Rutahizamu w’ikipe y’igihugu Amavubi, Sugira Ernest ntabwo arakina umukino ubanza wa CHAN2020 , kubera amakarita abiri y’umuhondo yabonye mu mikino ibiri u Rwanda twakinnye na Ethiopia mu gushaka...
Inyeshamba zo mu ntara ya Tigray mu Majyaruguru ya Ethiopia zisubije umujyi wa Lalibela usanzwe ari umurage w’isi, nk’uko byemezwa n’ababibonye.
Bivugwa ko nta kurasana kwahabaye ubwo uyu murage...
Abapilote babiri b’indege basinziriye iri ku butumburuke bwa 11km barenga yari kugwa mbere yo gukanguka bakayigarura ikagwa neza, nk’uko ikinyamakuru ku by’indege kibivuga.
Abashinzwe ingendo...
Abakuru b’ibihugu by’umuryango wa Africa y’iburasirazuba bateraniye i Addis Ababa muri Ethiopia bayobowe na Evariste Ndayishimiye w’u Burundi na Perezida João Lourenço wa Angola biga ku kibazo...
Abayobozi bo mu bihugu bigize umuryango wa IGAD (Djibouti, Ethiopia, Kenya, Sudani) bahuriye i Addis Abeba kuri uyu wa Mbere, itariki 10 Nyakanga, baganira ku ishyirwa mu bikorwa ry’inzira...
Nyampinga w’u Rwanda 2020, Nishimwe Naomie n’umukunzi we Michael Tesfay ukomoka muri Ethiopia bari mu biruhuko mu Birwa bya Zanzibar muri Tanzania bishimira intambwe ikomeye baheruka gutera mu...
Minisitiri w’Intebe wa Ethiopia, Abiy Ahmed Ali, yageze i Kigali,kuri uyu wa Gatandatu,tariki ya 06 Mata 1994, aho aje mu ruzinduko rw’akazi no kwitabira ibikorwa byo...
Medard Jobert wiyeguriye muzika nka Meddy uri mu bahanzi bakomeye mu Rwanda wari umaze imyaka irindwi akorera umuziki muri Amerika, mu minsi yashize yakomoje ku rukundo rwe atifuje gushyira mu...
Umwaka wa 2017 waranzwe n’ibintu bitandukanye mu mikino hano mu rwanda aho benshi bishimiye ibyo bagezeho abandi barifuza impinduka mu mwaka utaha.
Umuryango wagerageje kureba bimwe mu bihe...
Kuri uyu wa Gatatu nibwo hateganyijwe Tombola y’uko amakipe azhura mu ijonjora rya nyuma ryo kwerekeza mu matisnda ya CAF Confederations Cup aho ikipe ya Rayon Sports yashyizwe mu gakangara ka C...
Uwahoze ari umutoza w’ikipe ya Rayon Sports Didier Gomes da Rosa uherutse kugaragara ku mukino iyi kipe yanganyije na Gor Mahia igitego 1-1, yatangaje ko yaje mu Rwanda gushaka abakinnyi ndetse...
Perezida w’ u Rwanda Paul Kagame ku mugoroba wo ku wa 23 Nyakanga 2018 yakiriye Minisitiri w’Intebe w’u Buhinde, Narendra Modi, watangiye uruzinduko rw’iminsi ibiri mu Rwanda amuhoberana...
Perezida w’ u Rwanda akaba n’ Umuyobozi w’ Afurika Yunze ubumwe Paul Kagame yifurije Perezida wa Gabon kurwara ubukira anihanganisha Malawi na Tanzania.
Ikigo cy’Igihugu gishinzwe iby’Indege za Gisivile, cyatangaje ko cyafashe umwanzuro wo gukumira mu kirere cy’u Rwanda indege zo mu bwoko bwa Boeing 737 Max 8 na Boing 737 Max 9 Max ziri gukemangwa...
Umuyobozi wa Kompanyi ya Boeing, Dennis Muilenburg yatangaje ko bababajwe n’abantu bahitanywe n’indege zabo za Boeing 737 Max 8 ziheruka gukora impanuka ndetse yemeza ko izi ndege zifite ikibazo mu...
Nyuma y’igihe kinini Amavubi atabona umukino wa gicuti,byarangiye FERWAFA yumvise ubusabe bwa benshi ishaka umukino wa gicuti na Repubulika iharanira Demokarasi ya Kongo iri mu makipe agira...
Ubuyobozi bw’ikipe ya APR FC buratangaza ko butigeze bwimana myugariro wayo Mutsinzi Ange Jimmy ari muzima nk’uko umutoza w’ikipe y’igihugu yabitangaje, ahubwo ngo uyu mukinnyi...
Boeing yizeye ko indege zayo za 737 Max ziza kubona uburenganzira bwo kongera kuguruka vuba aha, imwe mu mpanuka zayo yabaye mu kwezi kwa gatatu mubo yahitanye harimo Umunyarwanda, umuryango we...