Muri Repubulika iharanira Demukarasi ya Congo abantu 20 bishwe n’abashinzwe umutekano ubwo bigaragambyaga basaba ko Perezida Kabila ava ku butegetsi.
Ni mu myigaragambyo yabaye kuri uyu wa...
Bahati Grace wabaye Nyampinga w’u Rwanda mu 2009 [wa mbere w’u Rwanda nyuma ya Jenoside yakorewe abatutsi] yari umwe mu baharekeje Miss Mutesi Jolly mu marushanwa ya Miss World 2016 yasojwe mu...
Donald Trump uherutse gutorerwa kuyobora Leta zunze ubumwe za Amerika, ni uwa mbere ku rutonde rw’Abantu bashakishijwe cyane ku mbuga nkoranyambaga muri uyu mwaka wa 2016.
Urubuga rwa google...
Uwera Dalila tariki 17 Ukuboza 1993 yatorewe kuba Miss Rwanda 1994 mu muhango wabereye kuri Hotel chez Lando i Remera, Uyu mubyeyi yibaza impamvu nawe atajya ahabwa umwanya muri aya marushanwa...
Umufaransa utoza ikipe y’u Bubiligi nk’umutoza wungirije, Thierry Henry avuga ko Zlatan nta kosa yakoze akubita Mings inkokora kuko nawe iyo aza kuba Zlatan niko yari kubigenza.
Hari mu umukino...
Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Kabiri tariki 4 Mata 2017 nibwo Teta Diana yashyize ahagaragara ifoto yifotozanyije na Stomae umuhanzi ufite inkomoko mu Rwanda ariko wibera ku mugabane w’Uburayi....
Kuwa Gatatu, tariki ya 5 Mata 2017, Inama y’Abaminisitiri yateraniye muri Village Urugwiro, iyobowe na Nyakubahwa Perezida wa Repubulika, Paul Kagame.
Inama y’Abaminisitiri yemeje imyanzuro...
Fanny Neguesha yamamaye cyane ubwo yakundanaga na rutahizamu mpuzamahanga w’umutaliyani Mario Baloteli. Uyu mukobwa ukomoka kuri nyina w’umunyarwandakazi na se w’umutaliyani, ariko akaba yaravukiye...
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump yabonanye na Papa Francis i Vatican mu rugendo rwa mbere yagiriye mu bihugu by’ amahanga kuva mu mpereza z’ umwaka ushize ubwo yageraga ku...
None kuwa Gatanu, tariki ya 26 Gicurasi 2017, Inama y’Abaminisitiri Idasanzwe yateraniye muri Village Urugwiro, iyobowe na Nyakubahwa Perezida wa Repubulika, Paul Kagame.
Nyakubahwa Perezida wa...
Umukinnyi w’ Umurundi, umaze imyaka itatu akinira ikipe ya Rayon Sports, Kwizera Pierre benshi bazi nka Kwizera Pierrot yatangaje ko ari hafi kuva muri iyi kipe akaga gushakira ubundi...
Perezida w’ u Burundi Pierre Nkurunziza yirukanye mu gisirikare cy’ u Burundi abasirikare bakuru bagera kuri 23.
Ubutegetsi bw’ u Burundi bwatangaje ko abirukanywe ari abahisemo kujya gushakisha...
Nyuma yo gutwara igikombe cya shampiyona uyu mwaka ikipe ya Rayons Sports ifite urugamba rutoroshye rwo kugumana abakinnyi bayo beza bari kwifuzwa n’amakipe atandukanye hano mu Rwanda no hanze...
Kuri iki Cyumweru Abanyarawanda ndetse n’abanya Centrafrika bahanze amaso umukino wo guhatanira itike yo kwerekeza mu gikombe cy’Afrika “CAN 2019” kizabera muri Cameroon.
Aya makipe akurikirana ku...
Abinyujije ku rukuta rwe rwa Instagram umukinnyi Mugisha Francois usanzwe ukina hagati mu ikipe ya Rayon Sports amaze kongera amasezerano y’imyaka 2 muri Rayon Sports azamugeza mu mwaka wa 2019....
Umuhanzi umwe yarahagurutse ati “kuri iyi Si nta wahazanye ibigega, abantu bose bazayisiga uko bayisanze”, dore ko n’Umunya Uganda, Semwanga uherutse gusasirwa amafaranga mu gituro bigoye kumenya...
Ruhumuriza James uzwi nka King James ku mazina y’ ubuhanzi ,ni umwe mu bahanzi bakomeye hano mu Rwanda bitewe n’ indirimbo ze zagiye zikundwa ziganjemo iz’urukundo hakiyongeraho n’ ibitaramo...
Turi Tariki ya 21 Kamena, ni umunsi w’ 172 mu minsi 365 igize uyu mwaka wa 2017. Iminsi 193 ni yo isigaye ngo uyu mwaka ugere ku musozo.
Bimwe mu bintu bikuru bikuru mu byaranze tariki ya 21...