Leta ya Uganda bwagaruye mu Rwanda Abanyarwanda 41 bafatiwe mu Ntara ya Kabale, nyuma yo kujya muri iki gihugu ku buryo butemewe n’amategeko.
Abenshi muri aba baturage ni abakomoka mu Karere ka...
Bamwe mu baturiye urugomero rw’amashanyarazi rwa Ntaruka ruherereye mu Karere ka Burera barinubira kuba bamaze imyaka myinshi bari mu kizima kandi amashanyarazi aho atunganyirizwa ari hafi yabo....
Umugore witwa Maniraguha Claudine wo mu kagari ka Nyagahinga, mu murenge wa Cyanika mu karere ka Burera, wari ukuriwe yanze gucikanwa n’amatora y’abadepite niko kubyara abana batatu ari mu nzira...
Abasore 3 bafashwe bari mu kigo cy’amashuli cya Groupe Scolaire Maya giherereye mu Murenge wa Gahunga, mu Karere ka Burera bari kugerageza kwiba imashini zo mu bwoko bwa Positivo zagenewe...
Kuri iki cyumweru tariki ya 04 Ukwakira 2020,Minisiteri y’ubuzima yatangaje ko abantu bagaragaweho ubwandu bashya bwa Covid-19 mu Rwanda ari 14 barimo ab’I Kigali:12 (bapimwe mu bibasiwe kurusha...
yamasheke, Karongi, Rutsiro, Rubavu, Musanze, Rwamagana, Burera, Gicumbi na Gakenke bari mu matora aganisha kuri Nyobozi! Hari abemeza ko Amatora mu Inzego z’Ibaba abazatorwa baba bazwi!🤔Ijambo...
Perezida wa Komisiyo y’Amatora, Prof Kalisa Mbanda, nyuma yo kuvuga aya majwi y’ibanze yagize ati “Twavuga ko afite [Paul Kagame] amahirwe yo kuzakomeza kuba uwa mbere akaba azatsindira uyu mwanya...
Ikigo cy’igihugu gishinzwe ingufu [REG], cyahaye umuriro abaturage bo mu mirenge 13 yo mu turere 3 two mu ntara y’Amajyaruguru nyuma y’imyaka isaga 4 batengushywe na kompanyi ya SPENCON yari...
Ubuyobozi bw’Ingabo z’u Rwanda (RDF) bwatangaje ko ku wa Gatandatu tariki ya 12 Kamena 2021, ahagana saa munani n’iminota 45 (14:45pm), umusirikare wo mu Ngabo z’igihugu cya Uganda (UPDF) witwa Pte...
Ubuyobozi bw’akarere ka Burera n’aka Gisoro ku ruhande rwa Uganda buravuga ko bwashiminshijwe n’icyemezo cyo gufungura imipaka yose yo ku butaka nyuma y’imyaka irenga ibiri. Burasaba abaturage bo mu...
Ku itariki ya 9 Nyakanga 2023, nibwo mu Murenge wa Kinigi havuzwe guterana kw’abitwa ubwoko bw’Abakono, bimika umutware wabo mu birori by’akataraboneka byagaragaye ko byiteguwe kandi birimo...
Abasaza n’abakecuru bahabwa inkunga y’ingoboka mu Murenge wa Rugengabali mu karere ka Burera biguriye icyuma gisya imyaka, cyabafashije kwiteza imbere biciye ku musaruro bakibyaza.
Aba basaza...
Kuri uyu wa Gatanu tariki ya 04 Kanama 2017, Abanyarwanda baramukiye mu gikorwa cyo gutora Perezida wa Repubulika y’u Rwanda muri manda y’imyaka ndwi. Ni mu gihe hanze y’Igihugu baraye batoreye mu...
Kuri iki cyumweru tariki ya 11 Ukwakira nibwo Polisi ikorera mu Ntara y’Amajyaruguru yakoze igikorwa cyo kugenzura ko amadini n’amatorero bikorera muri iyi Ntara byubahiriza amabwiriza yo kwirinda...
Nyuma yuko u Rwanda rushubije Uganda umusirikare w’icyo gihugu rwemeza ko yafatiwe ku butaka bwarwo, ministeri y’ububanyi n’amahanga ya Uganda iravuga ko ifite ibimenyetso ko uwo musilikaRi...
Kuri iki Cyumweru taliki ya 25 Nyakanga 2021, Minisiteri y’Ubuzima yatangaje abantu bashya 616 banduye icyorezo cya COVID-19, bangana na 5.4% by’ibipimo 11,339 byafashwe mu masaha 24 ashize. Ni mu...