Myugariro w’ikipe ya Arsenal yo mu Bwongereza,David Luiz Moreira Marinho kuri uyu wa kane,taliki ya 10 Ukwakira 2019, azasura u Rwanda,aho azaba aje mu bikorwa bitandukanye by’umupira w’amaguru no...
Ubuyobozi bwa RDB buratangaza ko nyuma y’umwaka ushize u Rwanda rusinyanye amasezerano y’imikoranire n’ikipe ya Arsenal yo mu Bwongereza,rumaze kubona inyungu ibarirwa muri miliyoni 36...
Bwa mbere mu mateka amakipe 4 yo mu bwongereza agiye guhurira ku mikino ya nyuma y’ibikombe by’I Burayi kuko nyuma ya Tottenham na Liverpool zizahurira ku mukino wa nyuma wa UEFA Champions...
Ikipe ya Rayon Sports ishobora gufashwa na SKOL kwerekeza mu Bwongereza gusura Arsenal FC muri Kamena uyu mwaka,bitewe n’ubufatanye iyi kipe ifitanye n’uru...
Nyuma yo kwitwara nabi mu mikino 2 ifungura Premier League 2018-2019,Arsenal FC yatsinze umukino wayo wa mbere Westham ibitego 3-1, nyuma yo gusinya amasezerano yo kwamamaza Visit...
Umukinnyi N’golo Kante ukinira ikipe ya Chelsea yongeye kwerekana ko ari we mukinnyi wicisha bugufi kurusha abandi bose ku isi kubera ukuntu yagiye kwihanganisha umufana wa Arsenal wari wishwe...
Mu ijoro ryakeye ,ikipe ya Arsenal yatangaje ko yamaze gusinyisha umunyezamu w’Umudage Bernd Leno wakiniraga Bayer Leverkusen,imutanzeho akayabo ka miliyoni 20...
Guverinoma y’ u Rwanda yavuze ko abanenze u Rwanda kuba rugiye gushora miliyoni z’ amayero mu kwamamaza ubukerarugendo binyuze ku ikipe y’ Arsenal batifuriza u Rwanda...
Umukinnyi Mesut Ozil ,Umudage w’imyaka 28 akomeje guhangana n’abahoze bakinira ikipe ya Arsenal nyuma y’amagambo yanditse ku rubuga rwe rwa Faceboook ku wa gatandatu taliki ya 02 Nzeri 2017 ubwo...
Ku munsi w’ejo taliki ya 05 Nyakanga nibwo ikipe ya Arsenal FC yo mu Bwongereza yatangaje ku mugaragaro ko yasinyishije rutahizamu w’Umufaransa wakiniraga ikipe ya Lyon Alexandre Lacazette kuri...
Perezida Kagame yanyuzwe n’intsinzi ikipe afana ya Arsenal FC yanyagiyemo Chelsea ibitego 5-0 mu mukino w’umunsi wa 34 wa Shampiyona y’u Bwongereza, Premier...
Umutoza wa Arsenal, Mikel Arteta, ntabwo azaba ari ku ntebe y’abatoza,ku wa gatandatu w’iki cyumweru,ubwo Arsenal izaba yasuye Aston Villa,mu mukino w’umunsi wa 16 wa Premier...
Rutahizamu w’ikipe ya Arsenal Gabriel Jesus yavuze ko iyi kipe yabo igomba gukoresha imbaraga zingana mu minota 90 niba ishaka guhatanira igikombe cya Premier League.
Uyu mukinnyi yabigarutseho...
Ikipe ya Arsenal yiteguye gukubura bamwe mu bakinnyi idakeneye barangajwe imbere na kizigenza wayihenze kurusha abandi bakinnyi bose yaguze mu mateka yayo,Nicolas Pepe.
Arsenal yaguze Nicolas...
Rutahizamu Marcus Rashford yongeye gutsinda igitego afasha Manchester United kwinjira muri kimwe cya kane cy’irangiza mu mikino ya Europa League isezereye Real Betis mu gihe Arsenal yasezerewe...
Ikipe ya Arsenal yashakaga igisubizo hagati mu kibuga yamaze kumvikana n’Umutaliyani,Jorginho,wakiniraga Chelsea ndetse wari ugiye kurangiza amasezerano ye mu mpeshyi.
Arsenal itari ifite...
Abafana ba Arsenal baheruka gufungwa nyuma yo gutabwa muri yombi bazira kwishimira intsinzi y’iyi kipe itsinda Manchester United ibitego 3-2, basabye Perezida w’u Rwanda Paul Kagame kubafasha...
Kuwa Gatandatu,ikipe ya Arsenal yahombye umukinnyi Mykhailo Mudryk yari imaze iminsi yirukaho,waguzwe na Chelsea ku munota wa nyuma.
Mikel Arteta nabo bakorana,bari bamaze gutanga asaga...
Rutahizamu wifuzwa n’ikipe ya Arsenal,Mykhailo Mudryk yabwiye abantu bari kumwe mu biruhuko I Dubai ko yiteguye kwerekeza kuri Emirates nyuma y’aho iyi kipe itanze amafaranga ya kabiri yo kumugura...
Ikipe ya Arsenal irashaka kwiyubaka muri uku kwezi kwa mbere kugira ngo irebe ko yakwegukana igikombe cya shampiyona imereye nabi muri uyu mwaka w’imikino.
Umunya Ukraine,Mykhailo Mudryk,yifuza...
Umutoza wa Arsenal Mikel Arteta avuga ko "atabaniye" rutahizamu Eddie Nketiah, nyuma yuko afashije ikipe ye gutungura Chelsea ikayitsinda ibitego 4-2 mu mukino shampiyona w’umunsi wa 32...
Nyuma yaho umutoza wa Arsenal Mikel Arteta ashimiye rutayizamu wayo Eddie Nketiah kubwo kwitwara neza mu mikino iheruka ,kuri uyu wa gatatu ku mukino wa shampiyona w’umunsi wa 32 usize Chelsea...
Umutoza wa Arsenal,Mikel Arteta,ukomeje gutakarizwa icyizere n’abafana kubera imikinire yo ku rwego rwo hasi ikipe imaze igihe igaragaza,yavuze ko yemeranwa na Perezida Paul Kagame gusa yitwaza ko...
Ikipe ya FC Barcelona iheruka gutakaza Lionel Messi wari kapiteni wayo ndetse wayitsindiraga ibitego birenze 30 mu myaka irenga 10 ishize,irashaka kumusimbuza ba rutahizamu 2 ba Arsenal...