Ikipe ya FC Barcelona ifite abakunzi benshi ariko ikaba itari kubakora ku mutima muri iyi minsi,ifite imikino 2 ikomeye irimo uw’ikirarane itakinnye kubera ko yatangiye LA LIGA ikererewe biturutse...
Umukinnyi Lionel Messi w’ikipe ya FC Barcelonabyatangaje ko yagize impeshyi mbi cyane ubushize ubwo ikipe ya FC Barcelona yangaga kumurekura ngo yigendere kandi yari yarabimwereye mbere nyuma...
Kuri uyu wa gatatu, ikipe yo mu Bufaransa Paris Saint-Germain yatangaje ko umukinnyi wayo wo hagati Aminata Diallo ari mu maboko ya polisi kubera igitero cyagabwe kuri mugenzi we bikekwa ko...
Ikipe ya Chelsea FC yamenye ibibazo ikipe ya FC Barcelona irimo by’uko ishobora kunanirwa kwandikisha abakinnyi bayo bashya bitewe n’umushahara uremereye ihemba ariyo mpamvu yafashe umwanzuro wo...
Umunya Argentine w’umunyabigwi mu mupira w’amaguru,Lionel Messi,ukinira PSG,yegukanye Ballon d’Or ye ya 7 atsinze Robert Lewandowski bari bahanganye na Jorginho wa Chelsea,waje ku mwanya wa...
Umunyabigwi mu mupira w’amaguru,Cristiano Ronaldo,yongeye gushimangira ko ari umwami wa UEFA Champions League ubwo yafashaga ikipe ye ya Manchester United gutsinda Atalanta ibitego 3-2 mu mukino...
Umunya Brazil witwa Neymar Jr yavuze ko nubwo yakinnye mu ikipe imwe na Lionel Messi na Kylian Mbappé, ariko yifuza kuzakinana na Cristiano Ronaldo bahoraga bahanganye muri...
Ikipe ya Real Madrid yaraye itsinze Athletic Bilbao ibitego 2-0 mu mukino wa nyuma wa Supercopa ya Espagne wabereye I Riyadh muri Saudi Arabia,yegukana iki gikombe ku nshuro ya 12.
Madrid...
Uzamberumwana Pacifique uzwi nka Oda Paccy abinyujije ku rukuta rwe rwa facebook yasangije abakunzi be ifoto yambaye umwenda w’ikipe ya FC Barcelona n’agakabutura kagufi cyane.
Kuri iyi foto Oda...
Icyamamare mu mukino wo kwiruka Mo Farah ari mu Rwanda, aho yitabiriye Marato Mpuzamahanga y’Amahoro (Kigali Peace Marathon) izaba ku Cyumweru tariki ya 29 Gicurasi 2022.
Mohamed Farah, wavukiye...
José Eduardo dos Santos wabaye Perezida wa Angola mu gihe cy’imyaka 38, yitabye Imana azize uburwayi. Akaba yapfiriye i Barcelone muri Espagne.
Yapfiriye mu ivuriro ry’i Barcelona aho yari mu...
Umunyabigwi mu mupira w’amaguru,Cristiano Ronaldo yaciye agahigo ko kuba umukinnyi umaze gukina imikino myinshi (178) muri UEFA Champions League ndetse anatabara Manchester United yari yahagamwe...
Kuri uyu wa Gatanu tariki 7 Ukwakira 2022, abanyamakuru bakunzwe muri siporo y’u Rwanda aribo David Bayingana na Bagirishya Jean de Dieu wamamaye nka Jado Castar, bahawe impamyabumenyi z’icyiciro...
Samuel Eto’o uyobora ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru muri Cameroon,yakoranye imyitozo n’ikipe y’igihugu cye, yitegura u Busuwisi mu kanya saa 12:00’ mu gikombe cy’isi.
Iyi kipe kandi yasuwe na...
Umukinnyi wa APR FC ukina hagati mu kibuga afasha abataha izamu, Itangishaka Blaise, afungiye kuri Sitasiyo ya Polisi ya Rubavu azira gutwara ikinyabiziga yanyoye ibisindisha agakora impanuka....
Umukunnyi Samuel Eto’ o Fils, ukomoka mu mugabane w’ Afurika mu gihugu cya Cameroun wigeze gukinira ikipe ya Barcelone mu gihugu cya Espagne ashobora kumara imyaka 10 mu buroko akanacibwa na...
Ikipe ya Real Madrid ivuga ko izashyigikira ibirego bya ruswa bishinjwa FC Barcelona,ko yahaye visi perezida wa komite y’abasifuzi ba Espagne.
Real yiteguye “kurwanira inyungu zayo” igihe...
Umuyobozi wungirije w’umujyi wa Mont-de-Marsan uherereye mu majyepfo y’Uburengerazuba bw’igihugu cy’u Bufaransa, yari yatangaje ko ikipe ya Barca niramuka itsinze PSG azamira imbeba.
Charles Dayot...
Nyuma y’amezi hafi atatu umukinnyi w’igihangange mu mupira w’amaguru Lionel Messi atangiye gukinira ikipe ya Inter Miami yo muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, amaze kuzana impinduka muri shampiyona...
Abakinnyi ba Man United bari bamaze iminsi bibasirwa n’abafana kubera imyitwarire idahwitse bagarutse ku murongo mwiza ubwo bafashaga iyi kipe gutsinda umukino w’umunsi wa 3 wa UEFA Champions...
Ikipe ya Manchester City yabaye ikipe yihuse cyane kugeza ku bitego 250 muri Champions League ndetse ibimburira izindi kugera muri 1/16 cy’iri rushanwa muri uyu mwaka w’imikino wa...
Kuri uyu wa Kabiri hakinwaga imikino y’umunsi wa 5 mu matsinda ya Champions League aho ikipe ya Newcastle yari yatsindiye PSG mu rugo yahanishwaga penaliti itavugwaho...
Ikipe y’Igihugu ya Afurika y’Epfo yegukanye umwanya wa gatatu mu gikombe cya Afurika cya 2023,nyuma yo gutsinda Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo kuri penaliti 6-5.Amakipe yombi yari...
Amakipe abiri Borussia Dortmund na Atlético Madrid yitwaye neza mu mikino yo kwishyura ya 1/8 yabaye ku wa Gatatu,aba aya nyuma yinjiye mu yazakina 1/4 cya UEFA Champions...
Ikinyamakuru France Football cyatangaje ko uyu mwaka wa 2020 kitazatanga igihembo cya Ballon d’or cyari kimaze imyaka myinshi gitangwa ariko uyu mwaka cyakomwe mu nkokora na...
Ku nshuro ya 21 hagiye kuba igikombe cy’isi cy’umupira w’amaguru kigiye kubera mu Burusiya aho amakipe 32 yamaze gutangaza abakinnyi 23 azakoresha ndetse na nimero...