Amakipe y’ibigugu ku isi yatangiye intambara yo gusuzugurana aho Real Madrid yanze kugurisha Manchester United myugariro Raphael Varane kubera ko iyi kipe yigeze kuyima David de Gea imukeneye...
David Ikishaka uzwi ku izina rya Davis D , nyuma y’iminsi mike arekuwe n’ubutabera, nyuma y’iminsi akurikiranyweho icyaha cyo kuba icyitso mu gusambanya umwana w’umukobwa utarageza imyaka...
Abahanzi babiri Icyishaka David wamamaye nka Davis D na Ngabo Richard uzwi nka Kevin Kade n’umufotozi witwa Habimana Thierry bamaze ibyumweru bibiri , bacumbikiwe kuri Sitasiyo ya Police ya...
Ikipe ya PSG yo mu gihugu cy’Ubufaransa yiyemeje kujya ku isoko muri iyi mpeshyi igatanga akayabo kugira ngo ibone umunyezamu David de Gea utagikunzwe nka kera muri Manchester...
Muri Sudani y’Epfo Coronavirus iravuza ubuhuha aho mu munsi umwe gusa yahitanye Abajenerali batatu aribo Gen David Manyot Barach, Gen Elijah Alier Ayom na Gen Mabior...
Kapiteni wa FC Barcelona akaba n’umunyabigwi wayo Lionel Messi yamaze kugura inzu ya miliyoni 7,25 z’amapawundi mu mujyi wa Miami muri Florida aho bivugwa ko ashobora kuva muri iyi kipe ya Barca...
Umuhanga mu by’ubukungu, David Steinman ukomoka muri Amerika, yashinje umuyobozi wa OMS, Dr Tedros Adhanom Ghebreyesus kuba yari ’umuntu ufata ibyemezo bikomeye’ wayoboye ibikorwa by’inzego...
Cristiano Ronaldo yakoze amateka adasanzwe mu mupira w’amaguru mu makipe yaciyemo arimo Manchester United,Real Madrid na Juventus ariko yakoze ku mutima wa nyiri restaurant yo mu mujyi wa Turin...
Kuri uyu wa Gatatu Tariki ya 09 Nzeri 2020, Paul Rusesabagina ukurikiranweho ibyaha by’iterabwoba yitabye ubushinjacyaha ku cyicaro cy’Ubushinjacyaha Bukuru ku Kimihurura ari kumwe n’abunganizi be,...
Umupolisi ukora akazi ko kurinda uwahoze ari umuyobozi mu Bwongereza, uzwi nka David Cameron, yahagaritswe nyuma yo kwibagirira imbunda mu bwiherero bw’indege.
Kuri uyu wa mbere tariki ya 30 Ukuboza, Polisi ikorera mu karere ka Gatsibo mu murenge wa Kabarore yafashe abasore babiri batwaye imodoka ntoya itwara abagenzi (Taxi Voiture) RAA 024 I, bari...
Ese Jay-Z aba muri Illuminati? Donald Trump, Katty Perry na Beyoncé abo bose bivugwa ko baba cyangwa bashyigikiye Illuminati. Umuryango w’ibanga bivugwa ko urimo abantu bakomeye cyane kandi...
Mu myitozo ya nyuma ikipe ya Chelsea yakoze ku munsi w’ejo yitegura gucakirana na Arsenal kuri uyu wa Gatatu mu mukino wa nyuma wa UEFA Europa League,abakinnyi bayo babiri barimo Gonzalo Huguain...
Umunyezamu wa Real Madrid,Thibaut Courtois yatangaje abanyezamu 3 yemera ko ari abahanga barimo uwa FC Barcelona,Marc-Andre ter Stegen, Alisson wa Liverpool na Jan Oblak wa Atletico Madrid gusa...
Nubwo imibonano mpuzabitsina ari ingenzi, usanga benshi bayikoresha nabi ari byo binabaviramo indwara zanduririra mu mibonano mpuzabitsina cyangwa andi makimbirane atandukanye akomoka ku mibonano...
Hababajintwari David, amaze kwandika izina mu gutwara moto bitewe n’udukoryo tudasanzwe ayikoraho ndetse no kuyitwara mu buryo benshi bavuga ko ari amayobera.
Azzedine Lagab niwe wegukanye agace ka nyuma ka Tour du Rwanda 2018 asize Lozano Riba David na Munyaneza Didier gusa Mugisha Samuel yabashije gucunga abo bari bahanganye ntiyatakaza igihe...
Perezida mushya wa UCI David Lappartient yatangaje amagambo aha u Rwanda icyizere cyo kwakira shampiyona y’isi, ubwo yatangazaga ko yifuza ko ibihugu by’Africa byahatanira kwakira shampiyona y’isi...
Umutoza w’ikipe ya Manchester United Jose Mourinho yatangarije abanyamakuru ko Cristiano Ronaldo ari kabuhariwe mu kwitwara neza mu mikino ikomeye,anenga umunyezamu we David De Gea kubera amakosa...
Umugabo witwa David Clark w’imyaka 49,yishe umugore we amuhoye ko yahoraga amutuka ko afite igitsina gito ndetse atamuryohereza iyo bari gukora imibonano...
Tariki ya 8 Werurwe ni umunsi mpuzamahanga wahariwe abagore. Muri amwe mu mafoto yiriwe avugisha abantu kuri Facebook ndetse na Instagram na Twitter turasangamo amafoto ifoto ya Perezida...
Umupasiteri witwa Wokoma David, wo mu gihugu cya Nigeria ku wa Mbere w’ iki cyumweru tariki 11 Nzeri yabitswe ko yapfuye hashize amasaha 48 arazuka ubu nimuzima.
David ni umupasiteri muri...
Umunyezamu uri mu ba mbere ku isi,Thibaut Courtois wa Real Madrid yavunitse imvune ikomeye cyane izamumaza igihe kirekire adakina (ACL) ubwo yari mu myitozo,nkuko iyi kipe yabitangaje uyu munsi...