Umukinnyi wa APR FC ukina hagati mu kibuga afasha abataha izamu, Itangishaka Blaise, afungiye kuri Sitasiyo ya Polisi ya Rubavu azira gutwara ikinyabiziga yanyoye ibisindisha agakora impanuka....
Nyuma y’amezi hafi atatu umukinnyi w’igihangange mu mupira w’amaguru Lionel Messi atangiye gukinira ikipe ya Inter Miami yo muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, amaze kuzana impinduka muri shampiyona...
Abakinnyi ba Man United bari bamaze iminsi bibasirwa n’abafana kubera imyitwarire idahwitse bagarutse ku murongo mwiza ubwo bafashaga iyi kipe gutsinda umukino w’umunsi wa 3 wa UEFA Champions...
Ikipe ya Manchester City yabaye ikipe yihuse cyane kugeza ku bitego 250 muri Champions League ndetse ibimburira izindi kugera muri 1/16 cy’iri rushanwa muri uyu mwaka w’imikino wa...
Kuri uyu wa Kabiri hakinwaga imikino y’umunsi wa 5 mu matsinda ya Champions League aho ikipe ya Newcastle yari yatsindiye PSG mu rugo yahanishwaga penaliti itavugwaho...
Ikipe y’Igihugu ya Afurika y’Epfo yegukanye umwanya wa gatatu mu gikombe cya Afurika cya 2023,nyuma yo gutsinda Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo kuri penaliti 6-5.Amakipe yombi yari...
Amakipe abiri Borussia Dortmund na Atlético Madrid yitwaye neza mu mikino yo kwishyura ya 1/8 yabaye ku wa Gatatu,aba aya nyuma yinjiye mu yazakina 1/4 cya UEFA Champions...
Mu butumwa rutahizamu w’ibihe byose mu gihugu cya Cameroon, Samuel Eto’o Fils yanyujije ku rukuta rwe rwa Instagram yashimagije umukuru w’igihugu cy’u Rwanda, Paul Kagame ku butwali bwe, kwitanga...
Rutahizamu w’ibihe byose w’ikipe ya Arsenal n’ikipe y’igihugu y’Ubufaransa yatunguye benshi ubwo yavugaga ko umukinnyi yakunze kurusha abandi bose bakinannye ari umuholandi Dennis Bergkamp bakinannye...
Ikipe ya Real Madrid ishaka gutwara igikombe cya LA LIGA uyu mwaka,yandikiye abashinzwe gutegura iki gikombe cya shampiyona ibamenyesha ko batishimiye uko ingengabihe y’umunsi wa 33 na 34 ipanze...
Ikinyamakuru France Football cyatangaje ko uyu mwaka wa 2020 kitazatanga igihembo cya Ballon d’or cyari kimaze imyaka myinshi gitangwa ariko uyu mwaka cyakomwe mu nkokora na...
Ronaldo de Assis Moreira wamenyekanye cyane mu mupira w’amaguru nka Ronaldinho yishe amabwiriza yahawe muri hoteli afungiyemo atumiza abanyamideli bo muri Paraguay baza kubyinana...
Ubwo UEFA yicaraga igashyiraho irushanwa rya UEFA Nations League,yashakaga ko ibihugu byo ku mugabane w’I burayi bihangana mu mikino ikomeye cyane n’amarushanwa...
Nubwo byari byitezwe ko Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru muri Espanye (RFEF) rizaca akayabo k’amamiliyoni ikipe ya FC Barcelona kubera ko yatangiye kuganiriza umukinnyi wa Atletico Madrid igihe...
Bakunzi b’umupira w’amaguru, imikino ya nyuma y’igikombe Europa League, FA Cup n’umukino wa nyuma wa Copa Del Rey yose iza guhera uyu munsi kugeza ku cyumweru ushobora yose kuyirebera kuri Startimes...
Umunya Brazil witwa Neymar Jr yavuze ko nubwo yakinnye mu ikipe imwe na Lionel Messi na Kylian Mbappé, ariko yifuza kuzakinana na Cristiano Ronaldo bahoraga bahanganye muri...
Umutoza Unai Emery yahesheje ikipe ya Villarreal igikombe cya Europa League nyuma yo kunganya na Manchester United igitego 1-1 mu minota 120 hanyuma bakayitsinda kuri penaliti...
Amakipe y’ibigugu I Burayi ariyo FC Barcelona na Manchester United zatangiye imikino ya UEFA Champions League 2021/2022 zitsindwa ndetse zituma abakunzi ba ruhago bazibazaho...
Umunyabigwi mu mupira w’amaguru,Lionel Messi,yafashije PSG gutsinda Manchester City ibitego 2-0 mu mukino wo mu itsinda A rya UEFA Champions League wari ukomeye...
Umunyabigwi mu mupira w’amaguru,Cristiano Ronaldo yaciye agahigo ko kuba umukinnyi umaze gukina imikino myinshi (178) muri UEFA Champions League ndetse anatabara Manchester United yari yahagamwe...
Umunyabigwi mu mupira w’amaguru,Cristiano Ronaldo,yongeye gushimangira ko ari umwami wa UEFA Champions League ubwo yafashaga ikipe ye ya Manchester United gutsinda Atalanta ibitego 3-2 mu mukino...
Umunya Argentine w’umunyabigwi mu mupira w’amaguru,Lionel Messi,ukinira PSG,yegukanye Ballon d’Or ye ya 7 atsinze Robert Lewandowski bari bahanganye na Jorginho wa Chelsea,waje ku mwanya wa...