Ikipe ya Real madrid ikomeje umuvuduko wo kwegukana ibikombe nyuma y’aho yaraye itwaye igikombe cya Super Cup itsinze Manchester United 2-11 umukino wabereye ku kibuga Filip II Arena mu mugi wa...
Turi tariki ya 9 Kanama n’umunsi wa 221, mu minsi 365 igize uyu mwaka. Iminsi 144 niyo isigaye ngo uyu mwaka ugere ku musozo, iyi tariki imaze kuba ari ku wa Gatatu inshuro 56.
Bimwe mu bintu...
Kuri uyu wa kabiri taliki ya 08 Kanama 2017 nibwo hategerejwe umukino uraza guhuza ikipe yatwaye igikombe cya UEFA Champions League Real Madrid n’iyatwaye UEFA Europa League Manchester United...
Umuyobozi wa Polisi ya Tanzaniya, IGP Simon N. Sirro yagiriye uruzinduko rw’akazi rw’iminsi ine mu Rwanda rukaba rugamije gukomeza umubano usanzwe hagati ya Polisi z’u Rwanda n’iya Tanzaniya...
Umuririmbyi Dr Jose Chameleone yahamije ko atatandukanye n’umugore we, Daniella Atim Mayanja ahubwo ko yizeye umuntu amuha ijambo ry’ ibanga akoresha ku mbuga nkoranyambaga ari nawe wakwirakwije...
Kuri uyu wa Gatanu tariki ya 04 Kanama 2017, Abanyarwanda baramukiye mu gikorwa cyo gutora Perezida wa Repubulika y’u Rwanda muri manda y’imyaka ndwi. Ni mu gihe hanze y’Igihugu baraye batoreye mu...
Uyu munsi nibwo uwo inzozi za Martin Luther King zujurijweho yavutse, ni kimwe mu byaranze tariki ya 04 Kanama
Turi tariki ya 04 Kanama, ni umunsi wa 216 mu minsi 365 igize uyu mwaka. Iminsi...
Ebyiri mu ndorerezi z’Umuryango w’Ubucuruzi bw’Ibihugu bya Afurika y’Amajyepfo n’Uburasirazuba (COMESA) ziyobowe na Bishop Mary Nkosi zavuze ko igenzura zimaze gukora kuva aho zigereye mu Rwanda...
Ntabwo ari igitangaza kumva umukinnyi runaka ari mu rukundo n’umukobwa gusa hari bamwe mu bakinnyi bagiye basubira inyuma mu mikinire yabo kubera igitsina gore aho baba ari abakinnyi bakomeye...
Paul Kagame, Umukandida wa FPR Inkotanyi ushyigikiwe n’ amashyaka 8 wiyamamaza ku mwanya wa Perezida wa Repubulika yabwiye abatuye akarere ka Burera no mu nkengero zako ko nyuma y’amatora hari...
Jomo Kenyatta University of Agriculture and Technology na Kenyatta University zakoreraga mu Rwanda na Tanzaniya zategetswe gufunga imiryango kubusabe bwa Leta ya Kenya.
Muri Nzeri uyu mwaka...
Mr Sande Patrick Byamukama ushyigikiye bikomeye depite Robert Ssentamu Kyagulanyi uzwi nka Bobi Wine yajyanye Leta ya Uganda mu nkiko nyuma y’uko atangaje ko inzego z’umutekano zamwangije bikomeye....
Itegeko rikarishye No. 227. mu bya gisikare ry’ uwari umuyobozi w’ikirenga wa Repubulika zunze ubumwe z’ Abasoviyete Joseph Stalin ni kimwe mu byaranze tariki ya 28 Nyakanga.
Turi tariki ya 28...
Uwingabire Marie Louise umubyeyi ufite uruhinja rw’ibyumweru bitatu, arashima Imana ko ubu ari umubyeyi ukikiye uruhinja, nyuma y’uko yari yaraboze munda,asigaye ava amashyira mu bice byo hepfo...
Ubwo Bishop Rugagi Innocent yatangizaga ku mugaragaro amasengesho y’iminsi 67 mu Itorero Abacunguwe kuri uyu wa mbere Tariki 24/07/2017, yatangaje ko Perezida Paul Kagame ari umuyobozi w’umugisha...
Umugore witwa Nyabyenda Sarah wabyariye ku bitaro bya Muhima akomeje kuvuga ko yabyaye agahabwa umwana umwe nyamara ngo we n’umugabo we bari babwiwe mbere y’uko azibaruka impanga.
Nyabyenda Sarah...