Ubwo Minisitiri w’intebe,Dr Edouard Ngirente yatangizaga ku mugaragaro, inama nyunguranabitekerezo yo kunoza imikorere n’imikoranire mu nzego z’ibanze kuri uyu mbere Taliki ya 07 Mutarama 2019,...
A report launched yesterday by the Government of Rwanda and the World Bank Group has laid out a path that Rwanda needs to follow in order to realise its Vision 2050 development...
Umugore utuye muri Nigeria witwa Chinasa yafashwe n’umugabo we asambana n’umukukozi wo mu rugo maze yiregura avugako ari Satani wamushutse ngo akore icyaha .
Chinasa uzwi ku kabyiniro ka Mama...
Mu gihe mu gihugu cy’ Ubushinwa harimo kubera inama yaguye yiga ku kwagura ibikorwa byabo mu Isi Abanyarwanda bakorera Abashinwa mu mirimo itandukanye mu Rwanda baravuga ko bamaze kubungukiraho...
Tariki ya 19 Kamena, ni umunsi w’ 170 mu minsi 365 igize uyu mwaka, iminsi 195 ni yo isigaye ngo uyu mwaka ugere ku musozo.
Bimwe mu byabaye kuri uyu munsi mu mateka
1269: Umwami Louis IX w’u...
Bigitangira mu mpera zumwaka wa 2019 ndetse no muntangiriro za 2020 indwara yicyorezo ya COVID-19 yafatwaga nk’indwara yo mu myanya y’ubuhumekero gusa. Ese ubushakashatsi abahanga bakoze bugenda...
Perezida Evariste Ndayishimiye w’u Burundi ageze mu gihugu mu ijoro ryo kuri iki cyumweru mu ijambo yatanze,yamaganye ibihuha byo guhirika ubutegetsi byakwirakwijwe igihe yari mu mahanga aho yari...
Myugariro Jamaal Lascelles w’imyaka 29, kapiteni wa Newcastle, yafashwe amashusho ari kurwana n’abagizi ba nabi ubwo yari avuye mu kabyiniro mu gitondo cyo ku cyumweru,tariki ya 20...
Intumwa yihariye ya Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika mu bijyanye n’ihindagurika ry’ibihe, John Kerry abaye umuyobozi wa gatatu ukomeye woherejwe mu Bushinwa mu kwezi kumwe, mu gihe...
Jack Ma washinze ikigo Alibaba, wari umaze igihe aboneka gacye cyane mu ruhame mu myaka itatu ishize, yabonetse ku ishuri riri i Hangzhou mu Bushinwa, nk’uko amakuru...
Biravugwa ko Leta ya Congo yakiriye itsinda rivuye mu bushinwa kugira ngo bumvikane uko bagura indege kabuhariwe CAC/PAC JF-17 Thunder zo Kuyifasha kurasa ingabo z’umutwe wa M23.
Ikipe ikomeye...
Umuhanzikazi Sunny wamamaye mu ndirimbo ‘Kungola’ yakoranye na Bruce Melodie yahishuye uburyo yahamagawe na Illuminate ishaka ko bakorana bikamutera ubwoba bwinshi cyane, ariko akababera...
Indege ya Boeing 737-800 ya kompanyi yitwa China Eastern Airlines yakoze impanuka igwa mu mpinga y’umusozi i Tengxian, muri Guangxi, irimo abagenzi 132, nk’uko byatangajwe na CCTV.
Yahanukiye...