skol
Kigali

Search: Angola (487)

Chad yiyemeje kwishyura umwenda ibereyemo Angola itanga amashyo y’inka

Chad iri kwishyura umwenda ifitiye Angola wa miliyoni 100 z’amadorari ya Amerika itanze amashyo y’inka nk’uko bitangazwa n’ikinyamakuru cya leta muri Angola.
18 March 2020 1051 0

Reba uko umugore ukize kurusha abandi ku mugabane wa Africa yanyunyuje igihugu cya Angola[AMAFOTO]

Inyandiko z’ibanga zagaragaje uburyo umugore ukize kurusha abandi muri Africa yageze ku mutungo we mu kunyunyuza igihugu na ruswa.
20 January 2020 3861 0

Abakinnyi ba Angola bemerewe iPhone 15 n’akayabo k’amafaranga kugira ngo batsinde Nigeria

Mbere y’uko kuri uyu wa gatanu hakinwa umukino wa mbere wa 1/4 cy’igikombe cya Afurika cy’ibihugu na Nigeria, abakinnyi b’ikipe y’igihugu ya Angola bashyiriweho agahimbazamusyi kari hejuru cyane...
1 February 2024 1301 0

Jose umukobwa w’uwahoze ari Perezida wa Angola yahunze igihugu

Umukobwa wa Jose Eduardo dos Santos wahoze ari umukuru w’igihugu cya Angola yahunze igihugu avuga ko akorerwa iterabwoba nk’uko akomeje kugenda abitangaza.
13 May 2019 4585 0

U Rwanda rwatsinze Angola yatwaye ibikombe 11 bya Afrobasket

Ikipe y’u Rwanda yatsinze iya Angola mu mikino ya FIBA Afrobasket2021 iri kubera muri Kigali Arena, amanota 71-68 uba umukino wa Kabiri u Rwanda rutsinze, nyuma yo gutsinda Repubulika Iharanira...
26 August 2021 983 0

Perezida Kagame na Museveni bahuriye muri Angola mu nama yafatiwemo imyanzuro 5 ikomeye

Kuri iki Cyumweru taliki ya 02 Gashyantare 2020 nibwo Nyakubahwa perezida wa Repubulika Paul Kagame yahuriye na Yoweli Kaguta Museveni mu gihugu cya Angola,mu nama yo kureba aho gahunda yo...
2 February 2020 7458 0

Perezida Kagame na Museveni bagiye kongera guhurira muri Angola muri iki Cyumweru

Kuwa 21 Kanama 2019,Perezida Kagame na Yoweli Kaguta Museveni bazahurira I Luanda muri Angola mu nama izabahuza na bagenzi babo ba Angola na RDC hagamijwe gushakira umuti ibibazo by’ubwumvikane...
19 August 2019 2356 0

Ikipe y’abagore y’u Rwanda yaraye itsinzwe na Angola imbere ya Perezida Kagame

Ikipe y’Igihugu y’u Rwanda y’Abagore yatsinzwe n’iya Angola amanota 74-68 iba intsinzwi ya mbere igize mu Gikombe cya Afurika cya Basketball kiri gukinirwa i Kigali. Perezida Paul Kagame yari mu...
31 July 2023 443 0

Perezida Kagame na mugenzi we Museveni bagiye kongera guhurira muri Angola ku kibazo cy’umubano w’u Rwanda na...

Kuri iki Cyumweru tariki ya 2 Gashyantare 2020, Ibihugu by’u Rwanda na Uganda birasubira muri Angora mu biganiro bigamije gushakira hamwe umuti w’ikibazo cy’umubano umaze iminsi warajemoagatotso...
1 February 2020 2705 0

Umuryango w’uwahoze ari Perezida wa Angola ntiwishimiye uko yashyinguwe

Mu murwa mukuru wa Angola habereye imihango yo gusezera no gushyingura uwahoze ari perezida José Eduardo dos Santos wapfiriye muri Espagne mu kwezi gushize kwa...
29 August 2022 643 0

Perezida Kagame Yageze Muri Angola kuganira na Tshisekedi

Perezida Kagame Yageze Muri Angola nyuma ya mugenziwe Tshisekedi, Mu Nama Iri Bumuhuze Na João Lourenço.
6 July 2022 1203 0

Angola: Miliyari 100 z’amadorari yakuwe mu Gihugu mu buryo bunyuranije n’amategeko.

Umushinjacyaha mukuru i Luanda yatangaje ko miriyari zisaga 100 z’amadorari yakuwe mu bubiko bw’igihugu cya Angola mu buryo butemewe n’amategeko.
28 April 2022 825 0

Angola, Senegal, na Gabon byashimiwe umusanzu mu mafaranga byahaye ingabo za EAC ziri muri DR Congo

Mu nama ku kugarura amahoro mu burasirazuba bwa DR Congo yahuje abakuru b’imiryango y’ibihugu byo muri Africa yo hagati, iburasirazuba, amajyepfo, Ubumwe bwa Africa, na ONU, ibihugu bya Angola,...
28 June 2023 263 0

Imitungo y’umukobwa w’uwahoze ari Perezida wa Angola yafatiriwe

Konti za banki ndetse n’ibikorwa by’umukobwa n’umukwe b’uwahoze ari Perezida wa Angola, Jose Eduardo Dos Santos byafatiriwe by’agateganyo n’Urukiko rw’Intara ya...
2 January 2020 1879 0

Angola na RDC biyemeje gufasha u Rwanda na Uganda kongera kunga ubumwe

Abakuru b’ibihugu by’u Rwanda, Uganda, Repubulika ya Demokarasi ya Kongo na Angola, biyemeje gushyigikirana mu gushakira umuti ibibazo biri mu karere muri rusange,by’umwihariko ikibazo...
12 July 2019 2884 0

Bidasubirwaho uwahoze ari Minisitiri w’Ingabo niwe wabaye Perezida wa Angola

Komisiyo y’amatora mu gihugu cya Angola yemeje bidasubirwaho kuri uyu wa Gatatu tariki ya 06 Nzeri ko umutwe wa Politiki umaze imyaka 42 ku butegetsi ariwo watsinze amatora y’umukuru w’Igihugu...
7 September 2017 1054 0

U Rwanda rwisanze mu itsinda A na Angola muri Afrobasket y’Abagore izabera i Kigali

Ikipe y’Igihugu ya Basketball y’abagore yisanze mu Itsinda A hamwe na Angola mu Gikombe cya Afurika (Afrobasket 2023) kizabera muri BK Arena kuva tariki ya 26 Nyakanga kugeza ku ya 6 Kanama...
10 June 2023 304 0

Intumwa z’u Rwanda na Uganda zahuriye mu nama ya 3 yo kureba gahunda y’ishyirwa mu bikorwa ry’amasezerano yo muri...

Kuri uyu wa Gatanu taliki ya 14 Gashyantare 2020 mu biro bya Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga n’ubutwererane mu Rwanda harabera inama ya 3 y’intumwa z’u Rwanda na Uganda ndetse n’abahuza barimo Angola...
14 February 2020 2933 0

U Rwanda rwasabye Uganda kuvugisha ukuri mu biganiro byo gushaka uko amasezerano yo muri Angola yashyirwa mu...

Uyu munsi nibwo abayobozi b’u Rwanda n’aba Uganda bahuriye mu nama iri kubera I Kigali igamije kurebera hamwe uko amasezerano perezida Kagame na Museveni baherutse gusinyira muri Angola yashyirwa...
16 September 2019 1362 0

Perezida Kagame yageze muri Angola aho araganirira na Museveni n’abandi baperezida bo mu karere[AMAFOTO]

Nyakubahwa Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame yamaze kugera mu mujyi wa Luanda muri Angola aho yitabiriye inama yatumiwemo na mugenzi we João Lourenço uyobora iki gihugu kugira ngo we...
12 July 2019 4896 0

Pereziga Kagame yashimye mugenzi wa Angola nyuma yo kurahira

Perezida wa Repubulika Paul Kagame yitabiriye umuhango w’irahira rya Perezida mushya w’igihugu cya Angola João Lourenço. Ni umuhango wabereye mu murwa mukuru i Luanda muri Angola aho ishyaka rya...
26 September 2017 969 0

Abanyangola basigaje amasaha bagatora perezida usimbura uwo bamaranye imyaka 38

Kuri uyu wa Gatatu tariki 23 Kanama abaturage b’ Angola barazindukira mu matora ya Perezida wa Repubulika y’ icyo gihugu usimbura Jose Edouardo Dos Santos umaze imyaka 38 ari Perezida. Jose...
22 August 2017 865 0

Perezida wa Angola yitandukanyije n’ibyo leta ya Kinshasa ishinja u Rwanda ,yizeza gukumira intambara

Perezida wa Angola, João Lourenço, akaba n’umuhuza mu bibazo by’umutekano mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) yabwiye France24 ko batazemera RDC n’u Rwanda bigera aho...
8 May 2023 1085 0

Angola: Ishyaka rya Perezida João Lourenço (MPLA) rifite amahirwe yo kongera gutegeka

Imibare iheruka y’ibyavuye mu matoro muri Angola yerekana ko n’ubwo ishyaka riri ku butegetsi MPLA riri mbere mu majwi, bitameze neza nka mbere.
25 August 2022 276 0

Espagne: Urukiko rwategetse gusuzuma icyishe Eduardo dos Santos wayoboye Angola

Urukiko rw’i Barcelona muri Espagne rwatanze uruhushya rwo gukora isuzuma ku murambo wa José Eduardo dos Santos wahoze ari Perezida wa Angola, kugira ngo hamenyekane icyamwishe. Ku wa gatanu ni...
11 July 2022 647 0

José Eduardo dos Santos wayoboye Angola imyaka 38 yatabarutse

José Eduardo dos Santos wabaye Perezida wa Angola mu gihe cy’imyaka 38, yitabye Imana azize uburwayi. Akaba yapfiriye i Barcelone muri Espagne. Yapfiriye mu ivuriro ry’i Barcelona aho yari mu...
8 July 2022 1286 0

UN yemeje ko u Rwanda na DRC bijya kwiyungira muri Angola

U Rwanda na RDC bigiye guhurira mu mishyikirano muri Angola
30 June 2022 1474 0

Umusore wo muri Angola Eryvaldo Reis yegukanye ikamba rya Mister Africa International [AMAFOTO]

Umusore w’umunya-Angola yahigitse abasore 19 barimo n’umunyarwanda yegukana ikamba rya Mister Mister Africa International 2021 , mu birori byabereye mu mujyi wa Abidjan muri Côte d’Ivoire ku munsi...
17 September 2021 786 0

U Rwanda rwasabye Uganda kwimura ibiganiro bagombaga kugirana mu gushyira mu bikorwa amasezerano yo muri...

Nubwo byari biteganyijwe ko kuwa 18 Ugushyingo 2019 aribwo abayobozi b’u Rwanda na Uganda bongera kuganira ku byerekeye ishyirwa mu bikorwa by’amasezerano yo muri Angola,u Rwanda rwasabye Uganda...
15 November 2019 1582 0

Tuyisenge Jacques wamaze kwerekeza mu ikipe yo muri Angola yashimiye byimazeyo Gor Mahia yamugize...

Umunyarwanda Tuyisenge Jacques wamaze kwerekeza muri Petro Atletico de Luanda yo muri Angola, yashimiye ikipe ya Gor Mahia yo muri Kenya yakiniraga kuva muri...
29 July 2019 2626 0
0 | 30 | 60 | 90 | 120 | 150 | 180 | 210 | 240 | ... | 480