Kim Kardashian n’ibindi byamamare birimo Sylvester Stallone na Kevin Hart, bagarutsweho n’ubuyobozi bwa Los Angeles muri Leta zunze ubumwe z’America kubera ko barenze ku mabwiriza agenga ikoreshwa...
Umuraperi ukomeye muri Leta zunze ubumwe z’America wamamaye nka Lil Wayne yajyanywe mu nkiko n’uwahoze ari umukozi we amushinja kumukubita ndetse akanamukomeretsa.
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwasubije Miss Aurore Mutesi Kayibanda, Ibihumbi umunani by’Amadolari ya America (8 000 USD/8 000 000Frw) yari yibwe n’umukozi wo mu...
Umuraperikazi Da Brat ukunzwe na benshi muri Letza zunze ubumwe z’America yatangaje ko yitegura kwibaruka we n’umugore wemgenzi we Jude Dupart bamaze umwaka...
Umuhanzi Darake ukomoka mu Bwongereza ariko utuye muri Leta zunze ubumwe z’America ari naho akorera umuziki we yasabye imbabazi abakobwa bakundanye yagiye aririmba mu bihangano bye avuga ko kuri...
Umuraperikazi Card B wo muri Leta zunze ubumwe z’America yashimangiye urwo akunda umuhungu we ubwo yavugaga ku gishushanyo yishushanyijeho mu isura kiriho amazina y’umwana we bishimangira urukundo...
Indirimbo Donald Trump wabaye Perezida wa Leta zunze ubumwe z’America yakoranye na Korali y’imfungwa ikomeje kubica bigacika aho iri guhiga izindi mu gukundwa kuri...
Mu byaranze uyu munsi mu mateka harimo, ivumburwa ry’ikibuye cyagwiriye isi cya Eureka ndetse n’ivuka ry’ikirangirire mu mupira w’amaguru. Turi ku wa ka Kabiri tariki ya 20 Kamena, ni umunsi w’171 mu...
Turi tariki ya 16 Kamena, ni umunsi w’167 mu minsi 365 igize uyu umwaka, iminsi 198 niyo isigaye ngo uyu mwaka ugera ku musozo.
Bimwe mu byabaye kuri uyu munsi mu mateka
• 1779: Igihugu cya...
Producer Lick Lick usanzwe utunganya indirimbo muri Press One biravugwa ko ari mu rukundo n’umuhanzikazi Princess Priscillah ngo basanzwe banabana mu nzu imwe muri Leta Zunze Ubumwe za America...
Turi tariki ya 05 Nyakanga ni umunsi w’186 mu minsi 365 igize uyu mwaka. Iminsi 179 niyo isigaye ngo uyu mwaka ugere ku musozo.
Bimwe mu bintu bikuru mu byaranze tariki ya 05 mu mateka.
1295:...
Turi tariki ya 07 Nyakanga ni umunsi 188 mu minsi 365 igize uyu mwaka. Iminsi 177 niyo isigaye ngo uyu mwaka ugere ku musozo. Kuri iyi tariki abantu bane bacuze umugambi wo kwica Perezida wa Leta...
Iminsi 198 irashize, naho indi minsi 167 niyo isigaye ngo uyu mwaka urangire, haribukwa inzirakarengane zicwanye n’umwami W’uburusiya Nicholas II. Turi tariki ya 17 nyakanga, ni umunsi w’198 mu...
Perezida w’ u Bushinwa Xi Ping
Ubushinwa bwatangaje ko burambiwe ubusabe bwa Leta zunze ubumwe z’America n’Ubuyapani mu kurwanya korea ya ruguru ikomeje kugerageza ibisasu bya kirimbuzi.
Reuters...
Ibitaro bya gisirikare by’u Rwanda biri i Kanombe byungutse imashini yifashishwa mu gusuzuma no kuvura indwara ya kanseri mu buryo bwihuse, ku buryo umurwayi azajya ahabwa ibisubizo mu minsi 5, mu...
Mugisha Benjamin wamamaye nka The Ben yahisemo kwita umwana w’ingagi ‘Uruyange’ yavuze ko ari izina amaze iminsi atekerezaho bishimangirwa n’inzira abahanzi bahisemo yo gukundisha abanyamahanga u...
Abahoze ari abaperezida ba Leta Zunze Ubumwe za Amerika bakiriho bateraniye mu gitaramo cyo gushaka imfashanyo igenewe abagwiriwe n’ibiza by’imiyaga muri Amerika.Abaperezida bose batanu Barack...
Mu itangwa ry’ibihembo bya BET Awards 2018 umunyamideli Amber Rose ndetse n’umuhanzikazi Blac Chyna bafotowe bari gusomanira ku itapi itukura biteza amagambo ku mbuga nkoranyamba...
A onetime Somali refugee and the daughter of Palestinian immigrants shared the historic distinction Tuesday of becoming the first two Muslim women elected to the US...