skol
Kigali

Search: CAR (4907)

Kigali: Umukobwa w’imyaka 16 amaze amezi 16 akubitwa amanywa n’ijoro bagasubiza no mu bikomere-AMAFOTO

Umwana w’umukobwa w’imyaka 16 y’amavuko amaze amezi agera kuri 16 akubitwa na Nyirabuja wamukoreshaga bapfa utuntu duto atatunganyije, ngo uyu nyirabuja asanzwe azwiho amahane no kwishongora ku...
9 August 2017 6338 0

Katalunya yiyomoye kuri Espagne nyuma y’ imyigaragambyo imaze iminsi- AMAFOTO

Abadepite basaga 70 nibo bemeje uyu mugambi w’uko Catalogne iba Repubulika. Abadepite 10 babyanze naho babiri bakifata. Abari bishimiye iyi ntsinzi bahise batera indirimbo y’igihugu...
27 October 2017 1945 0

Real Madrid yatsinze Manchester United iyitwara igikombe cya super cup (amafoto)

Ikipe ya Real madrid ikomeje umuvuduko wo kwegukana ibikombe nyuma y’aho yaraye itwaye igikombe cya Super Cup itsinze Manchester United 2-11 umukino wabereye ku kibuga Filip II Arena mu mugi wa...
9 August 2017 731 0

Nyuma ya Hiroshima, umugi wa Ngasaki nawo watewemo bombe the Fat Man. Biri mu byaranze uyu munsi

Turi tariki ya 9 Kanama n’umunsi wa 221, mu minsi 365 igize uyu mwaka. Iminsi 144 niyo isigaye ngo uyu mwaka ugere ku musozo, iyi tariki imaze kuba ari ku wa Gatatu inshuro 56. Bimwe mu bintu...
8 August 2017 609 0

Perezida Kagame yashimiye abahanzi n’abanyamakuru barimo n’abakoresha imbuga nkoranyambaga(AMAFOTO)

Perezida Paul kagame yashimiye abahanzi kimwe n’abandi bose bamubaye hafi n’abagize uruhare mu gutegura ibikorwa byo kwiyamamaza n’aho byabereye hose, nyuma yo kwegukana intsinzi mu matora y’Umukuru...
8 August 2017 1607 0

Byinshi ukwiye kumenya ku mukino wa Super Cup utegerejwe uyu munsi

Kuri uyu wa kabiri taliki ya 08 Kanama 2017 nibwo hategerejwe umukino uraza guhuza ikipe yatwaye igikombe cya UEFA Champions League Real Madrid n’iyatwaye UEFA Europa League Manchester United...
8 August 2017 663 0

Abayobozi ba Polisi z’u Rwanda na Tanzaniya mu biganiro byo gukomeza ubufatanye ndengamipaka

Umuyobozi wa Polisi ya Tanzaniya, IGP Simon N. Sirro yagiriye uruzinduko rw’akazi rw’iminsi ine mu Rwanda rukaba rugamije gukomeza umubano usanzwe hagati ya Polisi z’u Rwanda n’iya Tanzaniya...
7 August 2017 220 0

Chameleone ntiyatandukanye n’umugore we, yinjiriwe n’uwo yahaye ‘ijambo banga’

Umuririmbyi Dr Jose Chameleone yahamije ko atatandukanye n’umugore we, Daniella Atim Mayanja ahubwo ko yizeye umuntu amuha ijambo ry’ ibanga akoresha ku mbuga nkoranyambaga ari nawe wakwirakwije...
5 August 2017 2291 0

VIDEWO+AMAFOTO Ubwo Perezida Kagame yashimiragara buri wese wamufashije mu bikorwa byo kwiyamamaza

Perezida Paul Kagame w’imyaka 57 y’amavuko yashimye buri wese wagize uruhare rukomeye mu bikorwa by’amatora byatangiye muri Nyakanga kugeza muri Kanama 2017. Uyu mukuru w’Igihugu yavuze ko FPR...
5 August 2017 4300 0

Mushikiwabo yasabiye umuyobozi wa Human Right Wacth kuvurirwa I Ndera

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Rwanda, Madamu Louise Mushikiwabo yongeye kwibutsa no kwihanangiriza abanyamahanga bashaka kwivanga muri Politiki y’U Rwanda. Bwana Keneth Roth , umuyobozi...
4 August 2017 4856 0

Uko ibikorwa by’amatora byagenze mu gihugu hose

Kuri uyu wa Gatanu tariki ya 04 Kanama 2017, Abanyarwanda baramukiye mu gikorwa cyo gutora Perezida wa Repubulika y’u Rwanda muri manda y’imyaka ndwi. Ni mu gihe hanze y’Igihugu baraye batoreye mu...
4 August 2017 3244 0

Tariki 4 Kanama Martin Luther king yageze ku nzozi ze

Uyu munsi nibwo uwo inzozi za Martin Luther King zujurijweho yavutse, ni kimwe mu byaranze tariki ya 04 Kanama Turi tariki ya 04 Kanama, ni umunsi wa 216 mu minsi 365 igize uyu mwaka. Iminsi...
4 August 2017 586 0

Nta kigaragara cyarogoya amatora ya Perezida wa Repubulika - Indorerezi za COMESA

Ebyiri mu ndorerezi z’Umuryango w’Ubucuruzi bw’Ibihugu bya Afurika y’Amajyepfo n’Uburasirazuba (COMESA) ziyobowe na Bishop Mary Nkosi zavuze ko igenzura zimaze gukora kuva aho zigereye mu Rwanda...
3 August 2017 279 0

Reba urutonde rw’abakinnyi 5 b’ibihangange babyaye bakiri ingimbi(Amafoto)

Ntabwo ari igitangaza kumva umukinnyi runaka ari mu rukundo n’umukobwa gusa hari bamwe mu bakinnyi bagiye basubira inyuma mu mikinire yabo kubera igitsina gore aho baba ari abakinnyi bakomeye...
3 August 2017 1995 0

Chameleone yahamije ko urugo rwe na Daniella rwasenyutse burundu(AMAFOTO)

Umuririmbyi Dr Jose Chameleone yavuze byeruye ko urukundo rwe n’umugore we Daniella Atim Mayanja rwamaze kurangira nyuma y’imyaka icyenda yari ishize barushinze, aho bigereranywa nka Bombo igenda...
3 August 2017 2913 0

Handball: Ikipe y’igihugu yatsinzwe umukino wa kabiri

Ikipe y’igihugu y’u Rwanda y’abatarengeje imyaka 20 iri gukina igikombe cya Afurika kiri kubera mu gihugu cya Senegal yatsinzwe umukino wa kabiri wayihuje na RDC ibitego 36 kuri 31 byayishyize ku...
3 August 2017 134 0

Polisi yashyikirije Ibiro by’ivunjisha amayero 300,000 yafatanye abari bayibye

Ku itariki ya mbere Kanama uyu mwaka, Polisi y’u Rwanda yashyikirije uhagarariye Ibiro by’ivunjisha byitwa UAE Exchange Rwanda LTD amayero 300,000 byari byibwe nyuma y’aho abakekwaho ubu bujura...
3 August 2017 216 0

Iby’ ingenzi mu byaranze tariki 31 Nyakanga mu mateka

Adolphe Hitler yasabye General Reinhard Heydrich ngo amuhe umwanzuro w’uburyo bakemura ikibazo cy’abayahudi babakoreye genocide, isomere n’ibindi byaranze uyu munsi mu mateka. Turi tariki ya 31...
31 July 2017 392 0

Imihanda itumukamo umukungugu n’abaturage badafite ubuzima bwiza biraza kuba amateka-Kagame I Burera

Paul Kagame, Umukandida wa FPR Inkotanyi ushyigikiwe n’ amashyaka 8 wiyamamaza ku mwanya wa Perezida wa Repubulika yabwiye abatuye akarere ka Burera no mu nkengero zako ko nyuma y’amatora hari...
31 July 2017 1310 0

Nyuma yo kuva mu Rwanda, Kabonero yatanze impapuro zimwemerera guhagararira Uganda muri Tanzaniya

Ambasaderi Richard Kabonero wari umaze igihe ariwe uhagarariye iguhugu cya Uganda aho yari afite icyicaro i Kigali, yashyikirije minisitiri w’ububanyi n’amahanga wa Tanzania, Dr Augustine mahiga,...
30 July 2017 1627 0

Kaminuza 2 zo muri Kenya zakoreraga mu Rwanda zategetswe gufunga

Jomo Kenyatta University of Agriculture and Technology na Kenyatta University zakoreraga mu Rwanda na Tanzaniya zategetswe gufunga imiryango kubusabe bwa Leta ya Kenya. Muri Nzeri uyu mwaka...
29 July 2017 3666 0

Tariki 29 Nyakanga abasaga miliyoni 700 berekeje amaso kuri televiziyo bareba ubukwe bw’ igikomangoma...

Imbaga y’abantu basaga miliyoni 700 bahanze amaso televiziyo barangamiye ubukwe kuri uyu munsi mpuzamahanga wahariwe Ibisamagwe isomere n’ibindi byose byaranze tariki ya 29 Nyakanga Turi tariki...
29 July 2017 2666 0

Reba ubwoko bw’imodoka z’abakinnyi ba Arsenal

Nk’uko bisanzwe bizwi benshi mu bakinnyi bo ku mugabane w’I Burayi bazwiho gutunga ubwoko bw’imodoka butandukanye aho bamwe batunze imodoka nabo batazi umubare kubera ko buri bwoko bw’imodoka...
28 July 2017 3157 0

Umugabo ushyigikiye Depite Bobi Wine yareze Leta ya Uganda nyuma yo kwangizwa mu bugabo

Mr Sande Patrick Byamukama ushyigikiye bikomeye depite Robert Ssentamu Kyagulanyi uzwi nka Bobi Wine yajyanye Leta ya Uganda mu nkiko nyuma y’uko atangaje ko inzego z’umutekano zamwangije bikomeye....
28 July 2017 597 0

Soma ibyaranze tariki 28 Nyakanga mu mateka

Itegeko rikarishye No. 227. mu bya gisikare ry’ uwari umuyobozi w’ikirenga wa Repubulika zunze ubumwe z’ Abasoviyete Joseph Stalin ni kimwe mu byaranze tariki ya 28 Nyakanga. Turi tariki ya 28...
28 July 2017 397 0

RDC: Inyeshyamba yeguye yishyikiriza Loni

Umwe mu nyeshyamba zikomeye zirwanira mu gihugu cya Repubukira Iharanira Demokarasi ya Congo yishyikirije ku cyicaro cy’umuryango w’Abibumbye. Ishami rihagarariye LONI muri Congo ryavuze ko,...
27 July 2017 599 0

Nyuma y’uko aboze umubiri wose ,inyo zisigaye zimuvamo, Rugagi yamusengeye arakira- (Ubuhamya+Amafoto)

Uwingabire Marie Louise umubyeyi ufite uruhinja rw’ibyumweru bitatu, arashima Imana ko ubu ari umubyeyi ukikiye uruhinja, nyuma y’uko yari yaraboze munda,asigaye ava amashyira mu bice byo hepfo...
27 July 2017 2944 0

Intumwa zo muri Somalia zasobanuriwe uburyo Polisi y’u Rwanda irwanya ruswa

Intumwa ebyiri ziturutse muri Somalia, ku wa gatatu tariki 26 Nyakanga uyu mwaka zasuye Polisi y’u Rwanda kugira ngo zihahe ubumenyi ku buryo Polisi y’u Rwanda ifatanya n’izindi nzego gukumira no...
26 July 2017 244 0

Bishop Rugagi yavuze ugiye kuyobora U Rwanda mu iyerekwa yagize muri 2013 rijyanye na 777

Ubwo Bishop Rugagi Innocent yatangizaga ku mugaragaro amasengesho y’iminsi 67 mu Itorero Abacunguwe kuri uyu wa mbere Tariki 24/07/2017, yatangaje ko Perezida Paul Kagame ari umuyobozi w’umugisha...
25 July 2017 35712 0

Muhima: Umugore wari witeze kubyara impanga yahawe umwana umwe, ngo hari abamubwiye ko abaganga bagurisha...

Umugore witwa Nyabyenda Sarah wabyariye ku bitaro bya Muhima akomeje kuvuga ko yabyaye agahabwa umwana umwe nyamara ngo we n’umugabo we bari babwiwe mbere y’uko azibaruka impanga. Nyabyenda Sarah...
25 July 2017 5080 0
0 | ... | 4500 | 4530 | 4560 | 4590 | 4620 | 4650 | 4680 | 4710 | 4740 | ... | 4890