Kuri uyu wa gatanu,tariki ya 1 Ukwakira 2022 nibwo irushanwa rikundwa kurusha ayandi yose mu mukino wo gusiganwa ku magare, Tour de France rizatangira ndetse rikazamara ibyumweru 3 byose.
Iri...
Shakira na Gerard Pique ntibakiri kumwe nk’umugabo n’umugore, ariko nyina w’uyu muririmbyikazi arashaka ko basubirana.
Nidia Ripoll, uri mu mujyi wa Barcelona kwita ku mugabo we urwaye ndetse...
Umuhanzi uri mu bagezweho muri Tanzania wamamaye nka Rayvanny akomeje guhura n’imbogamizi nyinshi kuva yatandukana n’inzu ya Wasaf ireberera inyungu z’abahanzi iyobowe n’umuhanzi mugenzi we Diamond...
Umunyamuziki w’igihangange, umunya-Colombia Shakira agiye kujyanwa mu nkiko mu za Espagneashinjwa gukwepa kuriha imisoro y’akabakaba miliyoni 14.5 z’ama euro.
Urukiko rwo muri Barcelona rwategetse...
Kizigenza Edson Arantes do Nascimento,uzwi nka Pelé kubera ibigwi yagize mu mupira w’amaguru,yahitanwe n’indwara ya Kanseri nyuma y’igihe arembeye mu bitaro Albert Einstein iwabo.
Yabaye umukinnyi...
Indirimbo ya Shakira ivuga ko uwo bahoze babana Gerard Piqué yamucaga inyuma yaciye umuhigo kuri YouTube.
Video y’indirimbo ‘Out of Your League’ yarebwe inshuro zirenga miliyoni 63 nyuma y’amasaha...
Perezida w’ikipe yo mu cyiciro cya kabiri muri Colombiya yitwa Tigres FC, Edgar Paez, yararashwe arapfa nyuma y’uko itsinzwe ku wa gatandatu w’icyumweru...
Ku wa Gatanu, tariki ya 20 Ukwakira 2023, Inama y’Abaminisitiri yateraniye muri Village Urugwiro iyobowe na Nyakubahwa Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul...
Afurika y’Epfo ivuga ko yahamagaje abayihagarariye (abadiplomate) bose i Tel Aviv, nyuma y’ibitero bikaze by’indege bya Israel kuri Gaza mu ijoro ryo ku...
Imijyi myiza kurusha iyindi yose ku isi muri 2023 yashyizwe hanze aho ku rutonde uwa London wigaranzuye iyindi yose ufata umwanya wa mbere uhigitse Paris na New...
Uwahoze ari umudiplomate wa Leta zunze ubumwe za Amerika wabaye ambasaderi muri Bolivia yashinjwe kuba yari na maneko wa leta ya Cuba mu gihe kirenga imyaka...
Ababikira bo muri kiliziya gatolika bafunguye akabari mu ngoro ya kera yo mu majyaruguru ya Esipanye,kugira ngo bajye babwiriza ubutumwa abaje kwica akanyota basuye inyubako ya Romanesque yo mu...
Inama y’Abamisitiri yateranye kuri uyu wa 3 Mata 2024, iyobowe na Perezida Paul Kagame yaranzwe no gushyiraho abayobozi mu nzego zitandukanye z’igihugu.
FIFA imaze gutangaza uko amakipe yabonye itike yo gukina igikombe cy’isi kizabera mu Burusiya umwaka utaha azahurira mu matsinda aho ikipe ya Portugal yisanze mu itsinda rimwe na Portugal rya B....