Minisiteri y’itangazamakuru muri Somalia yatangaje ko mu gikorwa igisirikare cyafatanyijemo n’ingabo za Amerika bishe abaterabwoba bagera ku 100 ba al-Shabaab kuri uyu wa Gatatu ushize mu gihugu...
Korea ya Ruguru yarashe igisasu cyambukiranya imigabane (intercontinental ballistic missile, ICBM), nk’uko byemejwe n’abayobozi b’Ubuyapani na Korea y’Epfo.
Kuri iki Cyumweru nibwo Perezida wa America, Joe Biden yageze mu Bwongereza, akaba ari i Burayi yitegura inama y’umuryango wa Nato/OTAN izabera muri Lithuania muri iki...
Nyuma y’iminsi ine y’ibiganiro n’abategetsi b’Ubushinwa, ministri w’imali wa Leta zunze ubumwe z’Amerika, Janet Yellen, yatangaje ko ibiganiro bagiranye byatanze...
Inshuti n’umuryango w’ Umuhanzi wamamaye mu Karere ka Afurika y’Iburasirazuba, Joseph Mayanja uzwi cyane ku izina rya Dr Jose Chameleone , urembeye muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika uri kumusabira...
Perezida Joe Biden wa Leta z’Unze Ubwumwe za Amerika yatangaje ko hagomba kugira igikorwa mu kurwanya ikoreshwa ry’intwaro mu buryo bunyiranyije n’amategeko,’ gun violence’ rikomeje gutwara ubuzima...
Umukinnyi wa filime nyarwanda Mutoni Assia , yibarutse umwana w’imfura, yabyaranye n’umugabo we Uwizeye Mohammed babana muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika.
Kuri uyu wa mbere tariki ya 19 Kamena...
Ubushinjacyaha bwa Leta Zunze Ubumwe za Amerika bwamenyesheje Donald Trump wahoze ayobora icyo gihugu ko ari gukorwaho iperereza rishobora gukurikirwa n’ikirego, ku nyandiko z’amabanga ya Leta...
Muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, abantu barindwi barasiwe mu gitero cyabereye ku ishuri riri Richmond, mu ntara ya Vilginia,mu birori byo gutanga impamyabumenyi(graduation), babiri muri bo...
Perezida wa Eritrea, Isaias Afwerki, yatangaje ko intambara u Burusiya buri guhanganamo na Ukraine yaturutse ku bushotoranyi bwa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, kuko icyo gihugu kidashaka kwemera...
Amerika yitandukanyije n’igitero mu Burusiya – Uburusiya buvuga ko cyarangiye butsinze abacengezi bitwaje intwaro binjiye bavuye muri Ukraine.
Ibice bimwe by’akarere ka Belgorod ko mu Burusiya...
Ambasaderi wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Lucy Tamlyn, yasabye u Rwanda kuvana ingabo avuga ko rufite muri...
Abantu batanu bapfuye, ubwo umukozi muri banki yo mu Mujyi wa Louisville, muri Kentucky, ho muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika yarasaga bagenzi be kandi icyo gitero akagicisha kuri instagram...
Biravugwa ko Paul Rusesabagina yatangiye urugendo rumusubiza muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika avuye mu Mujyi wa Doha muri Qatar aho yageze ku wa Mbere w’iki Cyumweru avuye i Kigali nyuma y’iminsi...
Visi Perezida w’ Amerika, Kamala Harris,yaraye yemereye Ghana n’ibihugu byo mu karere ka Sahel, imfashanyo y’ Amerika ingana na miriyoni zirenga 100 z’amadolari.
Leta zunze ubumwe za Amerika na Canada biri mu bihugu byakiraga abimukira benshi ku Isi byumvikanye guhagarika kwakira abasaba ubuhungiro baciye ku mipaka itemewe, nk’uko abategetsi...
Umuhanzi Emmanuel Nsengiyumva wamamaye nka Emmy mu muziki ari mu byishimo byo kwakira umugore we Umuhoza Joyce uzwi nka Hoza muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika nyuma y’umwaka bakoze...
Gael Karomba benshi bazi nka Coach Gael akaba umujyanama wa Bruce Melodie yafunguye inzu, ahamya ko izajya ifasha abahanzi bo mu Rwanda no mu Karere bajyaga bagorwa no kubona aho bakorera...
Umuhanzi mu indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, Patient Bizimana, yimukiye muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika aho yasanze umugore we n’umwana wabo w’imfura baherutse...
Willie Spence wamenyekanye mu irushanwa rya American Idol ubwo yegukanaga umwanya wa kabiri 2021 Season ya 19, yitabye Imana azize ibikomere by’ impanuka y’imodoka yabereye i Tennessee kuri uyu wa...
Ambasade y’Amerika muri Kenya yashimye Abanya-Kenya ku kuntu batoye mu mahoro, ishishikariza impande zose gukorana mu gucyemura mu mahoro impungenge izo ari zo zose...
Guverinoma y’u Rwanda yatangaje ko yishimiye kwakira Umunyamabanga wa Leta Zunze Ubumwe za America, Antony Blinken uzarugenderera, imumenyesha ko yiteguye kongera gutanga umucyo ku bya Paul...
Inteko ishingamategeko ya Amerika, umutwe w’abadepite, yemeje umwanzuro wo gusaba leta y’u Rwanda ‘kurekura aka kanya’ Paul Rusesabagina ku ‘impamvu za ubumuntu’.