Chad iri kwishyura umwenda ifitiye Angola wa miliyoni 100 z’amadorari ya Amerika itanze amashyo y’inka nk’uko bitangazwa n’ikinyamakuru cya leta muri Angola.
Mbere y’uko kuri uyu wa gatanu hakinwa umukino wa mbere wa 1/4 cy’igikombe cya Afurika cy’ibihugu na Nigeria, abakinnyi b’ikipe y’igihugu ya Angola bashyiriweho agahimbazamusyi kari hejuru cyane...
Umukobwa wa Jose Eduardo dos Santos wahoze ari umukuru w’igihugu cya Angola yahunze igihugu avuga ko akorerwa iterabwoba nk’uko akomeje kugenda abitangaza.
Ikipe y’u Rwanda yatsinze iya Angola mu mikino ya FIBA Afrobasket2021 iri kubera muri Kigali Arena, amanota 71-68 uba umukino wa Kabiri u Rwanda rutsinze, nyuma yo gutsinda Repubulika Iharanira...
Kuri iki Cyumweru taliki ya 02 Gashyantare 2020 nibwo Nyakubahwa perezida wa Repubulika Paul Kagame yahuriye na Yoweli Kaguta Museveni mu gihugu cya Angola,mu nama yo kureba aho gahunda yo...
Kuwa 21 Kanama 2019,Perezida Kagame na Yoweli Kaguta Museveni bazahurira I Luanda muri Angola mu nama izabahuza na bagenzi babo ba Angola na RDC hagamijwe gushakira umuti ibibazo by’ubwumvikane...
Ikipe y’Igihugu y’u Rwanda y’Abagore yatsinzwe n’iya Angola amanota 74-68 iba intsinzwi ya mbere igize mu Gikombe cya Afurika cya Basketball kiri gukinirwa i Kigali.
Perezida Paul Kagame yari mu...
Mu murwa mukuru wa Angola habereye imihango yo gusezera no gushyingura uwahoze ari perezida José Eduardo dos Santos wapfiriye muri Espagne mu kwezi gushize kwa...
Mu nama ku kugarura amahoro mu burasirazuba bwa DR Congo yahuje abakuru b’imiryango y’ibihugu byo muri Africa yo hagati, iburasirazuba, amajyepfo, Ubumwe bwa Africa, na ONU, ibihugu bya Angola,...
Konti za banki ndetse n’ibikorwa by’umukobwa n’umukwe b’uwahoze ari Perezida wa Angola, Jose Eduardo Dos Santos byafatiriwe by’agateganyo n’Urukiko rw’Intara ya...
Abakuru b’ibihugu by’u Rwanda, Uganda, Repubulika ya Demokarasi ya Kongo na Angola, biyemeje gushyigikirana mu gushakira umuti ibibazo biri mu karere muri rusange,by’umwihariko ikibazo...
Komisiyo y’amatora mu gihugu cya Angola yemeje bidasubirwaho kuri uyu wa Gatatu tariki ya 06 Nzeri ko umutwe wa Politiki umaze imyaka 42 ku butegetsi ariwo watsinze amatora y’umukuru w’Igihugu...
Ikipe y’Igihugu ya Basketball y’abagore yisanze mu Itsinda A hamwe na Angola mu Gikombe cya Afurika (Afrobasket 2023) kizabera muri BK Arena kuva tariki ya 26 Nyakanga kugeza ku ya 6 Kanama...
Kuri uyu wa Gatanu taliki ya 14 Gashyantare 2020 mu biro bya Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga n’ubutwererane mu Rwanda harabera inama ya 3 y’intumwa z’u Rwanda na Uganda ndetse n’abahuza barimo Angola...
Uyu munsi nibwo abayobozi b’u Rwanda n’aba Uganda bahuriye mu nama iri kubera I Kigali igamije kurebera hamwe uko amasezerano perezida Kagame na Museveni baherutse gusinyira muri Angola yashyirwa...
Nyakubahwa Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame yamaze kugera mu mujyi wa Luanda muri Angola aho yitabiriye inama yatumiwemo na mugenzi we João Lourenço uyobora iki gihugu kugira ngo we...
Perezida wa Repubulika Paul Kagame yitabiriye umuhango w’irahira rya Perezida mushya w’igihugu cya Angola João Lourenço. Ni umuhango wabereye mu murwa mukuru i Luanda muri Angola aho ishyaka rya...
Kuri uyu wa Gatatu tariki 23 Kanama abaturage b’ Angola barazindukira mu matora ya Perezida wa Repubulika y’ icyo gihugu usimbura Jose Edouardo Dos Santos umaze imyaka 38 ari Perezida.
Jose...
Perezida wa Angola, João Lourenço, akaba n’umuhuza mu bibazo by’umutekano mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) yabwiye France24 ko batazemera RDC n’u Rwanda bigera aho...
Urukiko rw’i Barcelona muri Espagne rwatanze uruhushya rwo gukora isuzuma ku murambo wa José Eduardo dos Santos wahoze ari Perezida wa Angola, kugira ngo hamenyekane icyamwishe.
Ku wa gatanu ni...
José Eduardo dos Santos wabaye Perezida wa Angola mu gihe cy’imyaka 38, yitabye Imana azize uburwayi. Akaba yapfiriye i Barcelone muri Espagne.
Yapfiriye mu ivuriro ry’i Barcelona aho yari mu...
Umusore w’umunya-Angola yahigitse abasore 19 barimo n’umunyarwanda yegukana ikamba rya Mister Mister Africa International 2021 , mu birori byabereye mu mujyi wa Abidjan muri Côte d’Ivoire ku munsi...
Nubwo byari biteganyijwe ko kuwa 18 Ugushyingo 2019 aribwo abayobozi b’u Rwanda na Uganda bongera kuganira ku byerekeye ishyirwa mu bikorwa by’amasezerano yo muri Angola,u Rwanda rwasabye Uganda...
Umunyarwanda Tuyisenge Jacques wamaze kwerekeza muri Petro Atletico de Luanda yo muri Angola, yashimiye ikipe ya Gor Mahia yo muri Kenya yakiniraga kuva muri...