa kapiteni we Gangi wamuyoboye muri Rayon Sports, bitewe n’uburyo yari azi kubana na buri wese ndetse na bimwe mu byemezo yajyaga...
Umukinnyi ukina mu ikibuga hagati ariko asatira izamu mu ikipe ya APR FC ndetse n’Amavubi, Hakizimana Muhadjiri nyuma y’ibyumweru bigera kuri 6 adakora ku umupira kubera imvune yagarutse mu...
Kapiteni w’ikipe ya Rayon Sports Ndayishimiye Eric Bakame, atangaza ko nubwo ari byiza ko ikipe ye igeze mu cyiciro cya gatatu cy’amajonjora y’imikino nyafurika, gusa ko byari kuba byiza kurushaho...
Ikipe ya Yanga Africans ikinamo umunyarwanda Haruna Niyonzima isezerewe na Zanaco FC mu marushanwa ya Champions League nyuma yo y’uko amakipe yose anganyije 0-0 mu umukino wo kwishyura.
Ikipe ya...
Umukinnyi ukina mu ikibuga hagati mu ikipe ya APR FC no mu ikipe y’igihugu Amavubi Yannick Mukunzi yatangajeko yatsinze ikizamini cya leta gisoza amashuri yisumbuye ku amanota we yishimira avuga...
Myugariro wa Rayon Sports n’Amavubi Rwatubyaye Abdul avuga ko mu icyiciro cya kabiri cy’amashuli yisumbuye(Advanced Level)yashakaga kwiga MEG ariko bitewe n’uko atumvuga imibare neza yize HEG ariko...
Nyuma y’uko perezida w’ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda Nzamwita Vincent De Gaulle atangaje ko u Rwanda rutigeze rujya mu igikombe cy’Afurika kuko ubwo bajyagayo ngo bajyanyweyo...
Ikipe ya Rayon Sport na Ferwafa bifatanyije n’umuterankunga mukuru wa shampiyona y’u Rwanda Azam TV byamaze kwemeza ko ikipe ya Rayon Sport izahabwa igikombe cya shampiyona ku mukino uzayihuza na...
Kuri iki Cyumweru Abanyarawanda ndetse n’abanya Centrafrika bahanze amaso umukino wo guhatanira itike yo kwerekeza mu gikombe cy’Afrika “CAN 2019” kizabera muri Cameroon.
Aya makipe akurikirana ku...
Rutahizamu Danny usengimana usanzwe ukina mu ikipe ya Police FC yamaze kwerekeza mu ikipe ya Singida United aho yamaze kuyisinyira amasezerano y’imyaka ibiri.
Uyu rutahizamu warangije...
Nyuma yo gutandukana n’ikipe ya Yanga Africans umusore Haruna Niyonzima yamaze kumvikana na Simba SC yo muri Tanzania kuyikinira aho yaguzwe akayabo ka Miliyoni 72 z’amafaranga y’u Rwanda ahwanye...