Étienne Tshisekedi wa Mulumba wabaye umwe mu batavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo by’ igihe kirekire akaba na se wa Perezida , Felix Tshisekedi, byemejwe ko...
Ubuhamya bukurikira ni ubwegeranyijwe hifashishijwe inyandiko y’ikinyamakuru The Guardian cyahaye umutwe ugira uti “ How being a footballer saved me from death in Rwanda genocide” yanditswe na Paul...
Umuryango wa Musoni Jackson waguye mu mpanuka y’indege ya Ethiopian Airlines kuwa 10 Werurwe 2019 wamaze kuzuza impapuro zo kurega uruganda rwa Boeing,barushinja gukora nabi uburyo butuma indege...
Umuryango wa Musoni Jackson waguye mu mpanuka y’indege ya Boeing 737 Max ya kompanyi ya Ethiopian Airlines wahakanye amakuru yavugaga ko bareze uruganda rukora indege ya Boeing barushinja gukora...
Hari amakuru yemeza ko ikompanyi yitwa Crystal Event yari yatumiye Meddy mu bitaramo yari gukorera i Burundi bagiye kumujyana mu nkiko kubera ko bamwishyuje amafaranga bari bamuhaye...
Umuryango wa Tanasha Donna uri mu buryohe bw’urukundo na Diamond Platnumz wasabye uyu musore kutazamufata nk’abandi bagore bagiye bakundana ngo amutere inda narangiza amwigarike batarasezerana...
Manchester United iri ku mwanya wa 4 muri shampiyona y’ubwongereza ikanaba ikipe ifite amateka akomeye ku Isi, yasinyishije rutahizamu ukiri muto uvuka ku babyeyi b’Abanyarwanda imukuye mu...
Umunyamideli Mimi Mirage ni umwe mu bantu bari kuvugwa neza n’Abanyarwanda benshi nyuma yo kugurira imodoka Mwiseneza Josiane wamamaye mu marushanwa ya Nyampinga w’u Rwanda 2019 bikamuhesha ikamba...
Umubiligi Thibaut Courtois urindira ikipe ya Real Madrid muri Espagne yatumye benshi bacika ururondogoro ku mbuga nkoranyambaga kubera ko yasabye iyi kipe ye kugura Eden Hazard ikareka Neymar...
Umuhanzi Diamond Platnumz wo muri Tanzania, yavuze ko umukunzi we Tanasha Donna Oketch bakundana, amukunda kuko bimurimo atari amafaranga yamukurikiyeho nk’uko byumvikana mu majwi ya...
Umuryango wa Afrika y’Amajyepfo SADC wari uherutse kwamagana ibyavuye mu matora mu buryo bw’agateganyo muri RDC,wamaze kuva ku izima ushimira Felix Tshisekedi ndetse usaba abakongomani bose...
Repubulika iharanira Demokarasi ya kongo yamaganye bikomeye ibyemezo byafatiwe mu nama y’abakuru b’ibihugu bbagize uyu muryango byo gusubika gutangaza burundu ibyavuye mu matora mu rwego rwo...
Rutahizamu Neymar Jr wa PSG yafotowe ashagawe n’abakobwa beza cyane 26 we na bagenzi be 2 barimo umusore Arthur Melo ukina hagati muri FC Barcelonayahoze akinira mbere y’uko yerekeza mu...
Ikipe ikomeye muri RDC,AS Vita Club iri mu biganiro n’abakinnyi b’abanyarwanda barimo rutahizamu Jacques Tuyisenge ukinira Gor Mahia na Abdul Rwatubyaye ukina mu bwugarizi bwa Rayon...
Umutoza Pep Guardiola wa Manchester City yabwiye abanyamakuru ko adakeneye Eden Hazard ndetse adateganya kumugura nkuko bivugwa nubwo ari umwe mu bakinnyi beza ku...