Barafinda Sekikubo Fred yamenyekanye cyane mu Rwanda ubwo yashakaga kwiyamamariza Umwanya w’Umukuru w’Igihugu mu mwaka wa 2017, gusa ntiyagira amahirwe yo kubigeraho kuko atari yujuje...
Uyu mugabo uri hagati Barafinda Ssekikubo Fred
Barafinda Ssekikubo Fred wagerageje kwiyamamariza kuba Perezida w’ u Rwanda ntashobore kuzuza ibisabwa yatangiye gukina urwenya (comedy).
Tariki...
Barafinda Sekikubo Fred wari watanze kandidatire ku mwanya wa Perezida ariko ikaba itaremewe aravuga ko abakandida batatu biyamamarije kuyobora u Rwanda bataryohereje Abanyarwanda mu bikorwa...
Umugabo witwa Barafinda Sekikubo Fred wamenyekanye cyane ubwo yashakaga kwiyamamariza kuyobora u Rwanda yajyanwe mu bitaro bisuzuma indwara zo mu mutwe by’I Ndera mu Karere ka Gasabo bamusangana...
Barafinda Sekikubo Fred, umwe mu bashatse kwiyamamariza umwanya wa Perezida wa Repubulika, yasabye umukandida yatoye kuzakuraho imisoro ku mazu, imisoro ku butaka no kubacuruzi.
Barafinda...
Barafinda n’umugore ku munsi w’itora kuri King David Academy aho batoreye
Barafinda Sekikubo Fred wagerageje kwiyamamariza kuzayobora u Rwanda ariko Komisiyo y’Amatora ikanga kwemeza kandidature...
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwafashe umwanzuro wo kujyana Barafinda Sekikubo Fred mu Bitaro by’indwara zo mu mutwe, Caraes Ndera, kugira ngo barebe ko adafite uburwayi bwo mu...
Barafindafinda niyo filime ya mbere yakinwemo na Barafina Sekikubo Fred wamamaye mu Rwanda nyuma yo gutanga kandidature ku mwanya w’umukuru w’igihugu mu matora yabaye muri Kanama 2017 gusa...
Urwego rw’Igihugu rw’Ubgenzacyaha [RIB] remeje ko Barafinda Sekikubo Fred yasubijwe mu bitaro bivura indwara zo mu mutwe i Ndera kugira ngo yitabweho n’abaganga kuko yari yongeye kugaragaza...
Barafinda Ssekikubo Fred umwe mu bari batanze kandi kandidatire ku mwanya wa Perezida wa Repubulika utaragaragaye ku rutonde ndakuka rw’ abemerewe kwiyamamaza aravuga ko Komisiyo y’ amatora...
Barafinda Sekikubo Fred ni umugabo w’imyaka 47 wamenyekanye ubwo yajyanaga ibyangombwa bye muri Komisiyo y’amatora avuga ko ashaka kwiyamamariza kuba Perezida wa Repubulika y’u Rwanda mu matora...
Umugabo w’ I Kanombe mu karere ka Kicukiro witwa Barafinda Sekikubo Fred wavuzwe cyane mu mwaka 2017 yatangaje ko 2017 ari umwaka atazibagirwa mu buzima bwe ndetse ko atazibagirwa uruhare...
Umugabo witwa Barafinda SEKIKUBO Fred wamamaye cyane ubwo yashakaga kwiyamamariza kuba Perezida wa Repubulika mu Rwanda yatumijwe na RIB,yamusabye kuyitaba ku cyicaro gikuru cyayo, tariki 10...
Mpayimana Philippe niwe mukandida wigenga wenyine wemerewe kuziyamamariza kuyobora u Rwanda muri bane bari babyifuje.
Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Gatanu tariki 7 Nyakanga komisiyo y’ igihugu y’...
Fred Sekikubo Barafinda kuri uyu wa 12 Kamena 2017, yatunguye abatari bake atanga candidature ye ku mwanya w’ umukuru w’ igihugu.
Ku isaha ya saa tanu ubwo komisiyo y’ amatora yari imaze kwakira...
Muri uyu mwaka wa 2017 urimo kugana ku musozo havuzwe byinshi muri politiki y’ u Rwanda, UMURYANGO ugiye kukugezaho amakuru y’ ingenzi yaranze politiki y’ u Rwanda mu mwaka wa 2017.
Uyu mwaka...
Abantu batandukanye bakurikiranira hafi ibyamamare byo mu Rwanda abenshi hari ibibazo bagenda bibaza ku bantu bamwe na bamwe bamamaye ahanini ntibabibonere ibisubizo,ari nayo mpamvu twahisemo...
Abantu batandukanye bakurikiranira hafi ibyamamare byo mu Rwanda abenshi hari ibibazo bagenda bibaza ku bantu bamwe na bamwe bamamaye ahanini ntibabibonere ibisubizo,ari nayo mpamvu twahisemo...
Abantu batandukanye bakurikiranira hafi ibyamamare byo mu Rwanda abenshi hari ibibazo bagenda bibaza ku bantu bamwe na bamwe bamamaye ahanini ntibabibonere ibisubizo,ari nayo mpamvu twahisemo...
Mu gihe hasigaye iminsi 45 ngo Abanyarwanda binjire mu matora y’ umukuru w’ igihugu agiye kuba ku nshuro ya gatatu nyuma ya jenoside yakorewe abatutsi, komisiyo y’ amatora iravuga ko yamaze...