Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru muri Afurika,CAF,ryemeje ko igikombe cya Afurika gikinwa n’abakina imbere mu bihugu byabo [CHAN] kizaba kuva kuwa 4 Mata kugeza kuwa 25, aho bizahurirana n’igihe u...
Kuri uyu wa Mbere taliki ya 18 Ugushyingo 2019, Perezida w’u Rwanda Paul Kagame yageze i Berlin mu Budage, aho yitabiriye inama y’ishoramari izwi nka Compact with Africa (CwA), ihuza bimwe mu...
Inararibonye mu itangazamakuru Amabilis Sibomana wamamaye muri ORINFOR,yavuze ko uwahoze ari perezida w’u Rwanda,Juvenal Habyarimana yategereje amakuru ya mu gitondo kuri Radio Rwanda arayabura...
Inzego zishinzwe umutekano mu karere ka Rusizi zeretse abaturage bo mu Murenge wa Kamembe abagabo 4 bakekwaho gukorana n’imitwe y’iterabwoba bagahungabanya umutekano muri...
Impunzi zavuye muri Libya ziravuga ko kugera mu Rwanda kwazo byabaye nko kuva mu mwijima ujya mu rumuri. Ibi zirabivuga zihereye ku buzima busharira zabayemo mu nkambi zo muri Libya, nyuma y’uko...
Ikipe ya Patriots BBC ihagarariye u Rwanda mu marushanwa ya Basketball Africa League (BAL),ikomeje gushya itanzitse kuko yakatishije itike yo kwerekeza mu cyiciro cya kabiri nyuma yo kwihaniza...
Ku isaha ya saa Saba z’ijoro ryakeye nibwo umubiri wa nyakwigendera Brig Gen Andrew Rwigamba wagejejwe mu Rwanda, uvanywe mu Bitaro bya Cairo mu Misiri aho yitabiye...
Ikipe y’igihugu Amavubi yananiwe gukomeza kwandika amateka yo gutsinda imikino myinshi yikurikiranya kuko yahuye na Tanzania mu mukino wa gicuti rukabura...
Ikipe y’igihugu ya Tanzania Taifa Stars, yamaze kugera i Kigali hano mu Rwanda aho yaje gukina umukino wa gicuti ugomba kuyihuza n’ikipe y’igihugu Amavubi.
Umutoza w’ikipe y’igihugu,Mashami Vincent,yamaze gutangaza urutonde rw’abakinnyi 27 azifashisha mu mukino wa gicuti azakina na Tanzania kuwa Mbere taliki ya 14 Ukwakira 2019 barimo Jacques Tuyisenge...
Abanyarwanda babiri, Jean de Dieu Uwihanganye wamamaye mu itangazamakuru rya hano mu Rwanda nka MC Henri Jado na Usher Komugisha, bari ku rutonde rw’Abanyafurika bakiri bato bahesheje ishema...
Umunyamideli ukomeye mu ruganda rw’imideli ku rwego rw’Isi Naomi Campbell yavuze imyato Perezida Paul Kagame, bahuye nyuma yo kuza mu Rwanda mu birori byo Kwita Izina byabaga ku nshuro ya 15 i...
Amavubi yateye intambwe ikomeye iyageza mu matsinda yo gushaka itike yo kwerekeza mu gikombe cy’isi kizabera muri Qatar muri 2022,nyuma yo kunyagirira Seychelles iwayo ibitego...
Abakinnyi babiri bakomeye muri Rayon Sports barimo Micheal Sarpong na Rugwiro Herve baraye bananiwe gukora imyitozo ya mbere yo mu gihugu cya Sudani baherereyemo,kubera ikibazo...
Ubuyobozi bwa Rayon Sports butewe impungenge n’umutekano wo muri Sudani ariyo mpamvu bwafashe umwanzuro wo kwandikira CAF bubifashijwemo na FERWAFA basaba ko umukino wo kwishyura w’ijonjora...
Ubuyobozi bwa Rayon Sports bwatangaje ko mu gitondo cyo kuri uyu wa Kane bwamaze gusinyisha umunya Uganda Hannington Kalyesubula w’imyaka 37 amasezerano y’umwaka umwe kugira ngo abe umutoza mushya...
Kuri iki cyumweru, Madamu wa Perezida wa Repubulika Jeanette Kagame, yifatanyije n’abagera ku bihumbi bine muri marathon mpuzamahanga ya Kigali igamije kwimakaza...