Perezida wa Leta zunze ubumwe za Amerika Donald Trump ku nshuro ya mbere kuri iki Cyumweru asa n’uwemeye ko umudemokrate Joe Biden “yatsinze” amatora y’umukuru w’igihugu yabaye mu byumweru 2 bishize...
Urubuga rwa Facebook na Twitter zafatiye ibihano Perezida Donald Trump kubera gutangaza amakuru y’ikinyoma kuri Coronavirus, aho yavuze ko abana bafite ubudahangarwa bwinshi kuri iki...
Undi wahoze ari umusirikare mukuru mu ngabo za Leta Zunze Ubumwe z’Amerika yamaganye igikangisho cya Perezida Donald Trump cyo gukoresha ingabo mu gusoza imyigaragambyo yatewe n’urupfu...
Barack Obama wahoze ari Perezida wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika yongeye kunenga Donald Trump wamusimbuye ku kuntu ubutegetsi bwe buri kwitwara ku cyorezo cya...
Perezida wa Leta zuzne ubumwe za Amerika Donald Trump yahagaritse inama yagombaga kuzahuza ibihugu 7 by’ ibihangange ku Isi (G7), ikabera ku kigo kitiriwe David kitwa (Camp David) nk’uko ibiro bya...
Joe Biden, umwe mu ba Démocrates bari guharanira kuzahangana na Perezida Donald Trump, yatsinze amatora mu ntara 12 z’igihugu, bikomeza kumwongerera amahirwe yo guhatana kuri uwo...
Perezida Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika yagizwe umwere mu rubanza rujyanye no kumweguza, ibi bishoje icyo gikorwa cyo kugerageza kumweguza cyatumye politike y’Amerika icikamo...
Inteko ishinga amategeko ya Amerika yemeje ingingo zikubiyemo ibirego byatumye yeguza Perezida Donald Trump izishyikiriza Sena ngo nayo ice urubanza. Uru rubanza ruratangira mu cyumweru...
Perezida Donald Trump wa Amerika yongeye kwandikira inteko ishinga amategeko y’igihugu cye ayimenyesha ko abona ari ngombwa kugumisha u Burundi mu bihe...
Ese Jay-Z aba muri Illuminati? Donald Trump, Katty Perry na Beyoncé abo bose bivugwa ko baba cyangwa bashyigikiye Illuminati. Umuryango w’ibanga bivugwa ko urimo abantu bakomeye cyane kandi...
Habonetse umuntu wa kabiri wamennye amabanga muri gahunda igamije kweguza ku butegetsi Perezida Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, nkuko bitangazwa n’abamanyamategeko bahagarariye uwa...
Perezida wa USA,Donald Trump,yasabye abarinda umupaka wa USA-Mexico ko bajya barasa amaguru abimukira bashaka kwinjira ku ngufu ku butaka bw’iki gihugu cye ndetse kuri uyu mupaka hagashyirwaho...
Umwarimu ukomoka muri Kenya witwa Peter Tabichi waherukaga gutorwa nka mwarimu mwiza kurusha abandi ku isi mu ntangiriro z’uyu mwaka yahuye na Perezida Donald Trump wa Amerika mu biro bye White...
Umugore wa John Legend witwa Chrissy Teigen yavuze ko yishimiye ko perezida wa USA,Donald Trump atamukunda ndetse yamututse igitutsi gikomeye ku mbuga nkoranyambaga...
Ikinyamakuru cya Leta ya Koreya ya ruguru cyatangaje ko perezida, Kim Jong-un, umutegetsi mukuru w’iki gihugu, yashimishijwe n’ibaruwa yandikiwe na Perezida Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe...
Perezida Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika yatangaje ko adashaka gushoza intambara kuri Iran ndetse ngo iramutse ibaye iki gihugu cyo muri Aziya cyasenyuka...
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika Donald Trump yatangaje imisoro ku bicuruzwa byose bivuye mu gihugu cya Mexico, asaba ko iki gihugu gikumira abimukira badakurikije amategeko berekeza muri...
Ivanka umukobwa wa Perezida Donald Trump akaba n’umujyanama we, uri mu rugendo rw’iminsi ine mu bihugu bya Afurika, yatangaje abantu ubwo yagaragazaga ko azi gucinya akadiho...
Perezida wa Korea ya ruguru,Kim Jong Un yabwiye abanyamakuru ko amaze iminsi yandikirana na Donald Trump wa US,babazanya amakuru ndetse ngo bashobora kongera guhura igihe bazaba bagize ibyo...
Perezida Kagame uri i New York ahateraniye inama y’Inteko Rusange y’Umuryango w’Abibumbye ku nshuro ya 73, yakiriwe na Donald Trump wa Leta zunze Ubumwe za...