Kuri uyu wa Gatatu ni bwo bwa mbere abakozi bagiye ku kazi nyuma y’uko Inama y’abaminisitiri ifashe icyemezo ko kuva muri 2023 amasaha y’akazi azava kuri 45 akaba 40 kandi akazi kagatangira saa tatu...
Kuri uyu wa Gatatu tariki ya 26 Ukwakira 2023,nibwo habaye umuhango wo gusezera bwa nyuma ku bana batatu bavukana, bishwe n‘impanuka y’ikamyo yo mu bwoko bwa HOWO yabereye ku Muhima ku Cyumweru,...
Umwe mu bapadiri babiri ba Kiliziya Gatolika wari washimuswe n’abagabo bitwaje imbunda muri leta ya Kaduna mu majyaruguru ya Nigeria yishwe arashwe n’ababashimuse, nkuko Kiliziya ibivuga....
Abashimuse abapadiri babiri bo muri Kiliziya Gatolika ku wa gatanu mu majyaruguru ya Nigeria basabye ingwate nyinshi cyane, nkuko bivugwa n’umukuru w’ishyirahamwe ry’amadini ya gikristu muri...
Umuhanzikazi ukomeye muri Leta zunze ubumwe za Amerika Britney Spears w’imyaka 40 yashyingiranwe n’umukunzi we Sam Asghari w’imyaka 28 bamaranye igihe mu...
Mu murenge wa Bumbogo mu karere ka Gasabo Umusore uri mu kigero cy’imyaka 29 yagwiriwe n’inzu ahita apfa.Birakekwa ko iyi mpanuka yatewe nuko inzu yari arimo yubatswe mu buryo busondetse.
Uyu...
Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu, Gatabazi Jean Marie Vianney , avuga ko atumva ukuntu ibipimo by’igwingira mu bana bo mu Karere ka Musanze, bikomeje kwiyongera, nyamara ari kamwe mu Turere...
Abasirikare babiri bafite ipeti rya Private bari bakurikiranyweho ibyaha birimo gusambanya ku gahato abagore muri Kangondo II ahazwi nka Bannyahe mu Murenge wa Remera, bahanaguweho iki cyaha...
Indege yagonze inyubako yo mu mujyi wa Milan ihitana abantu umunani bose bari bayirimo barimo n’umuherwe witwa Dan Petrescu w’imyaka 68 n’umuryango we.
Ikiganiro IBYAKOZWE N’INTUMWA EP#40 kiragaruka ku rugendo rwa Politiki rwa Amb. MUTSINDASHAKA Theoneste! Uko Habyarimana yamufunze mu byitso, uko yageze mu Nkotanyi, uko yayoboje Umujyi wa Kigali...
Ku mugoroba wa tariki ya 12 Nyakanga ahagana saa tatu z’ijoro abapolisi bakorera mu Karere ka Gicumbi muri sitasiyo ya Rutare bafatiye abantu 17 mu rugo rwa Ntezimana w’imyaka 37. Atuye mu Murenge...
By Peter Auf der Heyde
The two teams involved in Wednesday’s 2020 Supercoppa Italiana final - Juventus and Napoli - go into the game in Reggio Emilia with very differing form. Cristiano...
Inyubako za mbere zizatuzwamo abantu ba mbere mu batuye mu midugudu igize igice cy’akajagari i Nyarutarama ahazwi nka Bannyahe,zamaze kuzura ndetse mu cyumweru kimwe bamwe mu bagomba...
Ku wa Gatanu, tariki ya 14 Kanama 2020, Inama y’Abaminisitiri yateraniye muri Village Urugwiro, iyobowe na Nyakubahwa Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul KAGAME.
1. Inama y’Abaminisitiri...
Umukinnyi wa APR FC,Niyonzima Olivier uzwi ku izina rya Seif yamaze gutangaza ko tariki ya 06 Nzeri 2020 aribwo azarushinga n’umukunzi we Mushambokazi Belyse yatereye...
Urukiko rwa gisirikare kuri uyu wa Gatanu rwafashe icyemezo ku bujurire bw’abasirikare mu ngabo z’igihugu bashinjwa ibyaha byo gufata ku ngufu abagore, gukubita abaturage no guta...
Ku wa mbere w’iki cyumweru,Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu,Prof Shyaka uri mu ruzinduko mu Ntara y’Iburengerazuba, ‘yasomeye’ bikomeye Abayobozi bo mu Karere ka Rubavu, anenga cyane imikoranire...
Mu ijoro ryo ku wa Gatatu taliki ya 20 Ugushyingo 2019, mu Mujyi wa Goma muri Repubulika ya Demukarasi ya Kongo abarwanyi bagize umutwe wa ADF bishe abantu 19 batwika n’imwe muri Kiliziya...