Ku wa Gatandatu, tariki 20 Mata 2024, Bugesera FC izakira Rayon Sports mu mukino wa shampiyona isabwa gutsinda kugira ngo yiyongerere amahirwe yo kuzaguma mu Cyiciro cya...
Binyuze mu bwumvikane bw’impande zombi, Bugesera FC na Eric Nshimiyimana wari umutoza wayo basheshe amasezerano kuri uyu wa kabiri tariki ya 14 Ugushyingo...
Ikipe ya Rayon Sports imaze iminsi inengwa n’abakunzi bayo kubera uburyo yatsinzwe na AS Kigali mu buryo bugayitse mu mukino wa 1 wo gushaka igikombe cya shampiyona,yanyagiye Bugesera FC ibitego...
Minisiteri y’Ubutegetsi bw’Igihugu (MINALOC) yatangaje amabwiriza yihariye yo gukumira icyorezo cya Covid-19 mu turere twa Bugesera, Nyanza na Gisagara.
Ikipe ya Bugesera FC yamaze gufata umwanzuro wo kwirukana umutoza wayo Bisengimana Justin nyuma yo kutitwara neza mu mikino 8 ishize ya shampiyona ka ndi yaraguriwe abakinnyi bakomeye...
Ikipe ya APR FC yasanze Bugesera FC iwayo iyitsinda igitego 1-0 mu mukino wa kabiri wa shampiyona warangiye umutoza Bisengimana Justin agaragaza ko atishimiye imisifurire...
Ikipe ya Bugesera FC ibinyujije ku rubuga rwayo rwa Twitter, yemeje ko Nsaziyinka NOAH wayizamuye mu kiciro cya mbere yitabye Imana kuri uyu wa gatandatu.
Mu mudugudu wa Rusenyi mu Kagari ka Nyamigina Mu murenge wa Mareba mu Karere ka Bugesera ho mu Ntara y’Iburasirazuba; haravugwa umuryango abantu bawo bakomeje gupfa mu buryo bw’amayobera...
Nyuma yo gukura abakinnyi benshi mu ikipe ya APR FC mu mwaka w’imikino ushize ikipe ya Bugesera yongeye kugura abandi bakinnyi 2 ba APR FC barimo Bukebuke Yannick na Ninihazwe Fabrice uzwi nka...
Nyuma y’imvururu nynshi, kutishimira ibyemezo byafatwaga n’abasifuzi umukino w’umunsi wa 22 wa shampiyona wahuza Bugesera FC na Sunrise urangiye ari 1-1. Ni mu gihe Police FC yahise ifata umwanya wa...
Bwa mbere mu mateka Bugesera FC Igeze ku mukino wa nyuma w’Igikombe cy’Amahoro nyuma yo gutsinda Rayon Sports igitego 1-0 mu mukino wo kwishyura wa 1/2, iyizerera ku bitego 2-0 mu mikino...
Umunyezamu Habarurema Gahungu ukinira ikipe ya Bugesera FC yafashwe na Polisi atwaye imodoka yasinze mu mujyi wa Nyamata,nyuma y’ibyishimo byo guhembwa amezi atanu...
Abanyamabanga Nshingwabikorwa b’Imirenge itatu yo mu Karere ka Bugesera birukanwe nyuma yo gusanga baraniwe guhangana n’umwanda ukabije uboneka mu murege bari bayoboye...
Ubuyobozi bw’ikipe ya Bugesera FC, bwatangaje ko bwatangaje ko umukino iyi kipe izakira AS Kigali ku munsi wa 30 wa shampiyona, kuwureba nta kiguzi bisaba.
Ikipe ya Rayon Sports yatsinze Bugesera FC ibitego 2-0 mu mukino w’Umunsi wa 26 wa Shampiyona waberaga mu Bugesera ihita yegera amakipe ya mbere.
Mu mukino wari utegerejwe na benshi,Rayon Sports...
Ikipe ya BUGESERA FC yatunguranye itsinda APR FC ibitego 2-1 mu mukino w’ikirarane wabereye I Bugesera kuri uyu wa Gatanu.
APR FC itarakira ibikomere byo gusezererwa na US Monastir mu ijonjora...
Ikipe ya Bugesera FC yakoze mu nkovu Police FC iyinyagira ibitego 3-1 mu mukino w’umunsi wa 23 wa Shampiyna yari yayakiriyemo mu gihe Mukura VS yanganyije na AS Kigali ibitego 2-2 ntiyabasha...
Ikipe y’ingabo z’igihugu,APR FC yakomereje ibihe byiza mu ijonjora rya mbere ry’igikombe cy’Amahoro aho yatsinze bigoranye ikipe ya Etoile de l’Est igitego 1-0 ku munota wa nyuma w’inyngera mu gihe...
Ubuyobozi bw’ikipe ya Bugesera bwamaze kumvikana n’uwahoze ari umutoza wa Rayon Sports na AS Kigali,Masudi Djuma ko ababera umutoza kugeza uyu mwaka w’imikino...
Ikipe ya Rayon Sports irahura na Bugesera FC mu mukino w’umunsi wa 04 wa shampiyona idafite ba myugariro bayo babiri bakina inyuma ku ruhande rw’ibumoso barimo Iradukunda Eric uzwi nka Radou na...
Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda ryategetse Bugesera FC kwishyura abahoze ari abakinnyi bayo yirukanye mu buryo budakurikije amategeko mbere y’uko shampiyona y’uyu mwaka utangira,bitarenze...
Rutahizamu Hussein Tchabalala wamenyekanye mu makipe abiri yo mu Rwanda nka Amagaju Fc na Rayon sports yamuzamuye ku rwego rwo hejuru akajya muri Baroka FC,yamaze gusinyira ikipe ya Bugesera FC...
Mu karere ka Bugesera,haravugwa urupfu rw’umukecuru witwa Mariya Nyirabarigira w’imyaka 63 wo mu mudugudu wa Kagirazina, Akagari ka Kanazi, Umurenge wa Nyamata mu Bugesera bamusanze yapfuye...
Ikipe ya APR FC yari imaze imikino itandatu ya shampiyona y’uyu mwaka itsinda, yahagamwe n’ikipe ya Bugesera banganya 1-1, mu gihe AS Kigali yitendetse kuri Kiyovu Sports ikayitsinda...
Rayon Sports yatsinzwe na Bugesera FC igitego 1-0 mu mukino ubanza wa 1/2 cy’igikombe cy’Amahoro, abafana banga gukomera amashyi abakinnyi ndetse na Perezida wayo ataha...
APR FC yakiriwe na Bugesera FC ariko inanirwa kuyikuraho intsinzi, amakipe yombi anganya 0-0, mu gihe AS Kigali FC yakuye amanota atatu kuri Marines FC ku bitego...
Haringingo Francis Christian yagizwe umutoza mukuru wa Bugesera FC ahabwa amasezerano y’umwaka umwe n’igice asimbuye Eric Nshimiyimana watandukanye nayo kuri uyu wa...
Uyu munsi hakomeje imikino ya shampiyona yaba mu makipe 8 ari guhatanira igikombe cya shampiyona n’andi 8 ashaka kutamanuka aho Bugesera FC yazamutse bigoranye yatunguye Police FC mu gihe Kiyovu...